Muhanga: Ibiyobyabwenge bya Miliyoni zirenga 10 byangijwe

Kuri uyu wa Kane Polisi ku Rwego rw’Intara y’Amajyepfo no kuri Sitasiyo ya Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, bangije ibiyobyabwenge bitandukanye birimo Kanyanga, Urumogi ndetse n’izindi nzoga z’inkorano byose bifite agaciro ka Miliyoni zirenga 10. Hashize amezi atanu  inzego z’Umutekano mu Karere ka Muhanga zitangije igikorwa cy’isaka ku baturage bacuruza bene ibi ibiyobyabwenge. Abaturage bitabiriye […]Irambuye

Habineza ngo arazana “Girinzu Musirikare na Girinzu Mupolisi”

Frank Habineza umukandida w’ishyaka Democratic Green Party uyu munsi yiyamamarije mu murenge wa Rugabano mu karere ka Karongi aho yagiye yiyereka abantu ari hejuru y’imodoka ndetse akanafata umwanya wo kuganira n’abaturage baje ku kibuga yiyamamarijeho mu kagari ka Rufungo. Frank Habineza muri uyu murenge yahageze mu masaha ya saa sita yakirwa n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uyu murenge. […]Irambuye

“…Ikizere hagati yanjye namwe ni 100%.” – Kagame i Rulindo

I Rulindo aho Paul Kagame umukandida wa FPR yiyamamarije yavuze ko yiteguye gufatanya n’abanyarwanda kandi hagati ye nabo hari ikizere ijana ku ijana. Kandi ko kumutora ari ugutora ibikorwa. Perezida Kagame yatangiye ashimira Dr Biruta wari umaze kumwamamaza n’umugore wari uyoboye uyu muhango hano i Rulindo n’uwamubanjirije yongera kwibutsa ko iterambere ry’umugore rigomba kurushaho kwitabwaho. […]Irambuye

Abatabizi, ntibazi ubucuti dufitanye na FPR bumaze imyaka 25 –

Dr Vincent Biruta perezida w’ishyaka Parti Social Democratique (PSD) i Rulindo amaze kugaruka ku mpamvu ishyaka ryabo ryashyigikiye umukandida wa FPR-Inkotanyi. Ngo ni ukubera ibyo yagejeje ku Rwanda. Abatabyumva bo ngo ntibazi ubucuti aya mashyaka afitanye kuva mu myaka 25 ishize. Umukandida wa FPR-Inkotanyi yiyamamarizaga mu murenge wa  Gasiza mu karere ka Rulindo uyu munsi, […]Irambuye

Umugaba mushya w’ingabo za France yari mu Rwanda mu 1994

Nyuma yo kwegura kwa Gen. Pierre de Villiers wari umugaba w’ingabo z’Ubufaransa kubera kutumvikana na Perezida kubyo yasabiraga ingabo, yahise asimbuzwa Général François Lecointre w’imyaka 55, wari mu Rwanda mu 1994 afite ipeti rya kapiteni. Ni umusirikare wageze ku nyenyeri ya kane ya Général mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka, mu Bufaransa bamuzi cyane mu […]Irambuye

Kamonyi barasaba iki Perezida uzatorwa?

Umuhanda wa Rugobagoba – Nyamiyaga – Rukunguri uhuza Kamonyi na Ruhango ukoreshwa n’abaturage benshi kandi ufitiye inyungu benshi, bifuza ko washyirwamo kaburimbo. Kiri mu by’ibanze abatuye aka gace basaba Perezida uzatorwa. Abaturage mu mirenge ya Gacurabwenge, Nyamiyaga, Rugarika na Mugina bakoresha kenshi uyu muhanda bavuga ko abayobozi b’Akarere basimburanye bagiye bemera gukora uyu muhanda ariko […]Irambuye

Mpayimana yiyamamaza i Karongi ati “dusigasire ibyagezweho”

Umukandida wigenga Philippe Mpayimana uyu munsi yiyamamarije mu murenge wa Rubengera no mu wa Bwishyura. Ahitwa mu Bupfune mu Bwishyura aho yari mu masaha ya saa sita yiyamamaje mu buryo bwo kuganira n’abaturage. Nyuma ya saa sita yiyamamarije ahitwa ku Mana y’abagore mu murenge wa Rubengera yifashishije indangururamajwi ndetse yakiriwe n’Umuyobozi w’Umurenge. Uyu mukandida yafataga […]Irambuye

Kirehe: Akarere karavuga ko Frank Habineza yababeshyeye

Kuwa 18 Nyakanga 2017 umukandida wa Democratic Green Party of Rwanda yatangaje ko atishimiye uburyo Akarere ka Kirehe kamuhinduriye ku munota wa nyuma aho yagombaga kwiyamamariza, ubuyobozi bw’Akarere bwo bwahakanye ibi buvuga ko bwakiriye ibaruwa isaba aho kwiyamamariza habura umunsi umwe ngo abikore kandi ngo aho yari yasabye hari kubera isoko kuri uwo munsi, ibyo […]Irambuye

“Uyu munsi muravuga kuri njye, ejo ni mwe” Kagame abwira

Umukandida wa RPF Kagame Paul yabwiye abantu ibihumbi n’ibihumbi bari bamutegereje ku musozi wa Gahanga muri Kicukiro ko yishimye gusanga ari benshi baje ngo bajye imigambi. Abwira urubyiruko by’umwihariko ko yifuza kubaka ibiramba uyu munsi akaba ari we ejo hakaba ari ah’urubyiruko rwa none. Perezida Kagame yatangiye abwira aha bamwakiriye Kicukiro ko ahantu hari amatungo […]Irambuye

Umwami Salomon Bibiliya ivuga ngo ntiyabayeho

Bibiliya ivuga ko Umwami Salomon ariwe wanditse igitabo cy’Imigani, Umubwiriza, n’Indirimbo ya Salomon byo muri Bibiliya. Igitabo cy’Abami ba Mbere igice cya 10 umurongo wa 14 havuga ko ubutunzi bwajyaga kwa Salomon bwari byinshi cyane kandi ngo na Zahabu yajyagayo yari nyinshi(1Abami 10:14). Gusa ibi byose ngo bishobora kuba ari ibihimbano Salomon atarabayeho. Umunyamateka wemerwa […]Irambuye

en_USEnglish