Miss Sandra Teta wari umaze iminsi arega igitangazamakuru Igihe.com yatangarije Umuseke ko yumvikanye nacyo ku makimbirane bari bafitanye akaba yaretse miliyoni 4 z’amafaranga y’u Rwanda Urwego rw’abanyamakuru bigenzura (RMC) rwari rwategetse Igihe.com kumuha, Igihe ngo cyemeye kwandika inkuru ivuguruza ibyari byanditswe mbere. Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 3 Nzeri, Sandra Teta yatangarije […]Irambuye
Ahagana saa cyenda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 03 Nzeri 2015 inkuba yakubise abanyeshuri 18 kuri Groupe Scolaire ya Nyamugali, kugeza ubu bose bakaba barembye. Umuyobozi w’iri shuri ahakana amakuru avuga ko umwe muri aba bana yahise yitaba Imana. Umuyobozi w’iri shuri riherereye mu murenge wa Remera Akagali ka Nyamagana avuga ko abana bagera […]Irambuye
* Afatwa nk’Imana mu Buhinde, *Ku isi bamwe bamufata nk’umwe mu banyabwenge bakomeye ku rwego rwa ba Socrates, *Bamwe mu bashakashatsi muri Africa y’epfo banditse ko yigeze kubaho yanga Abirabura. Uwo ni Mohandas Karamchand Gandhi wayoboye Abahinde mu rugamba rwo gushaka ubwigenge bwabo. Mu gitabo cyabo bise “The South African Gandhi: Stretcher-Bearer of Empire.” Prof […]Irambuye
Club House La Palisse Hotels iherereye mu karere ka Gasabo mu murenge wa Kimironko mu ntera ya Km 1 uvuye ku kibiga cy’indege cya Kigali Kanombe, kuri uyu wa gatanu irafungurira abakiliya bayo inzu y’imyidagaduro ku bakunda umuziki no kubyina imbyino za kera (igisope Live Band). Nsengiyumva Ubber ushinzwe ubucurizi no kwamamaza muri Hotel La […]Irambuye
Indege z’intambara zazengurutse urubuga rwerekana kugera ku bwigenge bw’u Bushinwa rwiswe Tiananmen Square ruri mu murwa mukuru Beiijng kuri uyu wa Kane mu rwego rwo gufatanya n’ibihugu bicuditse n’u Bushinwa kwishimira ku nshuro ua gatatu ukuntu bwatsinze u Buyapani mu Ntambara ya Kabiri y’Isi. Ingabo zirwanira mu kirere z’u Bushinwa zerekanye indege ziruka cyane, zifite […]Irambuye
03 Nzeri 2015 – Amakuru aturuka kuri Ecole Primaire Nyamugwagwa mu kagari ka Nyamugwagwa mu murenge wa Ruganda mu karere ka Karongi aravuga ko mu mvura yarimo igwa kuri uyu mugoroba inkuba yakubise abana 40, batanu bahita bapfa abandi 35 barakomereka ndetse ngo bagize ihahamuka mu buryo bukomeye. Abahuye n’ikibazo bajyanywe mu bitaro bya Kibuye ngo bitabweho. […]Irambuye
Mu mpeshyi ya 2003 ubwo Amavubi aheruka gutsinda Black Stars ya Ghana, Désiré Mbonabucya niwe wari Kampiteni w’iyi kipe, imyaka 12 nyuma yabwo ntibyongeye. Ubutumwa ubu atanga mbere y’uko u Rwanda rukina na Ghana ni uko igihe ari iki ngo Amavubi yongere ahangamure iki gihangange. Ghana ni ikipe ikomeye ugereranyije n’Amavubi, ni ikipe ya gatatu […]Irambuye
Imirambo y’abasirikare 10 bo mu ngabo za Uganda UPDF bishwe n’inyeshyamba za Al -Shabab mu gihugu cya Somalia yagejejwe iwabo. Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda yavuze ko igitero cya al- Shabab cyari icyo guhindura umukino “game changer”, asaba uyu mutwe kwitegura ‘igisubizo nyacyo’ (kwihorera kungana n’igitero yakoze). Abasirikare 12 bo mu ngabo za Uganda byatangajwe ko […]Irambuye
Ikipe y’u Rwanda yazamutseho imyanya 13 ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA rwatangajwe kuri uyu wa 03 Nzeri 2015. Amavubi yavuye ku mwanya wa 91 rufata uwa 78 kuri uru rutonde. Ahanini byaturutse ku gutsinda umukino wa gicuti uherutse guhuza u Rwanda na Ethiopia aho Amavubi yitwaye neza agatsinda Walias ibitego bitatu kuri kimwe i Kigali […]Irambuye
Mu mpera z’ukwezi kwa 07/2015 ubwo Umuseke wabazaga ubuyobozi bw’Akarere ku kibazo cy’umusaza Cyprien Beningagi uvuga ko yambuwe ikibanza n’umuntu utazwi ariko akeka ko ari umutekinisiye mu karere ka Kicukiro, bwasubije ko iki kibazo butari bucyizi. Bumuha amatariki yo kuza bagakemura ikibazo cye, ikibazo cy’uyu musaza ubuyobozi bw’Akarere ntiburakimuhaho umwanzuro, we ariko ngo ababajwe no […]Irambuye