Basketball: u Rwanda rwihaye intego yo kugera muri ½ cy’igikombe

Imikino yo guhatanira igikombe cya Afurika cya Basketball mu batarengeje imyaka 18, kigiye kubera mu Rwanda. Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe rya Basketball mu Rwanda “FERWABA” n’umutoza bihaye intego yo kugera muri ½. Iyi mikino izaba hagati y’itariki ya 22 – 31 Nyakanga 2016, izitabirwa n’ibihugu 10, ni ukuvuga Algeria na Tunisia bizahagararira akarere ka mbere (Zone I), […]Irambuye

Kagame yasabwe kuvugurura Komisiyo ya AU,…Turashimira Abanyakigali uko bitwaye–Mushikiwabo

Nyuma y’uko inama y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe yari imaze iminsi umunani ibera mu Rwanda isojwe, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Louise Mushikiwabo yashimiye abaturage b’Umujyi wa Kigali ku kwihangana, ubworoherane n’imyitwarire bagaragaje muri rusange byatumye inama igenda neza. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri, Minisitiri Louise Mushikiwabo yavuze ko inama yo kuri uru rwego itari […]Irambuye

Uko Abakuru b’ibihugu banzuye ku Iterabwoba, u Burundi, Sudani y’Epfo,Libya,…

AUSummit2016 – Mu nama y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma biyemeje kurushaho kwinjira mu bibazo by’umutekano, iterabwoba, ubutabera, n’ibindi binyuranye byugarije Afurika by’umwihariko ibihugu nk’u Burundi, Sudani y’Epfo, Nigeria, Mali, Libya, Somalia n’ibindi. Komiseri mukuru wa Komisiyo y’amahoro n’umutekano mu Muryango wa Afurika yunze Ubumwe Amb. Smail CHERGUI yavuze ko muri […]Irambuye

Afurika yadufasha kugarura ubwigenge Abanyapalestine bambuwe na Israel – Mahmoud

Kigali – Perezida wa Palestine Mahmoud Abbas yasimiye Perezida Paul Kagame aho agejeje u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi, ndetse asaba Afurika gushyigikira imigambi yose yagarura amahoro mu burasirazuba bwo hagati, bisaba ko Israel irekura ubutaka ngo yambuye Palestine. Ni mu ijambo yavugiye imbere y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma, abaminisitiri, abahoze ari abakuru b’ibihugu […]Irambuye

Amerika yaba ishaka Omar Al Bashir kuko yayimye Petelori akayiha

Ibihano kuri Sudani bigiye kumara imyaka 20, ndetse n’impapuro zita muri yombi Perezida wayo Omar Al-Bashir ngo birimo kugira ingaruka zikomeye ku bukungu n’abaturage ba Sudani biganjemo urubyiruko rutanazi icyo igihugu cyabo kizira. Kuri uyu wa gatandatu, Perezida Omar Al-Bashir yageze mu Rwanda aje kwitabira inama y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe, ICC yari yasabye u […]Irambuye

PesaChoice igiye kuzana Serivisi yo kohererezanya amafaranga

PesaChoice ifasha Abanyarwanda baba mu mahanga ndetse n’abakoresha Visa card na Mastercards kwishyurira umuriro, airtime, amazi ndetse n’ifatabuguzi rya Televiziyo, ubu igiye kuzana uburyo bwo kohererezanya amafaranga inshuti n’ abavandimwe bari mu Rwanda ku buntu ukoresheje ‘mobile money’. PesaChoice ni Kompanyi yatangijwe n’Abanyarwanda baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mpera z’umwaka 2015, ubu ikorera […]Irambuye

Masudi abona ahazaza ha Imanishimwe hashobora kwicwa n’abajyanama babi

Umutoza wa Rayon sports Masudi Djuma abona abajyanama babi bashutse Emmanuel Imanishimwe agasinyira Rayon sports na APR FC umunsi umwe, bashobora kumwicira ahazaza. Inkuru ikomeje kuvugwa cyane mu mupira w’amaguru mu Rwanda, ni iya Emmanuel Imanishimwe wasinyiye Rayon sports, nyuma y’amasaha make agasinyira APR FC. Uko byagenze: Ku mugoroba wo kuwa kabiri tariki 12 Nyakanga […]Irambuye

Serge Iyamuremye yavuze ibanga rimushoboza ku ririmbira Imana

Umuhanzi w’indirimbo zo guhimbaza no kuramya Imana, Serge Iyamuremye avuga ko kuririmbira imana kwe bitamuturukaho, ngo ibintu byose biva kuri Kiristo kuko ariwe utanga ubumenyi ndetse n’impano nk’iyo kuririmba afite. Serge Iyamuremye w’imyaka 26 yabwiye Umuseke ko ijwi ryiza afite no kuririmba neza kwe abikesha Yesu Kiristo kuko atari we nta kintu na kimwe yakwishoboza. […]Irambuye

Rayon Sports yareze APR FC muri FERWAFA bapfa Imanishimwe

Nyuma yo gusinyira Rayon Sports na APR FC amasezerano y’imyaka ibiri, Rayon Sports yagejeje ikirego muri FERWAFA isaba ko yarenganurwa. Mu rukerera rwo kuri uyu wa kane tariki 14 Nyakanga 2016, nibwo inkuru n’amafoto byasohotse bigaragaza ko myugariro w’ibumoso Emmanuel Imanishimwe yongereye amasezerano y’imyaka ibiri muri Rayon Sports. Ahabwa Sheki ya miliyoni enye n’igice, muri […]Irambuye

Afurika yunze ubumwe ntabwo yatereranye Libya – Dr Dlamini Zuma

Kuva mu mwaka wa 2011 muri Libya hatangira intambara yakuyeho uwari Perezida Muammar Gaddafi, Abanyalibya bafata umuryango wa Afurika yunze Ubumwe nk’uwabatereranye nk’uko byatangajwe n’umwe mu Banyalibiya bari mu Nama ya Afurika yunze Ubumwe. Dr Nkosazana C. Dlamini Zuma uyobora Umuryango wa Afurika yunze ubumwe avuga ko iriya mitekerereze isangiwe n’Abanyalibya benshi, gusa ngo sibyo […]Irambuye

en_USEnglish