*Abamotari biyemereye ko bajya batwara abakora uburiganya nk’abajura, n’abagiye mu bindi bikorwa bibi … *Moto zitanditse ni zo zikoreshwa muri ibi bikorwa, *Basabwe kujya babaza umwirondoro w’uwo bagiye gutwara kugira ngo batahure ko ataba ari ‘HADUYI’, *Mu mezi atatu, moto zakoze impanuka ni 229, zahitanye ubuzima bw’Abamotari 16 hakomereka 74. Mu nama yahuje abakora umwuga […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu tariki 27 Mata 2016 shampiyona y’u Rwanda irakomeza ku munsi 19. Umukino ukomeye urahuza Mukura VS iza kwakira Rayon sports kuri stade Huye. Izi ziri guhatana mu zishaka igikombe. Mukura VS igiye kwakira Rayon Sports kuri stade Huye, nyuma y’imyaka itandatu (6) kuko byaherukaga muri 2011 iyi stade itaratangira kuvugururwa. Amakuru […]Irambuye
https://www.youtube.com/watch?v=5Elrj9nZ9hEIrambuye
Inama ya 26 ya World Economic Forum kuri Africa igiye guteranira i Kigali mu kwezi gutaha, intero yayo izaba igira iti “Connecting Africa’s Resources through Digital Transformation” mubyo iyi nama izigaho izareba ku byaganiriweho ubushize byo guhanga imirimo kuri benshi aho bigeze kuko hari impungenge ko mu 2030 ku isi hazaba hari abantu miliyoni 470 […]Irambuye
Riek Machar ukuriye inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Salva Kiir yageze ku murwa mukuru Juba mu rwego rwo kubahiriza amasezerano y’amahoro aheruka gusinywa. Indege ye yageze ku kibuga cy’i Juba ku gicamunsi, ku isaha ya saa 3h47 p.m kuri uyu wa kabiri tariki 26 Mata 2016. Machar yari ategerejwe i Juba ku wa Mbere w’iki cyumweru […]Irambuye
Hadi Janvier nubwo yatinze kujya mu Budage mu Ikipe ya BikeAid kuko yatinze kubona ibyangombwa, aho agereye yo yatangiye kwitwara neza. Tariki 11 Ukuboza 2015, nibwo abasore babiri b’Abanyarwanda bakina umukino w’amagare, Hadi Janvier wabaye uwa 10 muri Afurika muri 2015, na Nsengimana Jean Bosco wegukanye “Tour du Rwanda” iheruka basinye amasezerano yo gukinira Stradalli […]Irambuye
Umugore wa Mwai Kibaki wabaye Perezida wa Kenya yitabye Imana aguye mu bitaro bya Bupa Cromwell i Londres mu Bwongereza, ku myaka 75. Daily Nation yanditse ko Lucy Muthoni Kibaki avugwaho ko yabaye intangarugero mu mirimo ye, yafashije byinshi mu mirimo y’igihugu, ubwo umugabo we yayoboraga Kenya kuva mu 2002 kugeza 2013. We na Mwai […]Irambuye
Uyu muryango, Heavenly Culture, World Peace, Restoration of Light, (HWPL) watangiriye mu gihugu cya Korea, ufite abawuhagarariye mu Rwanda, bavuga ko bakeneye amajwi y’Abanyarwanda 5000, ku gira ngo nibura Umuryango w’Abibumbye UN, yemera ko ibihugu bisinya Itegeko ry’Amahoro ku Isi no guhagarika Intembara. Bosco Nshimiyimana Umuvugizi w’Amahoro, ku rwego rw’Umuryango w’Ihuriro ry’Amatorero mu kumenyesha Ukuri, […]Irambuye
Ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi mu karere ka Nyaruguru kuva imvururu zakwaduka mu Burundi abayobozi baho bakabishinja u Rwanda habayeho guhungabana kw’ubuhahirane n’imibanire hagati y’Abarundi n’Abanyarwanda baturiye ibi bice. Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru ariko avuga ko nubwo hajemo ikibazo ariko abaturage bo ubwabo nta kibazo bafitanye, ndetse Abarundi bo baracyambuka cyane bakaza guhaha ku […]Irambuye
Nyampinga w’u Rwanda 2016 Mutesi Jolly arasaba abanyarwanda bose gushyigikira Miss Doriane wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2015 urimo guhatanira kuba Nyampinga wa Afurika ‘Miss Africa Continent’ mu bihugu 16 byitabiriye iryo rushanwa. Kundwa Doriane uri mu Mujyi wa Johannesburg muri Afrika y’Epfo, kugeza ubu ari ku mwanya wa kabiri mu majwi yo kuri internet mu […]Irambuye