Digiqole ad

Umugambi wo kwataka wahiriye Harry Redknapp

Umutoza w’ikipe ya Tottenham nyuma yo kuvana intsinzi yigitego 1 – 0 bwa AC Milan kuri stade ya Giussepe Meazza y’i Milano, yavuzeko yishimiye ko gahunda yajyanye yo kwataka Milan AC abakinnyi be bayikurikije kandi ikabahira.
“Tottenham dukunda gusatira, nirwo rufunguzo rwa ruhago, niko kuzibira izamu kwiza, ndishimye cyane” ayo namagambo y’umukambwe Harry Redknapp nyuma yintsinzi yakuye hanze mumukino ubanza wa 1/16 cya UEAFA Champions
Ligue.
Igitego cya Tottenham kikaba cyatsinzwe na Peter Crouch kumunota wa 80, nyuma ya contre attaque yari ikozwe na Aaron Lennon. uyu mukino ukaba waruryoheye ijisho bitewe nishyaka ryagaragaraga kumpande zombi ndetse n’ubwitange bwabanyezamu bamakipe yombi bakuyemo ibitego byinshhi byari byabazwe.
Milan vs Tottenham
Milan vs Tottenham
Umukinnyi wa Milan AC Gennaro Gatuso akaba ashobora gufatirwa ibihano na UEFA nyuma yo guta kumunigo umwe muba Staff wa Milan AC. (reba amafoto) Muwundimukino wabaye wa Champions ligue, Valance ikaba yanganyije na Chalke 04 igitego kimwe kuri kimwe.
Gomes wa Tottenham
Gomes wa Tottenham

Umutoza w’ikipe ya Tottenham nyuma yo kuvana intsinzi yigitego 1 – 0bwa AC Milan kuri stade ya Giussepe Meazza y’i Milano, yavuzeko yishimiyeko gahunda yajyanye yo kwataka Milan AC abakinnyi be bayikurikije kandiikabahira.
“Tottenham dukunda gusatira, nirwo rufunguzo rwa ruhago, niko kuzibiraizamu kwiza, ndishimye cyane” ayo namagambo y’umukambwe Harry Redknappnyuma yintsinzi yakuye hanze mumukino ubanza wa 1/16 cya UEAFA ChampionsLigue.
igitego cya Tottenham kikaba cyatsinzwe na Peter Crouch kumunota wa 80,nyuma ya contre attaque yari ikozwe na Aaron Lennon. uyu mukino ukabawaruryoheye ijisho bitewe nishyaka ryagaragaraga kumpande zombi ndetsen’ubwitange bwabanyezamu bamakipe yombi bakuyemo ibitego byinshhi byaribyabazwe.umukinnyi wa Milan AC Gennaro Gatuso akaba ashobora gufatirwa ibihano naUEFA nyuma yo guta kumunigo umwe muba Staff wa Milan AC. (reba amafoto)

Gattuso ashobora guhanwa
Gattuso ahobora guhanwa

Mu wundi mukino wabaye wa Champions ligue, Valance ikaba yanganyije naChalke 04 igitego
Gomes wa Tottenham

kimwe kuri kimwe.

en_USEnglish