Cyamunara y’ikariso ya Madonna yahagaritswe

Cyamunara y’ikariso ya cyera ya Madonna n’ibaruwa y’urukundo yandikiwe na Tupac Shakur yari iteganyijwe kuri uyu wa gatatu i New York yahagaritswe ku busabe bw’uyu muhanzi w’icyamamare. Tupac na Madonna ni abahanzi bamamaye cyane ku rwego rw’isi, Tupac we yarapfuye ariko ibye biracyahabwa agaciro n’abamukunze akiriho nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru nbcnews. Uyu munsi i New York […]Irambuye

Kagitumba: Bafite uruganda rw’ibigori ariko nta mashini zirimo

Nyagatare – Mu murenge wa Matimba mu Kagali ka Kagitumba abahinzi b’ibigori bagize Koperative yitwa KABOCO kubera ko nta mashini bagira ituma ifu ya kawunga bajya kuyigura muri Uganda. Uruganda ni kimwe mu byo bifuza cyane ubu. Beza ibigori byinshi nk’uko babivuga ndetse bubatse uruganda ngo rujye rubitunganya ariko ntibashobora gutunganya ifu yabyo kuko nta […]Irambuye

Bamwe mu basize irangi ibitaro bya Shyira bavuga ko bambuwe,

Nyabihu – Bamwe mu bateye irangi ku bitaro bikuru bya Shyira no ku rwunge rw’amashuri rwa Vunga bavuga ko bambuwe ayo bakoreye nyuma y’aho uwabakoreshaga witwa Mugabo Jean yaje kuburirwa irengero. Ubuyobozi bw’Akarere bwo buvuga ko butari buzi iki kibazo bityo bugiye kugikurikirana. Uwubatse ibitaro we avuga ko bambuwe ku ishuri basizeho irangi batambuwe ku […]Irambuye

Bwa mbere mu Rwanda hizihijwe umunsi w’abagororwa witiriwe Mandela

Huye – Ku nshuro ya mbere mu Rwanda kuri gereza ya Karubanda niho hizihirijwe umunsi wahariwe imfungwa n’abagororwa witiriwe Nelson Mandela, Ministiri w’ubutabera Johnston Busingye avuga ko nubwo ababa bafunze hari uburenganzira baba barambuwe ariko ubundi burenganzira bemerewe buba bukwiye kubahirizwa. Minisitiri Busingye yavuze ko uburenganzira bemerewe mu Rwanda bwubahirizwa cyane cyane uburenganzira bwo kubaho. […]Irambuye

Karongi ho barifuza iki kuri Perezida uzatorwa?

Karongi bishimira cyane umuhanda ubahuza na Nyamasheke na Rusizi (Kivu Belt) wuzuye, benshi mu batuye aka karere bavuga ko iki ari igikorwa cy’ingirakamaro bashimira Perezida Kagame. Ariko banafite ibindi basaba Perezida uzatorwa mu matora yo mu kwa munani. Mu murenge wa Bwishyura uherereyemo umugi wa Karongi, Emmanuel Nshimiyimana uwukoreramo akazi ko gutwara abantu avuga ko […]Irambuye

Rutsiro barashaka iki kuri Perezida uzatorwa?

*Barifuza icyambu *Abandi imirindankuba *Amashanyarazi ava iwabo bo ntibayabone… Muri aka karere k’imisozi miremire, ni kamwe mu turere bigaragara ko tukiri inyuma mu iterambere, abanyamakuru bacu umwe yasuye amajyepfo yako ahegereye Karongi undi asura amajyaruguru yako ahegereye Rubavu babwira Umuseke icyo bifuza kuri Perezida uzatorwa ngo ayobora u Rwanda indi myaka irindwi kuva 2017. Mu […]Irambuye

Kinyinya: Ikamyo irenze umuhanda igwa mu rugo rw’abantu

Gasabo – Mu masaha ya saa yine muri iki gitondo mu murenge wa Kinyinya Akagari ka Murama imodoka yo mu bwoko bwa Mitsubishi Fuso RAB 175R yarenze umuhanda igwira inzu y’abantu. Ku bw’amahirwe nta muntu yahitanye. Ababonye iyi mpanuka bavuga ko ishobora kuba yatewe n’uko iyi modoka yacitse feri igeze ahamanuka munsi yo kuri centre […]Irambuye

Muhanga barifuza iki kuri Perezida uzatorwa?

Mu bice by’icyaro mu murenge wa Nyarusange bavuga ko Perezida uzatorwa yabubakira ibibuga by’imyidagaduro kuko ntabyo bafite hano. Nyarusange ni umwe mu mirenge 12 igize aka karere. Urubyiruko rw’aha rusaba ko rwakubakirwa ibibuga by’imyidagaduro kuko ngo ni ikintu kibababaje kuba ntabyo bagira, abashaka gukina ngo bajya mu mugi wa Muhanga. Oswald Kayihura wo mu mudugudu […]Irambuye

Umugi wa Muhanga wahinduye ibara witegura Umukandida wa RPF

Amajyepfo – Kuva  mu rugabano rwa Kamonyi na Muhanga  ku nkengero z’imihanda, ku biti, ku nkingi z’amashayarazi  no kuri Stade hose ni umweru, umutuku n’ubururu  amabara y’Umuryango FPR Inkotanyi. Biteguye umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi  Paul KAGAME ugera hano mu masaha macye. Mu mujyi hari isuku yarushijeho, abahatuye ngo nibwo bwa mbere babonye hari isuku kuri […]Irambuye

Gakenke: Ab’i Rusasa bo icyo bifuza kuri Perezida uzatorwa ni

*Ni Umurenge urimo urugomero rwayo ariko akaba ku biro by’Umurenge gusa Biteze ko uzatorwa azakomeza kubumbatira umutekano bafite, ariko bakanifuza ko yazaza gutaha ibitaro bya Gatonde bimerewe na Perezida Kagame maze nabo akabasuhuza. Kugirango imibereho yabo ihinduke aha Rusasa icyo bekeneye cyane kuri Perezida uzatorwa ngo ni ibikorwa remezo. Abatuye aka gace bifuza ko Perezida […]Irambuye

en_USEnglish