Umugambi wo kwataka wahiriye Harry Redknapp
Umutoza w’ikipe ya Tottenham nyuma yo kuvana intsinzi yigitego 1 – 0bwa AC Milan kuri stade ya Giussepe Meazza y’i Milano, yavuzeko yishimiyeko gahunda yajyanye yo kwataka Milan AC abakinnyi be bayikurikije kandiikabahira.
“Tottenham dukunda gusatira, nirwo rufunguzo rwa ruhago, niko kuzibiraizamu kwiza, ndishimye cyane” ayo namagambo y’umukambwe Harry Redknappnyuma yintsinzi yakuye hanze mumukino ubanza wa 1/16 cya UEAFA ChampionsLigue.
igitego cya Tottenham kikaba cyatsinzwe na Peter Crouch kumunota wa 80,nyuma ya contre attaque yari ikozwe na Aaron Lennon. uyu mukino ukabawaruryoheye ijisho bitewe nishyaka ryagaragaraga kumpande zombi ndetsen’ubwitange bwabanyezamu bamakipe yombi bakuyemo ibitego byinshhi byaribyabazwe.umukinnyi wa Milan AC Gennaro Gatuso akaba ashobora gufatirwa ibihano naUEFA nyuma yo guta kumunigo umwe muba Staff wa Milan AC. (reba amafoto)
Mu wundi mukino wabaye wa Champions ligue, Valance ikaba yanganyije naChalke 04 igitego
Gomes wa Tottenham
kimwe kuri kimwe.