Rutahizamu wa APR FC n’ikipe y’igihugu Amavubi, Sibomana Patrick bita Papy ari gukina umwaka wa nyuma muri shampiyona y’u Rwanda mbere yo kujya muri AFC Tubize yo mu cyiciro cya kabiri mu Bubiligi. Ushinzwe gushakira isoko uyu musore w’imyaka 21 yumvikanye n’amakipe ane atandukanye i Burayi arimo ayo mu Bubiligi no muri Kazakhstan. Gusa AFC […]Irambuye
Brown- “Jojo! Utwite inda ya Gasongo?” Jojo- “Mpfura ya Data mwana wavutse mbere nkaza nyuma ijambo uvuze bwa mbere nyuma yo kuva ibuzimu ugaruka I buntu ni impamo!” Ako kanya Brown yahise yongera arasinzira Gaju aho yari ari ananirwa kwihangana induru ayiha umunwa, Gaju- “Ayiwee! Ahwiiiii! Mumfate wee! Jojo…” Mama Brown- “Ayiwe! Umwana wanjye noneho […]Irambuye
Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu cyateguwe n’ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda, umuvugizi w’ingabo Lt Col Rene Ngendahimana yavuze ko hazakorwa byinshi mu cyumweru ngarukamwaka kitwa Army-Week birimo kuvura abarwayi, kubaka ibiraro 18, imihanda hirya no hino n’ibindi. Umwihariko wa Army-Week y’uyu mwaka ngo ni uko izamara igihe kirekire ugereranyije n’izayibanjirije kuko izatangizwa ejo ku […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu, Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Obadia Biraro yagaragarije Inteko ishinga amategeko imitwe yombi uburyo ingengo y’imari y’umwaka wa 2015/2016, yagaragaje ko hari amafaranga agera kuri Miliyari 1.6 yasesaguwe, na miliyoni 906 yanyerejwe. Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Obadiah Biraro yagaragaje ko muri rusange mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2015/16, hari Miliyari […]Irambuye
Jeff Ajay ni umuhanzi ukizamuka. Mu ndirimbo ye yise ‘Kagame wacu’ agaruka ku bintu Umukuru w’Igihugu yagejeje ku Banyarwanda harimo gutuma abari ‘aboro baba aborozi’ binyuze muri gahunda ya Girinka. Mu bindi biri muri iyi ndirimbo ni ukuba umuriro w’amashanyarazi umaze gukwira ahantu henshi mu gihugu bigafasha mu iterambere ry’icyaro no mu zindi gahunda zitandukanye. […]Irambuye
*Yavuze ko Me Evode na P. Celestin Rwigema bamushinjuye muri USA, *Ngo yarokoye abantu 52 bahigwaha muri Jenoside. Mu rubanza ruregwamo Dr Leopold Munyakazi ukekwaho gukora ibyaha bya Jenoside mu cyahoze ari komini Kayenzi (Kamonyi y’ubu) kuri uyu wa 03 Gicurasi yitabye Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga ariko aza gusohoka mu cyumba aburaniramo iburanisha ritarangiye ariko […]Irambuye
*Avuga ko icyo Abanyafurika bagomba guhurizaho ari ukurwanya ibibazo bibugarije… Atangiza umwiherere w’iminsi itatu w’ibihugu bigize akanama gashinzwe amahoro n’umutekano mu muryango w’Ubumwe bw’Afurika watangiye kubera I Kigali kuri uyu wa 03 Gicurasi, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo yavaze ko muri Afurika atariho honyine harangwamo ibibazo bihungabanya umutekano w’abaturage. Muri uyu mwiherero wahuje […]Irambuye
Mu gitondo kuri uyu wa Gatatu hari umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 29 watoraguwe mu gihuru giherereye mu mudugudu wa Kaboshya mu Kagali ka Rwabutenge mu Murenge wa Gahanga. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gahanga Florence Ntakontagize yabwiye Umuseke ko ahagana sa tatu za mu gitondo ari bwo uwo murambo wabonetse. Umurambo wa nyakwigendera ngo […]Irambuye
*Ngo ntibaremererwa kuhivuriza bakoresheje mutuelle de sante, *Baruhutse urugendo rw’amasaha abiri bajya kwivuza ahandi. Mu kagari ka Sakara, umurenge wa Murama mu karere ka Ngoma huzuye ivuriro ryo ku rwego rwa “Poste de santé” ryagizwemo uruhare n’abaturage mu iyubakwa ryayo, amafaranga milioni 25 yaryubatse, asaga milioni eshanu (Rfw 5 000 000) yari uruhare rw’abaturage. Abaturage bahamya […]Irambuye
Umugore wa Perezida wa Nigeria, Aisha Buhari yavuze ko Perezida Buhari atarwaye cyane nk’uko abantu babyumva. Kuri twitter yanditse ko Perezida Muhammadu Buhari, w’imyaka 74, yakomeje inshingano ze kandi ngo yahuye n’Abaminisitiri. Hari itsinda ry’abantu bakomeye muri Nigeria basabye Perezida Buhari kuba yafata ikindi kiruhuko cya muganga mu gihe ubuzima bwe bukomeza kwibazwaho byinshi. Muri […]Irambuye