Episode 159: Joy, Nelson, Brown na Dorlene baje gusura Daddy

Mwaramutse, Turi gukora database y’ababashije kwishyura iyi nkuru ku buryo bwose twashyizeho, uburi gukoreshwa ubu ni ubwa Mobile Money benshi batubwiye ko bubashobokeye kandi bworoshye. Aya mafaranga yakoherezwa ku murongo wa MTN kuri numero 0788 77 28 18 ya UM– USEKE INFORMATION TECHNOLOGY LTD. Ku bantu bari mu mahanga batabashije gukoresha Online Payment bifashisha abavandimwe cyangwa inshuti […]Irambuye

Isimbi…ibitekerezo by’umunyamideri mushya mu Rwanda

Kumurika imideri hamwe n’uruganda rwa Fashion mu Rwanda ni akazi gashya mu Rwanda nubwo hari abakamazemo igihe kinini. Hari urubyiruko ruri kubyinjiramo rufite intego zo kuba mpuzamahanga, Vestine Isimbi ni imwe muri bo, yaganiriye n’Umuseke. Isimbi afite uburebure bwa 1,80m yatangiye kumurika imideri muri uyu mwaka, amaze kugaragara mu bitaramo bya Kigali Fashion week 2017 […]Irambuye

Twizeye intsinzi – Francois Ngarambe

Umunyamabanga mukuru wa FPR-Inkotanyi yatangarije abanyamakuru ko kubera ibyagezweho mu myaka ishize n’uburyo abanyarwanda bakiriye kandi bashima gahunda za FPR-Inkotanyi bituma bizeye intsinzi y’umukandida wabo Paul Kagame mu matora ya Perezida azaba mukwa munani. Hari mu kiganiro n’abanyamakuru kuri iki gicamunsi aho iri shyaka riri ku butegetsi ryavugaga gahunda yaryo mu gihe cyo kwamamaza umukandida […]Irambuye

Ingabo za mbere z’Ubushinwa zaje kuba muri Africa

Amato atwaye ingabo z’Abashinwa yahagurutse kuwa kabiri aza muri Djibouti aje gushinga ibirindiro bya mbere by’ingabo z’Ubushinwa kure cyane y’igihugu cyabo. Abashinwa bamaze igihe kinini muri Africa muri business ariko bari batarahazana ingabo. XinuaNews ivuga ko ingabo z’Ubushinwa zizajya zikora ibikorwa byo kugarura amahoro, gufasha abantu no gutabara abari mu kaga muri Africa no muri […]Irambuye

Kagitumba: Bamaze ibihembwe bitatu bahinga soya nta musaruro

Abahinzi bo muri Koperative KABOCO bahinga umuceri na Soya mu murenge wa Matimba Akagari ka Cyembogo bavuga ko ubuhinzi bwa soya nta musaruro buri kubaha kubera icyuma bazanye ngo cyuhira imyaka ariko kitabikora neza. Deus Gasana uhinga soya n’ibindi muri aka gace ati “tumaze kuzihinga ibihembwe bitatu nta musaruro tubona kuko hari abo ibyuma bisukira […]Irambuye

Inyubako yahozemo Top Tower Hotel ubu iri gusenywa

Nk’uko byaraye bitangajwe n’Umugi wa Kigali, inyubako yakoreragamo Top Tower Hotel ubu yatangiye gushyirwa hasi. Batangiye bavana ibirahure n’inzugi kuri iyi nyubako ya ‘etages’ zigera kuri eshanu. Iri gusenywa mu rwego rwo gushyira mu bikorwa igishushanyombonera cy’umugi wa Kigali. Aka gace yubatsemo ka Kimihurura ngo kagomba kubakwamo inyubako zigezweho z’ubucuruzi. Ni hafi y’ahubatse imiturirwa ya […]Irambuye

Nyuma y’amezi 7 ashakishwa, Simbarikure wari waracitse gereza yafashwe

Simbarikure Teodore yacitse gereza ya Rusizi mu mpera z’Ukuboza 2016. Uyu mugororwa yari yarahamijwe icyaha cy’ubujura bwitwaje intwaro. Yari amaze amezi arindwi yaratorotse gereza, mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu byatangajwe ko yafashwe agerageza guhungira muri Uganda. Simbarikure w’imyaka 40 akomoka mu karere ka Rusizi mu murenge wa Nkanka Akagari ka Kinyaga. Yari yarakatiwe […]Irambuye

Kirehe: Uwaregwaga kwambura abaturage yabishinje Akarere, nako karabihakana

*Amafaranga yatse abaturage ngo yari yoherejwe n’Akarere *Abaturage ntibayasubijwe n’imishinga bavuga ntiyabonye inkunga *Akarere kavuze ko nta n’umwe ufite ikosa *BDF yavanywe muri iki kibazo *Abaturage babuze byose; ayo batanze n’imishinga bigiwe ibitse gusa Mu murenge wa Musaza kuri uyu wa kabiri habereye inama yize ku kibazo cy’abaturage bashinja uwitwa Iyamuremye kubambura amafaranga yiyita umukozi […]Irambuye

KUMENYESHA

Mwaramutseho, Turabamenyesha ko Episode ya 157 itabonekeye igihe kubera imirimo yo gukora data base y’abari kwishyura kuri Mobile Money n’abishyuye kuri Online Payment. Episode ya 157 irabageraho mu masaha ya mu gitondo. Turashimira abakomeje kwishyura ku buryo bwa Mobile Money twabahaye, tunasaba abatarabikora basoma iyi nkuru kubikora kare kugira ngo batazacikanwa gukora database nibirangira ku […]Irambuye

Kigali : Abantu 40 000 barasuzumwa abandi bakingirwe Hepatite ku

Gusuzuma, gukingira no gutanga imiti kuri Hepatite B na C biri gukorerwa muri Kigali; kuri Maison des jeunes Kimisagara, Stade Mumena Nyamirambo, ETO Kicukiro, ibitaro bya Masaka, Remera-Rukoma no kuri Petit stade i Remera. Abantu bari hejuru y’imyaka 45 barashishikarizwa cyane kuza kwisuzumisha kuko aribo cyane cyane bafite izi ndwara z’umwijima (B na C). Ufite […]Irambuye

en_USEnglish