Fatanya n’UM– USEKE kugaragaza UMUNYARWANDAKAZI w’Indashyikirwa

Mu rwego rwo gukomeza kuzirikana umunsi mpuzamahanga w’umugore n’ukwezi kw’ibikorwa byo gushyigikira iterambere rye, Umuseke wateguye igikorwa cyo kugaragaza abanyarwandakazi b’indashyikirwa mu bikorwa byabo kugira ngo babe itara ku bandi bibaza ko bidashoboka. Twifuje ko abasomyi ubwabo batanga amazina y’abanyarwandakazi babona ko bakoze imirimo ikomeye mu mwaka ushize, mu byiciro bitandukanye by’ubuzima. Urutonde ruzatangwa nirwo […]Irambuye

Umuhanzi Kizito Mihigo yahanishijwe imyaka 10 y’igufungo

Yavuguruwe ku isaha ya saa 17h50, 27 Gashyantare 2015: Urukiko ruhanishije umuhanzi wamamaye mu Rwanda mu ndirimbo za Kiliziya, Kizito Mihigo igifungo cy’imyaka 10 nyuma yo kumuhamya ibyaha bigamije kugirira nabi ubutegetsi buriho. Urukiko rumuhaye igihano gito (ugereranyije n’abo bareganwa) kuko ngo yaburanye yemera ibyaha. Abo bareganwaga hamwe, umunyamakuru Cassien Ntamuhanga yahanishijwe igifungo cy’imyaka 25. Dukuzumuremyi […]Irambuye

en_USEnglish