Paapa Francis, umushumba wa Kiriziya Gatolika yongeye gutungura abatsimbarara ku mahame ya cyera n’abatorohera abo badahuje ibitekerezo ubwo kuri uyu wa mbere ari bube ari mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 500 impinduramatwara y’uwitwa Martin Luther yavuyemo idini rishya ryivanye kuri Kiriziya gatolika ayoboye. Abo mu idini ry’AbaLuther bo bishimiye cyane igikorwa cya Paapa. […]Irambuye
Nyamirambo – Umunsi wa gatatu wa shampiyona usize Sunrise iyoboye urutonde, Rayon sports ari iya kabiri, nyuma yo gutsinda AS Kigali 2-0 bya Nahimana Shasir na Kwizera Pierrot mu mukino wari wiganjemo amahane. Kuri iki cyumweru tariki 30 Ukwakira 2016 shampiyona y’u Rwanda yakomeje hakinwa umunsi wa gatatu. Rayon Sports yakiriye AS Kigali kuri stade […]Irambuye
Umukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona wabimburiye indi urangiye APR FC itsinze Mukura VS ibitego 3-1 bya Blaise Itangishaka na bibiri Sekamana Maxime wagiyemo asimbuye. Ni umukino urangiye muri iri joro kuri stade ya Kigali i Nyamirambo. Mukura na APR ni amwe mu makipe nayo agira abafana benshi mu Rwanda, gusa i Kigali kuri uyu […]Irambuye
Mu munsi umwe kuva mu gitondo kugeza bugorobye umunyamakuru ufata amafoto k’Umuseke.rw yanyuze Kicukiro, Nyabugogo, Nyamirambo no mu mujyi. Aya ni amwe mu mafoto yafashe agaragaza uko biba byifashe ku mihanda abantu bashaka ubuzima mu buryo bunyuranye. Photos © Evode MUGUNGA/UM– USEKEIrambuye
Ku kifuzo cy’uwahoze ari Mayor wa Gisagara, Karekezi Leandre, ku Gisagara hubatswe inzu y’imikino y’intoki (Basketball na Volleyball) ishobora kwakira imikino mpuzamahanga, ifite agaciro ka miliyoni 922 frw. Akarere ka Gisagara ni kamwe mu turere tutagira ibikorwa by’imikino biteye imbere, nta kipe mu kiciro cya mbere mu mukino uwo ariwo wose, nta bikorwa bikomeye by’ubukerarugendo, nta […]Irambuye
Komisiyo y’amatora yatangaje kuri uyu wa gatanu ko ubu hari abadepite batatu bashya mu Nteko basimbura Hon Nyandwi Joseph Desire (uherutse kwitaba Imana), Hon Esperance Nyirasafari wagizwe Minisitiri w’Iterambere ry’umuryango na Hon Mureshyankwano Marie Rose wagizwe Guverineri w’Intara y’Amajyepfo. Abadepite bashya basimbuye aba, bagenwe hakurikijwe lisiti y’abakandida depite b’Umuryango FPR-Inkotanyi mu matora y’abadepite yo muri […]Irambuye
Mu murenge wa Rukira akarere ka Ngoma haravugwa abana bata ishuri bakajya gukorera amafaranga mu birombe by’umucanga ndetse n’indi mirimo y’amaboko itandukanye. Abaturage baravuga ko biteye impungenge ngo kuko aba bana bazageraho bagahinduka amabandi. Ubuyobozi bw’umurenge ngo ntibwari buzi iki kibazo ngo bugiye kugikurikirana mu maguru mashya. Mu kagari ka Nyinya Umurenge wa Rukira mukarere […]Irambuye
Mu cyumweru gishize, Stephanie Jaegers wo muri Leta ya Georgia muri USA yagize kubabara cyane mu nda maze ajya kwa muganga aziko arwaye impyiko kuko yazigiraga, ubwo muganga yariho amusuzuma yamubajije uko yumva amerewe no gutwita maze umugore aratungurwa amubwira ko adatwite ndetse ari mu mihango. Muganga yahise ategeka ko bamusuzuma byisumbuyeho ndetse birangira yemeje […]Irambuye
Tour du Rwanda 2016 irabura igihe gito ngo itangire. Umuseke wegeranyije ibintu 10 umukunzi w’uyu mukino yamenya ku isiganwa ry’uyu mwaka rizatangira tariki tariki 13 kugera 20 Ugushyingo 2016. Nicyo gikorwa cy’imikino cyonyine kigera mu Ntara zose z’u Rwanda, ni isiganwa rikurikiranwa n’abanyarwanda benshi kandi batishyuye. Tour du Rwanda ndwi (7) nizo zimaze kuba kuva […]Irambuye
Perezida Paul Kagame mu gitondo cyo kuri uyu wa kane yageze i Brazzaville muri Congo aho agiye mu ruzinduko rw’akazi nk’uko bitangazwa na Agence Presse Africaine (APA-Brazzaville) yo muri Congo. Perezida Kagame ageze kuri Aéroport Maya-Maya yakiriwe na mugenzi we Denis Sassou N’Guesso. Uruzinduko rwa Perezida Kagame i Brazzaville rukurikiranye n’inama y’abayobozi b’ibihugu bigize imiryango ya SADC na ICGLR yabaye […]Irambuye