Imyaka 19 irashize Mobutu Sese Seko apfuye…inyuma ye bite?

Tariki 07 Nzeri 1997 imyaka 19 uyu munsi irashize Marechal  Mobutu Sese Seko Kuku Ngbendu Wa Za Banga  aguye mu buhungiro muri Maroc, hari abatebya ko ngo aho ari ajya avuga ati “nyuma yanjye nta cyahindutse muzajye kureba”. Uyu mugabo yategetse icyari Zaire imyaka 32 asiga umurage n’ibyuho mu bukungu n’imibereho y’aba ‘Zairois’ bahise bahinduka […]Irambuye

Nyuma y’imyaka 2 badakina, Amavubi y’abagore ngo arashaka kuvana CECAFA

Ikipe y’igihugu Amavubi y’abagore iri mu myitozo yitegura CECAFA y’abagore izaba hagati ya tariki 11 na 20 Nzeri 2016, i Jinja muri Uganda intego ngo ni ukuyegukana. Iyi kipe ariko yari imaze imyaka ibiri nta mikino ikina. Abakobwa 26 bataniye umwiherero n’imyitozo iyobowe n’umutoza umenyerewe mu mupira w’amaguru w’abagore, Grace Nyinawumuntu, wungirijwe na Sosthene Habimana […]Irambuye

Raporo ya UNESCO; mu burezi kuri bose u Rwanda ruri

Raporo yakozwe na UNESCO ku isuzuma ry’intego z’iterambere rirambye, ku ntego ya kane ivuga ku iterambere ry’uburezi u Rwanda ngo ruhagaze neza cyane ku guteza imbere uburezi bw’ibanze kuri bose kuko ruri ku kigero cya 98% mu gihe ibindi bihugu bya Africa biri kuri 50%. Mu ntego nshya 17 z’iterambere rirambye riganisha mu mwaka wa […]Irambuye

Russia: Babonye uburyo bwo kubuza abashoferi kurenza umuvuduko!!!

Abagore bambaye amakariso gusa nibo bafite ibyapa bisanzwe bibuza abashoferi kurenza umuvuduko runaka, ibi bari kubikorera ahantu hakunze kubera impanuka kandi ngo umusaruro ni wose kuko umushoferi wese ahagera akubahiriza icyo cyapa. Ni ubukangurambaga bushya batekerejeho mu kwirinda impanuka no gukangurira abantu kubaha ibyapa byo ku mihanda mu Burusiya. Aba bagore bambaye hafi ubusa buri […]Irambuye

Police yatangiye gufata abakekwaho urupfu rw’umuganga warashwe

Polisi y’igihugu itangaza ko yatangiye guta muri yombi abakekwaho urupfu rw’umuganga witwa Maniriho Christian, warashwe ubwo yavaga ku kazi.   Maniriho wakoreraga ku kigo nderabuzima cya Mugesera mu karere ka Ngoma, yarashwe n’abantu bataramenyekana mu ijoro ryo ku itariki ya 04 Nzeli 2016, ahita apfa. Yari avuye ku kazi yakoraga ko gupima ibizamini by’abarwayi. Umuvugizi […]Irambuye

Wambuka ute muri Zebra Crossing? Si ubuzima ushyira mu kaga?!

Iyo witegereje uko abantu bambuka imihanda muri Zebra Crossing ubona ko hari ababa bari gushyira mu kaga ubuzima bwabo. Buri wese arabizi ko ari ahagenewe abanyamaguru, ariko si buri kanya kose kandi si mu isambu yawe kuko wahaburira ubuzima. Ufata amafoto k’Umuseke yafashe amwe mu mafoto agaragaza uburyo bamwe mu bagenda n’amaguru bakerensa aka kanya […]Irambuye

Football mu bagore yatangiye kubakwa duhereye mu bana – F.Rwemalika

Umupira w’amaguru mu bagore mu Rwanda nturatera imbere ngo umenyekane ugereranyije no mu bagabo. Gusa ngo hari ikizere ko mu myaka iri imbere hari icyahinduka, kuko batangiye gushaka abana bato, bagaragaza impano. Abagore mu Rwanda baratera imbere mu zindi nzego z’ubuzima, ariko mu mikino, by’umwihariko umupira w’amaguru bigaragara ko bakiri inyuma cyane. Amavubi y’abagore aheruka […]Irambuye

Kuwa kane, Abayobozi b’ibihugu bya EAC barahurira i Dar es

Amakuru ava muri Tanzania aremeza kuwa kane tariki 08 Nzeri i Dar es Salaam Perezida John Pombe Magufuli azakira inama idasanzwe ya 17 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Africa y’Iburasirazuba (EAC), Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Pierre Nkurunziza w’u Burundi biteganyijwe ko nabo bayitabira, umwuka ukaba umaze iminsi atari mwiza hagati y’ibihugu byombi. Bwa […]Irambuye

Basketball: Patrick Nshizirungu uvuye muri Angola, yahigiye byinshi

Patrick Nshizirungu w’imyaka 17 watoranyijwe kwitabira umwiherero w’umukino wa basketball muri Angola awuvuyemo, aravuga ko yigiyeyo byinshi. Ishyirahamwe ry’umukino wa basketball ku Isi (FIBA), n’Ishyirahamwe ry’abanya-Africa bakinnye muri shampiyona ya basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA Africa) bateguye umwiherero w’abatarengeje imyaka 18, muri gahunda yiswe ‘Basketball Without Boarders’. Iyi gahunda igenda izenguruka isi, […]Irambuye

Ababyeyi b’umwana wishwe akubiswe n’umuganga barasaba ubutabera

UPDATED 06/09/2019 9PM Kicukiro – Byabaye mu ijoro ryo ku cyumweru mu mudugudu w’Ubumwe Akagari ka Rubirizi mu murenge wa Kanombe aho umusirikare w’ipeti rya Major w’umuganga mu bitaro bya Gisirikare by’u Rwanda i Kanombe ashinjwa gukubita umwana wo mu baturanyi w’imyaka 18 kugeza amwishe. Biravugwa ko yamuzizaga gukorakora cyangwa gushaka kwiba mu modoka ye. Mu […]Irambuye

en_USEnglish