Month: <span>April 2014</span>

Kenyatta yasinye itegeko ryemerera abagabo gushaka abagore benshi

Kuri uyu wa 29 Mata, Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta yasinye Itegeko ry’ubukwe rya 2014, risobanura ubwoko bw’ubukwe butandukanye harimo gushaka abagore benshi, gushaka umugore umwe, ubukwe gakondo, ubukwe bwa Gikirisitu, ubwa Kislamu n’ubwa gihindu. Iri tegeko rirakomatanya andi amtegeko yose ajyanye n’ubukwe, rigatanga imirongo ngenderwaho kugira ngo abashyingiranwe batandukane, riteganya kandi imihango n’ibijyanye no […]Irambuye

Jackie Appiah na Prince David Osei bagiye kuza mu Rwanda

Abakinnyi ba sinema bakunzwe cyane muri Afurika aribo Jackie Appiah uwo muri Ghana na Prince David Osei wo muri Nigeria, barateganya uruzinduko mu Rwanda mu rwego rwo gushaka kumenyekanisha sinema nyarwanda ku rwego mpuzamahanga. Binyuze muri Company yitwa A Plus Ltd ikora ibijyanye na sinema mu Rwanda, Nollywood Cinemas yo mu gihugu cya Nigeria igiye […]Irambuye

Rihanna akomeje kwiyambika ubusa

Amafaranga, kwamamara n’ubutunzi bikomeje gutuma Rihanna yemera gukorera akayabo akambara ubusa agafotorwa ibinyamakuru y’ubuzima bw’abastar bikagurisha byinshi. Vogue Magazine ishami rya Brazil niryo riherutse kumwambika ubusa. Rihanna ntagitinya kwambara n’ubusa buri buri imbere ya za camera, yambaye nk’agashweta mu gituza gusa, nyamara areberwaho na za miliyoni z’urubyiruko ku Isi. Mu kwezi kwa gatanu kuje azasohoka […]Irambuye

Kwihangira imirimo bizagabanya umubare w'abateze amakiriro kuri Leta

Abanyarwanda bakomeje kurushaho gukangurirwa kwihangira imirimo, bicishijwe mu kigo cy’igihugu cy’ iterambere RDB mu gashami k’icyo kigo kitwa BDC ( Business Development Center), kugirango barusheho kwiteza imbere badategereje buri gihe imirimo kuri Leta. Ibi bikomeje gushishikazwa n’abayobozi ba BDC ndetse n’inararibonye mu kwihangira imirimo, ubwo basozaga amahugurwa y’ibyumweru 14 yateguwe na BDC, mu kwihangira imirimo, yasojwe […]Irambuye

Nshatse kuvanaho Macky Sall nabikora- Abdoulaye Wade

Uyu musaza wayoboye Senegal yagarutse mu gihugu cye azanywe no guharanira ko umuhungu we Karim Wade afungurwa. Mu kiganiro yahaye Jeune Afrique kizasohoka mu buryo burambuye mu minsi iri imbere Abdoulaye Wade yavuze ko abishatse yakuraho Macky Sall uyobora Senegal muri iki gihe. Wade w’imyaka 87 akimara kugera mu gihugu cye imbaga y’abaturage yaje kumwakira iririmba indirimbo zirimo […]Irambuye

Yari ikinege, yasigaye ari ikinege

Jean Louis Nsengimana Jenoside yabaye afite imyaka itandatu, yari umwana umwe abana n’ababyeyi be mu Matyazo ahari muri Komini Ngoma, ubu ni mu karere ka Huye, Jenoside yamutwaye ababyeyi be asigara wenyine nk’uko yavuze. Nyuma y’imyaka 20 ubuzima burakomeje… Se yishwe muri Jenoside abasha kurokokana na nyina bihishahisha, ariko nawe nyuma gato kubera ingaruka za […]Irambuye

“Kuba umuhanzi bitandukanye cyane no kuba umukinnyi wa football” –

Tosh Luwano umuhanzi mu njyana ya Afrobeat akaba n’umunyamakuru uzwi muri muzika nka Uncle Austin, aratangaza ko kuba uri umuhanzi bitandukanye cyane no kuba waba umukinnyi w’umupira w’amaguru. Imwe mu mpamvu atangaza, ngo ni uko iyo ufite impano yo kuririmba koko udashakisha ntaho impano yawe ishobora kujya. Bitandukanye cyane nuko umukinnyi w’umupira w’amaguru iyo amaze […]Irambuye

Umuherwe arasubiza igihembo yahawe yanga abadaha agaciro ibyo Kagame yagezeho

Ashish J. Thakkar, umuherwe uzwi muri Africa wabaye mu bwana bwe muri Uganda yatangaje mu mpera z’icyumweru gishize ko agiye gusubiza igihembo gikomeye yahawe na World Entrepreneurship Forum yamagana ko abakimuhaye bagaragaje gukorera mu kwaha kwa politiki y’u Bufaransa no kudaha agaciro ibyo Perezida Kagame yagejeje ku Rwanda . Ashish J. Thakkar umuherwe utuye i Dubai watangije […]Irambuye

Chorale Duhuzumutima yahaye 600 000Rwf umuryango w’abarokotse

Mu mpera z’icyumweru gishize mu gikorwa kwibuka ku rwego rw’Umurenge wa Muhima Jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 20  cyabereye kuri St Famille, Korare Duhuzumutima yo ku mudugudu wa ADEPR Muhima yaremeye umuryango w’abacitse ku icumu batishoboye ugizwe nabantu 15 ubafashisha cheque ya 600.000Rwf. Rudasumbwa Mugisha Ezechiel ushinzwe itangazamakuru avuga ko kuri chorale yabo iki […]Irambuye

3 JOBS Positions at Kepler, Kigali, Rwanda – DEADLINE: 08/05/2014

3 JOBS Positions at Kepler, Kigali, Rwanda – DEADLINE: 08/05/2014 For more information, please click on the job title: Operations Manager Technician Finance Manager How to Apply & Contact Us To apply, please fill out the on line job application form: https://generationrwanda.wufoo.com/forms/technician/. Please note that the online form requires submission of a resume. All applications […]Irambuye

en_USEnglish