Episode 92: Eddy na Jane bakomeje kuryoherwa n’urukundo, uyu mubyeyi

Njyewe-” Eeeh! Ben, Abadapfuye?” Ben-” Ntibabura kubonana kabisa” James-” Eeeh! urabona Eddy wasize ukuntu asigaye ameze neza” Ben-” Ahubwo mwese ndabona isi mwarayiteruye mukayigiza   hejuru ni ukuri Brothers,  ubwo mbabonye ngasanga mumeze neza ndumva nduhutse” Njyewe-“Bro,   twishimiye  birenze kongera kubona umuvandimwe w’ibihe byose ahubwo se uri kuba hehe mu gihe ukiri mu Rwanda?” […]Irambuye

Episode 85: Eddy na Jane bakomeje imyiteguro y’ubukwe, Papa Jane

Episode 85: …… We-“Sha  wakwihanganye ukaza ku muhanda gato niba uri mu rugo!” Njyewe-“ ooooh! niho ndi ariko se koko ninde!” We-“ ni… nako banguka!” Ubwo ako kanya nahise nsiga Kadogo mu nzu nirukira ku muhanda nkigerayo mbona imodoka iparitse ku muhanda ndayegera mba mbonye urugi rufungutse Jane wari wambaye neza cyane  asohokamo mba ndamuyoye mushyira […]Irambuye

Episode 77: Kera kabaye, Papa Jane ahaye umugisha urukundo rwa

Episode 77: ….. akiri aho ya numero  ya Grace najyaga muhagaraho yahise imbipa nanga guhita nyihamagara mba ndetse gato. Uwo Papa Jane akomeza  kutwihanganisha muri ako kanya Sarah aba arinjiye akubise amaso James wari uryamye ku gitanda ajugunya isakoshi yari afite yiruka amusanga, Papa Jane  ahita adusezera aragenda. Sarah n’agahinda kenshi, Sarah-“James sha mutubabarire twatinze kubageraho!” […]Irambuye

TechWomen a mentorship and exchange program opportunity for female to

TechWomen participants are selected based on the eligibility requirements below. Applications are reviewed by independent selection committees composed of industry leaders and regional experts. Semifinalists may be interviewed by United States Embassy personnel in their country of permanent residence. 2017 TechWomen Eligibility Requirements Applicants must Be women with, at minimum, two years full-time professional experience in the […]Irambuye

Episode ya 73: Eddy yambitse impeta Jane mu ruhame bemeranya

Episode 73: ……. Mu by’ukuri ibyari biri aho byari ibyishimo birenze,muri ako kanya  Jane atarahumeka Sarah yahise atangira kuririmba happy birthday to Jane twese dufatiraho sukuririmba turahanika, ooohlala! mbega ibihe byari byiza! mbega amarira menshi y’ibyishimo! Ubwo umukozi waho twari turi yahise azana Gâteau bari badukoreye yari yanditseho amazina ya Jane n’imyaka ye, ndatambuka nsanga […]Irambuye

McCain Institute’s Next Generation Leaders Program 2017 (Fully Funded)

The McCain Institute’s flagship program is the Next Generation Leaders (NGL) program, designed to identify, train, network and empower a diverse group of emerging, character-driven leaders from the United States and around the world. The program offers a unique blend of professional development, exposure to top-level policymakers and formal training in leadership. At four junctures throughout […]Irambuye

Episode 50: Mignone: “Reka kunyigiraho umutagatifu Eddy …. “

Mignone-“Eddy iri joro ndagushaka niba hari agaciro umpa mu buzima bwawe, ukumva ko hari icyo nkumariye wirinde kunsuzugura!” Ubwo narahindukiye ndamureba duhuje amaso mbona nta soni cyangwa ubwoba atewe no kuba yari amaze kumbwira ayo magambo! Nabuze icyo mubwira mu gihe nkisuganya ngo ndebe uburyo namuhakanira ariko mwubashye nk’umuntu koko wari umfatiye runini mu kubaho kwanjye […]Irambuye

Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, ashyiraho n’Abayobozi b’Intara

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yashyizeho abayobozi batandukanye barimo Minisitiri mushya w’ubuzima Dr. Diane Gashumba wasimbuye Dr. Binagwaho wari umaze iminsi akuwe muri iyi Minisiteri, Dr. RUGWABIZA Valentine agirwa Ambasaderi w’u Rwanda muri UN asimbura Amb. Eugène-Richard Gasana wahagaritswe akanahamagarwa n’u Rwanda mu minsi yashize. Mu itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi, riravuga […]Irambuye

Ruhango: i Gitwe hagejejwe amazi meza

Kuri uyu wa kane abaturage bo muri centre ya Gitwe bagejejweho amazi meza yafunguwe n’umuyobozi w’Akarere ka Ruhango. Abaturage b’aha bavuze ko iki ari igikorwa kiza kuri bo kuko bari bamaze igihe kinini basaba ko bagezwaho amazi meza. Centre ya Gitwe no mu nkengero zayo abaturage baho bakoreshaga amazi bavomaga ku iriba ryacukuwe cyera ngo rijye […]Irambuye

Job vacancy – Managing Director position at INKOMOKO

POSITION:                           Rwanda Country Director (DBA: Inkomoko Managing Director) TERM:                                   Minimum 1year commitment with 3 month probationary period LOCATION:                         Kigali, Rwanda COMPENSATION:            Commensurate with experience ABOUT THE ORGANIZATION At African Entrepreneur Collective (AEC) we believe that the most pressing problems in Africahave solutions that already exist on the continent;African entrepreneurs know best the needs of […]Irambuye

en_USEnglish