Digiqole ad

Minisitiri Joe Habineza yeguye

Nkuko byemejwe mu itangazo ryasohowe n’ibiro bya minisitiri w’intebe riremezako President Paul Kagame yemeye ukwegura kwa Joseph Habineza wari Minisitiri w’Urubyiruko Sporo n’Umuco.

Kegeza ubu impamvu yo kwegura kwa Ministri Joseph Habineza nyirubwite ntarazitangaza. Joseph Habineza akaba ari umugabo warumaze kumenyakana cyane kubera imyitwarire ye benshi bita iya ki jeune, yagaragariraga kuri stade mu mikino itandukanye, mubitaramo by’abahanzi n’ahandi hahurira abantu benshi.

Umuseke.com

2 Comments

  • murakoze cyane kutugezaho amakuru.
    kourage

  • nibyiza cyane kutugezaho amakuru turabashimwe

Comments are closed.

en_USEnglish