U Rwanda rwakiriwe byuzuye mu Ishyirahamwe rya Rugby ku Isi

Itangazo ryasohowe n’akanama k’Ishyirahamwe ry’umukino wa Rugby ku Isi katangaje ko kera kabaye bemeye kwakira u Rwanda nk’umunyamuryango wuzuye w’iryo Shyirahamwe. Ishyirahamwe ry’umukino wa Rugby mu Rwanda (RRF) ryari rimaze igihe kinini ryarasabye kwakirwa mu Ishyirahamwe ry’umukino wa Rugby ku Isi, kuba ubu busabe bwakiriwe, u Rwanda rwabaye umunyamuryango w’iryo shyirahamwe wa 103, n’abafatanyabikorwa (associates) […]Irambuye

Tunisia: Libye yatsinze Amavubi 1-0

Umukino wahuza ikipe y’igihugu ya Libye, n’Amavubi urangiye Ikipe ya Libye itsinze u Rwanda igitego kimwe ku busa (1-0) cyabonetse mu gice cya kabiri gitsinzwe kuri Penalite. Ku ruhande rw’u Rwanda, Jean Luck Ndayishimiye Bakame yabanje mu izamu; inyuma habanzamo Michel Rusheshangoga, Sibomana Abouba, Salomon Nirisarikena Bayisenge Emery. Hagati mu kibuga habanjemo Mukunzi Yanick, Mugiraneza […]Irambuye

Ruhango: Bafite ubwoba ko amabuye basakaje inzu ashobora kubagwaho

Umuryango wa TWAGIRAMUTARA Samuel utuye mu nzu ifite igisenge gisakaje amabuye, ku nzu yubakishije ibiti, uravuga ko utewe impungenge n’igisenge cy’inzu yabo kuko ngo amabuye agisakaye ashobora kubagwaho igihe icyo aricyo cyose. TWAGIRAMUTARA Samuel, n’umuryango we batuye mu Mudugudu wa Kabambati, Akagari ka Rwoga, Umurenge wa Ruhango, mu Karere ka Ruhango bigaragara ko ukennye. Uyu […]Irambuye

11 b’Amavubi baribukine na Libye

Nyuma y’inama ya Tekinike, amakuru aturuka muri Tuniziya aravuga ko itsinda ry’abatoza b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru bamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 11 baribukine na Libye kuri uyu mugoroba. Mu izamu, harabanzamo umuzamu Jean Luck Ndayishimiye Bakame; inyuma hakine Michel Rusheshangoga, Sibomana Abouba, Salomon Nirisarikena Bayisenge Emery. Hagati harakinwa na Mukunzi Yanick, Mugiraneza Jean Baptiste […]Irambuye

CNLG yifuza ko urukiko rwa ICTR rwisubiza imanza rwahaye Ubufaransa

Nyuma y’uko ubutabera bw’Ubufaransa bufashe umwanzuro wo kudakomeza gukurikirana mu nkiko Padiri Wenceslas Munyeshyaka, Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside irifuza ko imanza Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rukorera Arusha rwari rwahaye Ubufaransa ruzisubirana kuko nta cyizere ko zizaburanishwa. Kuwa kane w’iki cyumweru, ubuyobozi bw’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rukorera Arusha muri Tanzania (ICTR) […]Irambuye

Tour Du Rwanda turayisubiza nta kabuza – Aimable Bayingana

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 12 Ugushyingo, Aimable Bayingana, Perezida w’Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare yasezeranyijeAbanyarwanda ko Ikipe y’Igihugu cy’u Rwanda “Team Rwanda” izahatana mu irushanwa ry’amagare ryo kuzenguruka u Rwanda “Tour du Rwanda 2015” izaryisubiza nta kabuza kuko yateguwe neza. Tour du Rwanda iratangira kuri iki cyumweru Tariki 15 Ugushyingo […]Irambuye

Kigali: Mu mpera z’uyu mwaka Matheus na Commericial ziratangira gushyirwa

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buratangaza ko inyubako zitajyanye n’icyerekezo cy’Umujyi ziri mu bice bikorerwamo ubucuruzi bizwi nka ‘Quartier Matheus na Commericial’ zigiye gutangira gusenywa mu mpera z’uyu mwaka. Mu kiganiro na NIZEYIMANA Alphonse, Umuyobozi mukuru wungirije w’Umujyi wa Kigali ushinzwe ubukungu n’iterambere yadutangarije ko mu rwego rwo gukomeza gushyira mu bikorwa gahunda y’igishushanyo mbonera cy’Umujyi […]Irambuye

Icyo REG ivuga ku gutinda kwishyura abangirizwa n’amashanyarazi

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu z’amashanyarazi (REG) kivuga ko impamvu rimwe na rimwe gahunda zo kwishyura ababa bangirijwe n’amashanyarazi zitinda biterwa n’igenzura baba bagomba gukora kugira ngo bamenye neza ko koko ubishyuza yangirijwe n’umuriro wabo. Mu Rwanda hakunze kuvugwa ikibazo k’ibikoresho by’abaturage byangizwa n’umuriro w’amashanyarazi cyane cyane iyo ugenda ubura, wongera ugaruka buri kanya, bavuga ko hari […]Irambuye

Gatsibo: Ubuyobozi bushya ngo bwamenye icyatumaga Akarere katesa imihigo neza

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo mu Nntara y’Iburasirazuba buratangaza ko icyatumaga ako Karere katesa imihigo ku kigero cyiza cyamaze kumenyekana, ngo ubu biteguye guhangana n’utundi turere mu kwesa imihigo ku kigero cyo hejuru. Akarere ka Gatsibo gakunze kuza mumyanya yanyuma mu kwesa imihigo, ndetse bikaba byaranatumye bamwe mubakayoboraga beguzwa ku mirimo yabo. Ubuyobozi bushya bw’Akarere ka […]Irambuye

en_USEnglish