Kuri uyu wa kabiri uwahoze ari President wa Africa y’epfo Thambo Mbeki, yatangarije ibiro ntaramakuru bya Africa y’epfo SABC ko ubwo aheruka mu nama yo kwizihiza imyaka 20 ya African Capacity Building Foundation (ACBF) inama yaberaga i Kigali mu cyumweru gishize, yasanze U Rwanda ari igihugu cyateye imbere bitari amagambo. Muri iyi nama yari ifite […]Irambuye
General Gatsinzi Marcel Minisitiri ufite mu nshingano ze gucyura impunzi, mu ruzinduko aherutsemo kugirira muri Malawi yabonanye n’impunzi zigera ku bihumbi 2000 z’abanyarwanda azishishikariza gutaha. Izi mpunzi zikaba nyinshi muri zo zimaze igihe gisaga ku myaka 16 muri Malawi, kubijyanye n’impamvu zidataha, zikaba zarabwiwe na Marcel Gatsinzi ko ibyo bumva byibihuha ko ugeze mu Rwanda […]Irambuye
Hillary Clinton ashyigikiye imyigaragambyo muri IRAN: Nkuko tubikesha ibiro ntaramakuru BBC, umunyamabanga wa Leta muri Amerika Hillary Clinton yatangaje ko ashyigikiye imyigaragambyo igamije impinduka muri IRAN. Clinton, umugore w’uwahoze ari President w’Amerika Bill Clonton, yagize ati” abanya Iran bafite uburenganzira nkubwo abanya Misiri baherutse guharanira” Abanya Iran ibihumbi bateraniye kuri kurubuga rwa AZADI Square mumurwa […]Irambuye
Kuri uyu wa 15 Gashyantare, i Kigali hateraniye inama yateguwe n’ umuryango mpuzamahanga wita ku buzima bw’amatungo. Iyo nama ihuje intumwa zaturutse mu bihugu 45 bya Afrika, n’abafatanyabikorwa batandukanye, ikaba iri kwiga uburyo butandukanye bwateza imbere ubworozi ku mugabane wa Afrika. Muri iyi nama hazigirwamo uburyo harwanywa indwara z’amatungo kugira ngo Afrika yihaze ku bikomoka […]Irambuye
Umugaba mukuru w’ingabo z’ibihugu bigize ubwongereza bwaguye; United Kingdom na Irland y’amajyaruguru, General Sir David Richards, Kuruyu wa kabiri Gashyantare aragirira uruzinduko rwi’minsi itatu mu Rwanda. Nkuko byemezwa n’umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda Lt Col Jill Rutaremara. Uru ruzinduko rukaba rubaye mu rwego rw’ubufatanye hagati y’igisirikare cy’u Rwanda ndetse n’igisirikare cya United Kingdom, gusa ariko kandi […]Irambuye
Abakinnyi babiri b’abanye Ghana banze gusubira mu ikipe yabo kubera gutinya ibyaberaga mu misiri. Cofie na Eric Bekoe bakinira ikipe ya Petrojet mu cyiciro cya mbere mu misiri banze kwitaba guhamagarwa k’umutoza wabo Helmi Toulan ngo bagaruke mu myitozo, bavugako badashaka kongera kuba mubyo babobonye mu byumweru bibiri bishize. Eric Bekoe ati : “umuryango wange […]Irambuye
Ronaldo Nazario da Lima yagaragaye ku matereviziyo mpuzamahanga ni mugoroba asezera ku bakunzi be muri Ruhago, ati: “ntibyoroshye gusezera ku kintu cyagushimishaga” araturika ararira! Ronaldo, mu Rwanda benshi bitaga igifaru, bitewe n’ubuhanga yari yihariye mugutaha izamu, aretse umupira kumyaka 34, mu mpamvu yatanze yavuzemo imvune zikomeye mu mavi ye, umubiri we unaniwe kubera ibiro byinshi, […]Irambuye
Uyu ni umutwe w’inkuru nyuma yuko benshi bemeje ko Chelsea yacitse ikipe ya Fulham kuri stade yayo ya Graven Cottage i Londres mu ijoro ryakeye. Nyuma yo kunganya 0 -0 hagati y’aya makipe yombi, umutoza wa Fulham Mark Hughes yatanaje ko yababajwe cyane n’uko uyu mugoroba batagize amahirwe yo gutsinda Chelsea, nyuma yuko umukinnyi wabo […]Irambuye
Group D: Rwanda vs Angola (Hilal) Tunisia vs Senegal Nyama yo gutsindwa imikino yombi yabanje yo mu itsinda rya D, amavubi uyu munsi i Port Soudan muri Soudan, arakina umukino wanyuma mwitsinda n’ikipe ya Angola. Uyu mukino ufite icyo uvuze gusa ku ikipe zizazamuka hagati ya Tunisia, Senegal na Angola zose zigishaka ticket ya 1/4 muri […]Irambuye
Mu kwezi kwa kane uyu mwaka nibwo Kigali City Tour, inzu ndende mu Rwanda kurusha izindi izatahwa ku mugaragaro. Iyi nzu y’amagorofa 18 izakorerwamo ibintu byinshi nka mabanki, aho berekanira za cinema, amazu y’urubyiniro, restaurant, inzu zicururizwamo, amakuru atugeraho atubwirako za supermaket nka Nakumatt nazo zizakoreramo ndetse n’ibindi byinshi Iyi nzu ikaba ari intangiriro y’indi […]Irambuye