Sarah Zeid, igikomangoma cya Jordanie cyasuye inkambi ya Mahama

Sarah Zeid  Igikomangoma cy’Ubwami bwa Jordanie  kuri uyu wa kabiri cyasuye inkambi y’impunzi z’Abarundi i Mahama mu karere ka Kirehe, avuga ko yishimiye kugera kuri izi mpunzi no kumenya ibibazo byazo kandi azakora ubuvugizi ashoboye bigakemuka. Ashimira Leta y’u Rwanda yemeye kwakira izi mpunzi. Sarah Zeid yavuze ko ubufatanye bw’u Rwanda na UNHCR mu gutunganya […]Irambuye

Muhanga: Koperative itwara abagenzi irahatanira kurangiza umwenda wa miliyoni 72

Mu nama rusange yahuje Ubuyobozi bwa Koperative ishinzwe gutwara abagenzi mu Karere ka Muhanga, (Muhanga Transport Cooperative) n’abanyamuryango bayo, Antoine Kayitare Perezida w’iyi Koperative yavuze ko bagiye kugabanya mu gihe cy’umwaka umwe umwenda bafitiye RFTC ungana na Miliyoni 72 z’amafaranga y’u Rwanda. Muri iyi nama rusange Ubuyobozi bwa Koperative ishinzwe gutwara abagenzi mu Karere ka […]Irambuye

Wagirango ni uwo basa!! Ariko ni Cristiano Ronaldo wicongesheje isura

Nta bundi buhanga bisaba kubona ko uyu mukinnyi wa ruhago w’icyamamare yahindutse, kureba amafotoye ya cyera n’ay’ubu birahagije. Ubu ikiri kumuvugwaho ni ibyagaragajwe na Magazine yitwa VIP yerekanye uburyo Ronaldo yicongesheje isura mu buvuzi bugezweho agahinduka. Uyu mugabo w’imyaka 31, Ronaldo yatunganyije isura ye muri chirurgie esthétique  atanze za miliyoni z’amaEuro ngo bikorwe neza mu […]Irambuye

Perezida wa FERWACY yasuye, anaganiriza abitegura Tour du Rwanda

Hasigaye iminsi 19 ngo Tour du Rwanda itangire, Perezida w’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda FERWACY, Aimable Bayingana yasuye umwiherero utegura abanyarwanda bazayitabira, abibutsa ko bagomba kumenya icyo bashaka mbere yo gutangira gusiganwa. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 25 Ukwakira 2016 nibwo uyu muyobozi yasuye ikigo ‘Africa Rising Cycling Center (ARCC)’ i Musanze. […]Irambuye

Umugabo yakatiwe gufungwa imyaka 1 503 kubera gufata ku ngufu

Rene Lopez ,  umugabo w’imyaka 41 wo muri Leta ya California,USA yakatiwe gufungwa imyaka 1 503 kubera kumara imyaka afata ku ngufu umukobwa we wari ukiri muto. We yireguraga ko umukobwa we yari uwe nyine. Igihano yahawe ngo ntigisanzwe kubera uburemere bw’icyaha. Rene Lopez Lopez yahamwe n’ibyaha 186 birimo 22 bigendanye no gufata ku ngufu […]Irambuye

Ngoma: Barakemanga uburezi butangirwa muri Groupe Scolaire Nyinya

Mu murenge wa Rukira Akarere ka Ngoma haravugwa amakuru y’ishuri ryisumbuye rya Groupe Scolaire St Antoine de Nyinya ridafite abarimu bahagije aho abaturiye iki kigo bavuga ko hari igihe abana bajya ku ishuri bagataha batize.  Ibi ngo byaratewe nuko hari abarimu bataye akazi mu ntangiriro z’uyu mwaka ariko kugeza n’ubu bakaba batarasimbuzwa. Ubuyobozi bw’iri shuri  […]Irambuye

REG ngo ije ishaka igikombe cya Shampionat, yazanye abakinnyi n’umutoza

Shampiyona y’umwaka w’imikino 2016-17 muri Basketball izagaragaramo amakipe atatu mashya. Imwe muri zo, REG Basketball Club yamaze gusinyisha umutoza mushya, John Bahufite wahoze muri Espoir BBC, uzakorana n’abakinnyi benshi bazwi bayobowe na Ally Kubwimana Kazingufu nawe mushya muri iyi kipe. Ku cyumweru tariki 23 Ukwakira 2016 mu cyumba cy’imana cya MINISPOC, hateraniye inama y’inteko rusange […]Irambuye

Urutonde rushya; u Rwanda nanone ni urwa 2 muri Africa

U Rwanda rwongeye kugira umwanya mwiza kuri rutonde rushya rwa Banki y’isi rw’ibihugu byoroshya gukoreramo ishoramari (2017 World Bank Doing Business Rankings), rwazamutseho imyanya itandatu ruva ku mwanya wa 62 rugera kuwa 56 mu bihugu 190, ruguma ku mwanya wa kabiri muri Africa. Muri Africa, ibirwa bya Maurices nubwo byamanutseho imyanya 17 ku rutonde rw’isi, […]Irambuye

Uwamariya asigiye akahe kazi Guv. Kazayire mushya Iburasirazuba?

Rwamagana – Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere Odette Uwamariya yahererekanyije ububasha na Guverineri mushya w’Intara y’Intara y’Iburasirazuba Judith Kazayire. Odette Uwamariya yavuze bimwe mu byo asize akoze n’ibyo atarangije, abwira umusimbuye ko nta muntu n’umwe ushobora kugera ku ntego adakoranye neza n’abandi. Intara y’Iburasirazuba yibasiwe cyane n’imihindagurikire y’ikirere yateye izuba rimaze hafi imyaka […]Irambuye

en_USEnglish