Kuri uyu wa 02 Weruwe Umucamanza Linda Reade wo mu rukiko rwo muri Leta ya Lowa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yahamije umunyarwanda Gervais Ngombwa icyaha cyo kubeshya inzego za Leta agamije kubona sitati y’ubuhunzi muri iki gihugu. Uyu munyarwanda Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bunamurikiranyeho ibyaha bya Jenoside akekwaho kuba yarakoze mu 1994. Uyu mucamanza wahamije Gervais […]Irambuye
Rubavu – Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane umuhesha w’inkiko w’umuga hamwe n’abashinzwe umutekano basohoye Rachel Ntakazarimara mu nzu amazemo imyaka 20 anafitiye ibyangombwa by’ubutaka bimwanditseho. Abamureze mu nkiko bakamutsinda ni abavandimwe bavukana. Bamusohoye mu gihe ategereje ko Umuvunyi amurenganura… Umuseke wasanze bamaze kumusohora mu nzu iri mu mudugudu w’Inkurunziza, Akagari ka Mbugangari mu […]Irambuye
Mu masaha ya saa mbili za mu gitondo ejo hashize ku wa kane mu murenge wa Kageyo mu karere ka Gicumbi, mu gace kari hagati y’i Nkambi ya Gihembe n’ingo z’abaturage hagaragaye umurambo w’umuntu wari impunzi muri iyo nkambi. Uwo mugabo witwa Rutikanga Faustin wari ufite imyaka 52 umurambo we abagendaga mu nzira bawubonye muri […]Irambuye
Twumvise umuntu ukomanze, Gaju ahita ahaguruka akuraho rido ngo arebe uwo ari we, akiyikuraho yabaye nk’uwikanga mu gufungura hinjira umukobwa ushinguye kandi ukuze bigaragara. Yari yambaye agapantalo gato kamwegereye n’udukweto duhagaze, hejuru ho sinakubeshya nabonye aribwo bwa mbere nari mbibonye. Yari afite isakoshi nini isa n’iremeye akinjira arikanga, We-Muraho? Twese-Muraho namwe! We-Uuuh! Ko mbona… Nako […]Irambuye
Kuri uyu wa 02 Werurwe 2017, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe Impapuro z’Agaciro mvinjwafaranga z’umwenda wa Leta (Treasury Bond) zifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 11,600,000, zagurishijwe muri ‘deals’ eshatu, ku mafaranga ari hagati ya 100.2 na 103. Izi mpapuro zacurujwe kuri uyu wa gatatu ni iz’imyaka itanu Leta yagushije mu mwaka ushize wa 2016 (FDX1/2016/5yrs), […]Irambuye
Kuri uyu wa 02 Werurwe 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga y’u Rwanda 103.90. Kuri uyu wa kane, umugabane w’iki kigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafaranga 103.90, uvuye ku mafaranga 103.88 wariho kuwa gatatu, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0.02. Kuva mu kwezi […]Irambuye
Muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame hari byinshi yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi, bikubiye mu cyiswe “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”. Mu gihe habura amezi macye ngo manda ya kabiri irangire, UM– USEKE ukomeje kubagezaho inkuru zigaragaza ibyagezweho n’ibitaragezweho mubyo yemereye abaturage, dushingiye ku bipimo bihari. Inkuru iheruka yagarutse ku ‘Inkingi ya mbere […]Irambuye
Mu Murenge wa Rukara, Akarere ka Kayonza hari abaturage bavuga ko bahisemo kurarana n’amatungo munzu imwe kubera ko abajura babamereye nabi, kandi kuribo ngo aho kubura itungo ryawe wariha icyumba mukibanira. Aba baturage bavuga ko ubujura i Rukara, by’umwihariko mu kagari ka Rukara, ahitwa i Paris bumaze gufata intera yo ku rwego rwo hejuru, byatumye […]Irambuye
Umuforomokazi Salome Karwah wagizwe umuntu w’umwaka n’ikinyamakuru Time Magazine mu mwaka wa 2014 kubera ubwitange yagize mu kwita ku barwayi b’icyorezo cya Ebola yaguye mu bitaro aho yari yagiye kubyarira nyuma y’aho abanganga banze kumwitaho, ngo banze kumukoraho bakeka ko arwaye Ebola. Salome Karwah w’imyaka 28 yagizwe intwari kubera kurwanya icyorezo cya Ebola, yari yibarutse […]Irambuye
Mu biganiro mpaka bitegurwa n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu n’iterambere mu bihugu by’ibiyaga bigari (Great Lakes Initiative for Human Rights and Development/ GLIHD) zimwe mu mpuguke zirasaba ko itegeko rirebana no gukuramo inda rivugururwa hakongerwamo izindi ngingo zirengera igitsinagore kuko iri tegeko rikirimo imbogamizi ku bemerewe gukuramo inda. Kuva mu mpera z’umwaka ushize hatangijwe ibiganiro […]Irambuye