Month: <span>August 2013</span>

Kenya Airways yatangiye ingendo Kigali na Bujumbura

Kenya Airways yatangije ingendo zituruka ku cyicaro cyayo i Nairobi igana i Kigali mu Rwanda ndetse na Nairobi-Bujumbura mu rwego rwo kongera ibikorwa byayo mu Karere cy’ibiyaga bigali nkuko iyi kompanyi itwara abantu mu kirere ibitangaza. Urugendo ruzajya  rukorwa<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/kenya-airways-yatangiye-ingendo-kigali-na-bujumbura/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Simon Kabera mbere yo kujya kwiga ku mugabe w’uburayi azamurikira

Umuhanzi Simon Kabera uzwi mu ndirimbo zihimbaza Imana, akagira indirimbo nyinshi zikunzwe cyane nka “Mfashe Inanga, Munsi yawo”, nyuma yo kumara igihe ari mu kazi ngo muri Kanama aziyereka abanyarwanda bamaze iminsi bavuga ko yabuze. Uyu muhanzi akaba yatangaje<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/simon-kabera-mbere-yo-kujya-kwiga-ku-mugabe-wuburayi-azamurikira-album-ye/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Kuwa 02 Kanama 2013

Mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo bizihije Umunsi w’Umuganura baha abana amata. Photo/Sadikki Rubangura Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected] UM-- USEKE.RWIrambuye

Umuhanzi Freeman yaba nawe agiye gukorera muzika muri Uganda

Mu minsi yashize abahanzi benshi bakomeye b’abanyarwanda bakunze kunyarikira i Bugande bakahatunganyiriza muzika, umuhanzi Alain Hitimana uzwi cyane nka Freeman yabwiye Umuseke ko bishoboka ko nawe mu minsi iza aza kujyayo kuhakorera indirimbo.   Freeman avuga ko Studio yitwa<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/umuhanzi-freeman-yaba-nawe-agiye-gukorera-muzika-muri-uganda/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Umuganura, umuco uri kuducika

Kuya mbere Kanama wari umunsi wahariwe umuganura mu mateka, basaruraga amasaka, bagashigisha ibigage, bakavuga imitsima abana bagasomeza amata, abakuru bakanywa ikigage. Bagasangira bakishimira ibyagezweho. Uyu muco uragenda uba amateka nk’uko byemezwa na bamwe mu bakuru bo mu murenge wa<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/umuganura-umuco-uri-kuducika/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Gasabo: imiryango 42 yasezeranyijwe mbere y’amategeko

Imiryango igera kuri 42 yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo yashyingiranywe imbere y’amategeko kuri uyu wa 1/08/2013. Iyi gahunda ngo iba igamije ahanini gukumira amakimbirane ashingiye mu miryango aterwa no kubana mu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/gasabo-imiryango-42-yasezeranyijwe-mbere-yamategeko/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Umubare w’abahinzi bakoresha inyongera musaruro uracyari muto

Biremezwa na Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi ubwo yatangizaga igihembwe cy’ihinga cy’umwaka wa 2014 mu karereka Karongi mu Ntaray’uburengerazuba aho yasabye abayobozi b’inzego z’ibanze gukangurira abahinzi gukoresha inyongeramusaruro. Mu nama yateranye kuri uyu wa 01 Kanama 2013 igahuza Ministre Agnes Karibata<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/umubare-wabahinzi-bakoreshainyongera-musaruro-uracyari-muto/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Kuwa 01 Kanama 2013

Umukozi kuri imwe muri Taxi zitwara abantu i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali Photo/JD Nsengiyumva Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected] UM-- USEKE.RWIrambuye

Amahame y’imikino olimpike arimo kwinjizwa mubakiri bato

Kuri uyu wa gatatu Nyakanga, Rwanda Olympic Committee na Rwanda Olympic academia basoje amahugurwa y’abana, yari amaze iminsi ibiri abera mu kigo cya St Andre kuva 29-31 Nyakanga. Aya mahugurwa yakoranije urubyiruko ruvuye mu gihugu hose, bamwe muri bo<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/amahame-yimikino-olimpike-arimo-kwinjizwa-mubakiri-bato/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

U Rwanda ni kimwe mu bihugu byagabanyije umubare w’abapfa bazize

Abisasirwa n’icyorezo cya Sida bagenda bagabanuka umunsi ku munsi, bigendanye n’uko imiti igabanya ubukana bwa Sida igenda igera ku bantu benshi muri Afurika y’Iburasirazuba bushyira Amajyepfo, ibi bikaba byarasohotse muri Raporo y’umuryango w’abibumbye yatangarijwe mu Mujyi wa Johnesburg kuri<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/u-rwanda-ni-kimwe-mu-bihugu-byagabanyije-umubare-wabapfa-bazize-sida/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish