“Ubumuntu Arts Festival”yashojwe. N’abavuye muri Iraq bigaragaje

Gisozi – Iserukiramuco ryitwa “Ubumuntu Arts Festival” ritegurwa na ‘Mashirika Performing Arts and Media Company’ ryaraye rishojwe mu ijoro ryo kuri iki cyumweru aho abantu baturutse mu bihugu birimo n’ibya kure nka Iraq bagaragaje ubuhanga bwabo. Iri serukiramuco riri kuba ku nshuro ya gatatu rimaze iminsi itatu ribera ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku […]Irambuye

Umugore ‘wa mbere ku isi’ mu mibare, yapfuye ku myaka

Maryam Mirzakhani umuhanga mu mibare w’umunya-Irani ari nawe mugore wa mbere watsindiye igihembo kitwa  “Fields Medal” igihembo kirenze ibindi mu bihabwa abanyamibare, yitabye Imana muri week end ishize azize indwara ya Cancer. Urupfu rwe rwatangajwe n’umuvandimwe we kuwa gatandatu,  yaguye mu bitaro byo muri Amerika azize Cancer y’amabere bari baramusanganye mu 2013. Yitabye Imana ku […]Irambuye

Kigali: gutwara bari no kuri phone byariyongereye… AMAFOTO

Imyaka ya 2012, 2013,2014, na mbere yabwo, yabayemo impanuko nyinshi mu mihanda harimo n’izikomeye. Tariki 11 Kanama 2014 hateranye inama nyunguranabitekerezo yahuje za minisiteri n’inzego zifite aho zihuriye n’umutekano n’ubuzima bw’abaturarwanda, bafata imyanzuro 15 kugira ngo umubare w’abahitanwa n’impanuka mu mihanda ugabanuke. Umwanzuro wa 14 wari “Kugenera ibihano bikomeye abakoresha telefoni batwaye ibinyabiziga.” Gukoresha telephone […]Irambuye

17/7/94: Umunsi nk’uyu nibwo Gisenyi yabohowe bidasubirwaho

Nubwo tariki 04 Nyakanga ariyo ifatwa nk’itariki u Rwanda rwabohoweho hari ibice bimwe byarwo cyane Iburengarazuba byari bitarafatwa n’ingabo z’Inkotanyi mu rugamba rwo kubohora u Rwanda. Itariki nk’iyi mu 1994 nibwo Inkotanyi zafashe bidasubirwaho icyari Perefegitura ya Gisenyi. Imyaka 23 nyuma yabwo, ubuzima bwaho bwarahindutse cyane… Perefegitura ya Gisenyi yari igizwe na Komini 10, uyu […]Irambuye

Gisagara barifuza iki kuri Perezida uzatorwa?

Bishimira ko ubu nta kibazo cy’imihanda mibi bafite kuko myinshi muri aka karere yakozwe neza, amashanyarazi yariyongereye bigaragara, uburezi bw’ibanze bw’imyaka 12 abana batiga ni bacye cyane, gahunda zo kubavana mu bukene nka “Gira Inka”,VUP n’izindi bishimira… Ariko hari n’ibyo bagikeneye bifuza kuri Perezida uzatorerwa manda itaha. UBUZIMA Umuseke wasanze ab’i Gushubi bavuga ko bagikora […]Irambuye

Episode 163: Nyuma yo gufungurwa Daddy amenye uwagurishije iduka rye

Njyewe-“Umbwira umbwira iki? Icyo washakaga kumbwira nakimenye, kandi ntigishoboka” Nelson-“Oya rwose ihangane unyumve mbere yo gufata umwanzuro nkuwo, erega nta kibi nkwifuriza kandi si ndi nk’abandi, njye ndi umwihariko kuko nakubwiye byose ukanyumva,na nubu tukaba turi kumwe” Nelson amaze kumbwira gutyo koko nongeye kwibuka byose, nibutse ko aho twahuriye turi batatu akatubwira ibye ari njye […]Irambuye

By’agateganyo, Abanyarwanda bazatora ubu ni 6 888 592

Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje kuri uyu mugoroba ko kuri listi y’itora by’agateganyo ubu hariho abanyarwanda 6 888 592 nubwo hakiri abakiyongera kuri uru rutonde. Biteganyijwe ko abari mu Rwanda bazatorera mu  biro by’itora bigera ku bihumbi 16 hari indorerezo 307 (zimaze kwiyandikisha) zirimo 31 zo mu mahanga. Prof Kalisa Mbanda uyobora Komisiyo y’amatora yavuze ko […]Irambuye

Gisagara: Igishanga cy’umuceri cyatunganyijwe nabi bigabanya umusaruro

Igishanga cya Mirayi gikora ku mirenge ya Muganza na Gishubi abagihingamo umuceri ubu bari gusarura batishimye kuko umusaruro wabo wagabanutse ku rwego rwa kimwe cya kabiri. Impamvu ngo ni imirimo yo gutunganya urundi ruhande rw’iki gishanga yatumye ahahinze hakama. Abahinzi muri aka gace ubuzima bwabo bushingiye ku gihingwa cy’umuceri ariko bavuga ko kubera iki kibazo […]Irambuye

Abanyarwanda barifuza iki kuri Perezida uzatorerwa indi myaka 7 ?

Twegereje amatora y’umukuru w’igihugu. Perezida Paul Kagame yageze kuri byinshi bigaragara mu myaka ishize ayobora u Rwanda, ariko nk’uko yagiye abigarukaho hari byinshi nanone bitarakorwa, hari byinshi abanyarwanda bagikeneye ngo babeho neza kurusha uyu munsi. Umuseke wazengurutse mu turere twinshi tw’u Rwanda uganira n’abaturage kucyo bifuza Perezida uzatorwa yabamarira muri manda y’imyaka irindwi iri imbere. […]Irambuye

Ruhango biteguye cyane umukandida wa RPF, Abandi nabo baratangira…

Amasaha macye mbere y’uko ibikorwa byo kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Republika bitangira kuri ba kandida bemewe; Habineza Frank, Kagame Paul na Mpayimana Philippe imyiteguro irarimbanyije kuri buri ruhande. Mu ruhango aho umukandida wa FPR azahera hari ibimenyetso bigaragara, aho aba bandi babiri bazahera nta kibigaraza cyane kugeza ubu. Mu karere ka Ruhango, guhera ku […]Irambuye

en_USEnglish