Month: <span>April 2016</span>

CP Gatete yeretse Abamotari uko kuvumbura ko batwaye ‘Haduyi’ byaborohera

*Abamotari biyemereye ko bajya batwara abakora uburiganya nk’abajura, n’abagiye mu bindi bikorwa bibi … *Moto zitanditse ni zo zikoreshwa muri ibi bikorwa, *Basabwe kujya babaza umwirondoro w’uwo bagiye gutwara kugira ngo batahure ko ataba ari ‘HADUYI’, *Mu mezi atatu, moto zakoze impanuka ni 229, zahitanye ubuzima bw’Abamotari 16 hakomereka 74. Mu nama yahuje abakora umwuga […]Irambuye

Rayon irasura Mukura VS mu mukino ufite icyo uvuze ku

Kuri uyu wa gatatu tariki 27 Mata 2016 shampiyona y’u Rwanda irakomeza ku munsi 19. Umukino ukomeye urahuza Mukura VS iza kwakira Rayon sports kuri stade Huye. Izi ziri guhatana mu zishaka igikombe. Mukura VS igiye kwakira Rayon Sports kuri stade Huye, nyuma y’imyaka itandatu (6)  kuko byaherukaga muri 2011 iyi stade itaratangira kuvugururwa. Amakuru […]Irambuye

Mu 2030 abantu miliyoni 470 bazaba bashaka akazi, inama ya

Inama ya 26 ya World Economic Forum kuri Africa igiye guteranira i Kigali mu kwezi gutaha, intero yayo izaba igira iti “Connecting Africa’s Resources through Digital Transformation” mubyo iyi nama izigaho izareba ku byaganiriweho ubushize byo guhanga imirimo kuri benshi aho bigeze kuko hari impungenge ko mu 2030 ku isi hazaba hari abantu miliyoni 470 […]Irambuye

Nubwo yatinze kugera mu Budage, Hadi Janvier yatangiye neza

Hadi Janvier nubwo yatinze kujya mu Budage mu Ikipe ya BikeAid kuko yatinze kubona ibyangombwa, aho agereye yo yatangiye kwitwara neza. Tariki 11 Ukuboza 2015, nibwo abasore babiri b’Abanyarwanda bakina umukino w’amagare, Hadi Janvier wabaye uwa 10 muri Afurika muri 2015, na Nsengimana Jean Bosco wegukanye “Tour du Rwanda” iheruka basinye amasezerano yo gukinira Stradalli […]Irambuye

HWPL, umuryango wita ku Mahoro, uraharanira ko Intambara ku Isi

Uyu muryango, Heavenly Culture, World Peace, Restoration of Light, (HWPL) watangiriye mu gihugu cya Korea, ufite abawuhagarariye mu Rwanda, bavuga ko bakeneye amajwi y’Abanyarwanda 5000, ku gira ngo nibura Umuryango w’Abibumbye UN, yemera ko ibihugu bisinya Itegeko ry’Amahoro ku Isi no guhagarika Intembara. Bosco Nshimiyimana Umuvugizi w’Amahoro, ku rwego rw’Umuryango w’Ihuriro ry’Amatorero mu kumenyesha Ukuri, […]Irambuye

‘Iyo agasozi karwaye, akandi kaba kaniha’ iby’i Burundi byadukozeho –

Ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi mu karere ka Nyaruguru kuva imvururu zakwaduka mu Burundi abayobozi baho bakabishinja u Rwanda habayeho guhungabana kw’ubuhahirane n’imibanire hagati y’Abarundi n’Abanyarwanda baturiye ibi bice. Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru ariko avuga ko nubwo hajemo ikibazo ariko abaturage bo ubwabo nta kibazo bafitanye, ndetse Abarundi bo baracyambuka cyane bakaza guhaha ku […]Irambuye

Miss Jolly arasaba gushyigikira Doriane akaba Miss wa Afurika

Nyampinga w’u Rwanda 2016 Mutesi Jolly arasaba abanyarwanda bose gushyigikira Miss Doriane wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2015 urimo guhatanira kuba Nyampinga wa Afurika ‘Miss Africa Continent’ mu bihugu 16 byitabiriye iryo rushanwa. Kundwa Doriane uri mu Mujyi wa Johannesburg muri Afrika y’Epfo, kugeza ubu ari ku mwanya wa kabiri mu majwi yo kuri internet mu […]Irambuye

en_USEnglish