Month: <span>February 2014</span>

Trackslayer yavuye muri Touch Records ajya muri Infinity Records

Nshuti Peter umu producer uzwi cyane mu gutunganya indirimbo z’abahanzi nyarwanda ukoresha izina rya Trackslayer, ubu yaba yerekeje mu yindi studio yitwa ‘Infinity Records’ nyuma yo kuva muri ‘Touch Records’. Ibi abitangaje nyuma y’aho yari amaze igihe kingana n’umwaka wose akorera muri Touch Records ndetse akaba yanafatanyaga n’undi mu producer ukunzwe muri iyi minsi witwa […]Irambuye

Kinshasa: Omar el-Béchir yakirijwe imyigaragambyo

Mu nama y’ibihugu yiga ku Isoko rusange rihuriwe n’ibihugu by’Afurika yo hagati n’iy’Amajyepfo COMESA, imiryo 90 ivuga ko irengera uburenganzira bwa muntu i Kinshasa yiraye mu mihanda isaba ko Perezida wa Sudani Omar el-Béchir, atabwa muri yombi. Omar el-Béchir yageze i Kinshasa ejo kuwa kabiri ku butumire bwa Perezida Joseph Kabila kugira ngo yitabire inama […]Irambuye

Kuwa 26 Gashyantare 2014

U Rwanda nk’igihugu cyiganjemo Abakirisitu benshi, hari ahantu hatandukanye hubatswe ibikorwa byerekana inkuru zimwe na zimwe z’ubuzima wa Yesu. Aho ni hamwe muri ho herekana Yesu abambwe ku musaraba, hasi ye hahagaze Nyina Mariya na Yozefu. ububiko.umusekehost.comIrambuye

Ikibazo cyo gusambanya abana cyafashe intera yo hejuru mu bamotari-

Umuyobozi mukuru wa Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu Nirere Madeleine yabwiye abanyamakuru ko imibare itangwa n’abakorera bushake bayo mu Ntara zose z’igihugu igagaraza ko mu bana 143 basambanyijwe mu mwaka w’ 2013 abenshi basambayijwe n’Abamotari. Ibi yabivuze mu Nama yahuje iyi Komisiyo n’abafatanya bikorwa bayo, ikaba yari yatumiwemo n’abanyamakuru, kugira ngo bigire hamwe icyakorwa mu kugabanya […]Irambuye

Jay Polly ahawe andi mahirwe nk'umuhanzi ushobora guhatanira PGGSS4

Tuyishime Joshua uzwi muri muzika nka Jay Polly nyuma y’aho mu mwaka ushize wa 2013 yagiranye ikibazo n’abanyamakuru akaza kutagaragara mu bahanzi bitabiriye Primus Guma Guma Super Star3, ubu noneho yaje ku rutonde rw’abahanzi 15 bafite amahirwe yo kuvamo 10 bazajya muri iri rushanwa ku nshuro ya kane rigiye kuba. Uyu muhanzi ufite abakunzi batari […]Irambuye

Gicumbi: Umugore atuye mu nzitiramubu n’abana be

Mu gihe Leta y’u Rwanda yahagurukiye kurwanya nyakatsi, umugore witwa Mushimiyimana Olive wo mu Karere ka Gicumbi, umurenge wa Manyagiro, akagari ka Rusekera, umudugudu wa Rebero amaze icyumweru aba mu nzitiramibu nyuma yo kwirukanwa n’abe. byabaye nyuma yo kwirukanwa n’umugabo we Nsabimana Jean Claude kubera uburwayi bwo mu mutwe afite, umugore we yajyanye n’abana babiri […]Irambuye

“Burya inkono ihira igihe nta mpamvu yo kwiheba”- TBB

Itsinda rigizwe n’abasore bagera kuri batatu, Mc Tino, Bob na Benjamin rimwe mu matsinda akora injyana ya Afrobeat, nyuma y’aho batabonekeye ku rutonde rw’abahanzi 15 bazatoranywamo 10 bazitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya kane rigiye kuba, ngo nta mpamvu yo gucika intege. Ahagana ku isaha ya saa moya n’igice zo […]Irambuye

Kwizera Pierre Marchard yasinye mu ikipe ya Volley ya Rayon

Kuri uyu wa Kabiri ikipe ya Volley ya Rayon Sport yasinyishishije  umukinnyi Kwizera Marchard wahoze akinira ikipe ya Volley ya Inatek akazakinira Rayon Sports Volleyball Club mu gihe cy’imyaka ibiri. Mu kiganiro Marchard yagiranye na UM– USEKE  yatubwiye ko n’ubwo yarasanzwe akinira ikipe ya UMUBANO Blue Tigers atarafitanye amasezerano nayo ariko akaba yayikiniraga kuko ntayindi […]Irambuye

Mukura Victory Sport yabonye umutoza mushya wungirije

Amakuru aturuka mu ikipe ya Mukura Victory Sport avuga ko iyi kipe yamaze kubona umutoza mushya ugiye kungiriza Kaze Cedrick uwo ni Gatera Alphonse. Umutoza Gatera wahoze ari umutoza wungirije mw’ikipe ya Police FC agomba guhita atangira akazi ke nyuma yo gusinya amasezerano. Abayobozi ba Mukura VS babwiye UM– USEKE ko bamaze kumvikana n’uyu mutoza […]Irambuye

Uruhare rw’urubyiruko mu iterambere rurakenewe – Brig.Gen Nzabamwita

Urubyiruko rurasabwa  kumva ko arirwo rugomba kugira uruhare rukomeye mu kubaka igihugu, nk’uko Brig.Gen Joseph Nzabamwita yabigarutseho mu kiganiro yatanze muri kaminuza yigenga  ya Kigali, ishami rya Rubavu mu biganiro byateguwe n’Umuryango uharanira  imiyoborere myiza n’Iterambere ry’Urubyiruko (RGPYD).   Ibiganiro byaberaga i Rubavu byateguwe n’Umuryango nyarwanda utegamiye kuri Leta uzwi ku izina rya “Rwanda Good […]Irambuye

en_USEnglish