Ibi byemejwe n’abahagarariye Minisiteri y’urubyiruko no guteza imbere ikoranabuhanga hamwe n’abahagarariye ikigo GSMA ubwo basinyaga amasezerano y’ubufatanye(MoU) mu muhango wabereye ku cyicaro cya MYICT uyu munsi. Aya masezerano y’ubufatanye n’u Rwanda ngo azihutisha iterambere ry’ubukungu bw’igihugu hakoreshejwe icyo bise Mobile broadband. Iri korana buhanga rya Mobile broadband rizifashishwa mu burezi aho umuntu ashobora kwiga isomo […]Irambuye
Kuva mu kagari ka Nyabugogo mu murenge wa Muhima muri Nyarugenge ugana mu murenge wa Gisozi abaturage benshi bo mu rwego ruciriritse batega ubwato bwa Ibrahim Mbarushimana, bityo ntibazunguruke n’imodoka cyangwa n’amaguru ngo bace ku Kinamba-Kacyiru bongere bagaruke iya Gisozi iwabo. Uyu utwara abantu mu bwato mu gishanga cya Nyabugogo avuga ko nubwo akibikora ariko […]Irambuye
*Abaturage benshi bararana n’amatungo, *Uburiri burutwa n’aho amatungo arara… inzitiramubu zidakorerwa isuku, *Bamwe mu banyeshuri bo mu mashuri abanza barwaye imvunja mu ntoki, *Mu mirenge 7 abagize Inteko Nshingamategeko basuye, basanze umuturage umwe gusa ariwe ufite kandagira ukarabe, *Matelas zabaye nk’urukwi kubera umwanda… Mu gikorwa cy’umuganda ngarukakwezi cyabereye mu mudugudu wa Maryohe, mu kagari ka […]Irambuye
I Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba, kimwe n’ahandi mu turere dutanu tw’igihugu kuri uyu wa 02 Gashyantare 2015 niho ku ikubitiro hatangijwe igikorwa cyo gushyira abaturage mu byiciro bishya by’Ubudehe, bishingirwaho mu kugena igenamigambi mu baturage. Abaturage bo kagari ka Cyasemakamba mu murenge wa Kibungo babwiye Umuseke ko uburyo ibi byiciro bishya bari kubishyirwamo babwishimiye ndetse bitandukanye […]Irambuye
Uyu mugabo ukuriye Umuryango mpuzamahanga mu ikoranabuhanga n’itumanaho(ITU) uri mu Rwanda kuva kuya 1 Gashyantare kuzageza ku itariki ya 3 Gashyantare 2015 yabwiye abanyamakuru ko yarangajwe n’terambere u Rwanda rwagezeho, ngo uko yarusanze siko yarukekaga. Mu kiganiro cyabereye kuri Telecom House ku Kimihurura, cyari cyitabiriwe kandi na Ministre w’urubyiruko n’iterambere ry’ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana, Zhao […]Irambuye
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 31 Mutarama, abagize Inteko Nshingamategeko y’u Rwanda, Hon Sen Mukankusi Perine, Hon Musabyimana Samuel na Hon Tengera Francesca bifatanyije n’abakozi b’Ishuri ryigisha Imyuga n’Ubumenyingiro mu Ntara y’Iburengerazuba (IPRC WEST) n’abaturage bahaturiye mu gusukura inkengero z’ishuri ndetse abaturage baboneraho gusura udushya turi muri icyo kigo. Abaturage bo mu tugari twa […]Irambuye
Rubavu – Kuri uyu wa 31 Mutarama 2015,ababyeyi baje mu muhango wo gusoza amasomo ku rubyiruko rwajyanywe ku kirwa cy’Iwawa kubera gusarikwa n’ibiyobyabwenge bavuga ko abantu bakwirakwiza ibiyobyabwenge mu rubyiruko amategeko abahana akwiye gukomezwa akabahana bikomeye, Minisitiri w’umuco na Siporo Amb. Joseph Habineza we yagereranyije abacuruza ibiyobyabwenge n’abakoze Jenoside. Mu Ukwakira 2014 Minisitiri w’Ubutabera Johnston […]Irambuye
UM– USEKE waganiriye na bamwe mu bacuruzi b’inyama bakorera ku ibagiro rya Ruhango, batubwira ko batunguwe no kubona rwiyemezamirimo witwa Murengerantwari Jean Bosco yohereza imodoka saa saba z’ijoro izanywe no kupakira impu kandi nta masezerano yo kuzigura bagiranye nawe bityo bikabashobera. Aba bacuruzi b’inyama bakorera mu ibagiro rya Ruhango, bavuga ko bari basanzwe bakorera akazi […]Irambuye
Ubwo yari muri Kaminuza yigenga ya Kigali, ishami rya Gisenyi(ULK-Gisenyi)Min Habineza yabwiye urubyiruko ko kuba Intwari ari kimwe mu bigomba kubaranga kandi bakagira icyerekezo n’umurongo ngenderwaho nk’urubyiruko rwifuza ejo hazaza heza. Yabibukije ko kuba Intwari bidashingiye ku kuba wararasanye mu ntambara ahubwo bisaba kugira ubutwari bwo kwubaka igihugu. Yongeyeho ko ubutwari butavukanwa ahubwo ari ibitekerezo […]Irambuye
Police y’u Rwanda yagaragaje ku mugoroba wo kuri uyu wa 30 Mutarama 2015 umugore wo muri Kenya yataye muri yombi kuri uyu wa gatanu ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali atwaye 2Kg za Cocaine y’agaciro ka miliyoni 85 z’amanyarwanda avanye muri Brazil yerekeza muri Kenya. We avuga ko atari azi ko atwaye ibi biyobyabwenge. Lovini […]Irambuye