About UMUSEKE – Page 2508 – UMUSEKE

Inzu ndende mu Rwanda izafungurwa mukwa 4

Mukwezi kwa kane uyu mwaka nibwo Kigali City Tour, inzu ndende mu Rwanda kurusha izindi izatahwa ku mugaragaro. Iyi nzu y’amagorofa 18 izakorerwamo ibintu byinshi nka mabanki, aho berekanira za cinema, amazu y’urubyiniro, restaurant, inzu zicururizwamo, amakuru atugeraho atubwirako za supermaket nka Nakumatt nazo zizakoreramo ndetse n’ibindi byinshi Iyi nzu ikaba ari intangiriro y’indi miturirwa […]Irambuye

Perezida Kagame: Ese tugeze he?

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje aho u Rwanda rugeze ubu rwiyubaka,  itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda nkuko ribiteganya, mu ijambo rye Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yashimangiye ko abanyarwanda bageze kuri byinshi byiza kandi bikomeye. Akaba yibanze kuri ibi bikurikira: Aho igihugu kivuye Ishusho y’ U Rwanda uyu munsi: Ubukungu Urwego rw’ ubuzima […]Irambuye

Sangira ijambo na H.E Paul Kagame

Nyakahwa Perezida wa Republika Paul yatangaje ku mugaragaro ko afite umurongo kuri Facebook na Twitter aho abantu babyifuza bazajya bamubaza ibibazo cyangwa batanga ibitekerezo akazajya abasubiza we ubwe buri wa gatutu, ku makuru dukesha urubuga igihe.com, Facebook na Twitter ni site za internet wiba social networks mu rurimi rw’icyongereza ugenekereje mu kinyarwanda ni nk’ihuriro inshuti […]Irambuye

Yohana 13:34 Mukundane

Itegeko ribereho kubahirizwa iyo ritubahirijwe rirahanirwa. Kuki Yesu yagize gukundana itegeko? N’uko yari azi ko bigoye gukunda, byaba byoroshye gukunda ugukunda ariko gukunda umwanzi wawe birakomera. Niyo mpamvu Yesu yabigize itegeko kuko yavuze ati nimuramutsa ababaramutsa ntaho muzaba mutandukaniye nab’ isi, kuko nabo ariko babigenza bakunda ababakunda. Nagira ngo mbabwire ko mu nyama n’ amaraso bitakunda […]Irambuye

Democracy protests bring down Egypt’s Mubarak

CAIRO – Fireworks burst over Tahrir Square and Egypt exploded with joy and tears of relief after pro-democracy protesters brought down President Hosni Mubarak with a momentous march on his palaces and state TV. Mubarak, who until the end seemed unable to grasp the depth of resentment over his three decades of authoritarian rule, finally […]Irambuye

NUR:1337 barangije mu mwaka wa 2010

“Twakoresheje imbaraga nyinshi kugirango mugere kuri uru rwego mugezeho.” Aya ni amwe mu magambyo yatangajwe n’ Umuyobozi wa Kaminuza Nkuru y’ U Rwanda Prof Silas Lwakabamba kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Gashyantare mu muhango wo gushyikiriza impabumenyi abanyeshuri basaga 1337 barangije amasomo yabo mu mwaka ushize wa 2010. Umuyobozi wa Kaminuza Nkuru y’ […]Irambuye

Egypt army takes control , sign Mubarak on way out

CAIRO – Egypt’s military announced on national television that it stepped in to “safeguard the country” and assured protesters that President Hosni Mubarak will meet their demands in the strongest indication yet that the longtime leader has lost power. In Washington, the CIA chief said there was a “strong likelihood” Mubarak will step down Thursday. […]Irambuye

The Principle of Dedication

Commit Your Body to God “Therefore, I urge you brothers, in view of God’s mercy, to offer your bodies as living sacrifices, holy and pleasing to God – this is your spiritual act of worship.” Romans 12:1 (NIV) We all want to improve our lives. Every year goverments spend billions of francs on products, meetings […]Irambuye

Isoko ry’abakinnyi mu Bwongereza!

Uyu musore w’imyaka 26 akomoka mu gihugu cya Espagne akaba yari yageze muri Liverpool avuye muri Athletico Madrid aguzwe Miliyoni 20 ₤. Chelsea yesheje umuhigo w’ubwongereza isinyisha uyu musore kuyikinira mu gihe cy’imyaka itanu n’igice. Undi mukinnyi wamaze kugera muri Chelsea ni David Luis wakiniraga Benfica yo muri Portugal we wasinye hishyuwe miliyoni 21.3₤. Ikipe […]Irambuye

Intwari z’u Rwanda zunamiwe n’imiryango yabo

Tariki ya 1 Gashyantare ni Umunsi Mukuru w’ Intwari; ubwo hizihizwaga uyu munsi hirya no hino mu midugudu itandukanye mu gihugu, i Remera ku Gicumbi cy’ Intwari ho hari hateraniye Imiryango y’ Intwari z’ U Rwanda mu rwego rwo kubunamira no kubaha icyubahiro. Mu miryango yari iteraniye aho ku Gicumbi cy’ Intwari harimo umuryango w’ […]Irambuye

en_USEnglish