Month: <span>August 2013</span>

UK-Amakuru mashya ku rupfu rwa Miss Keza Linah n’uwamwishe

Nyuma y’amakuru menshi yatangajwe mu binyamakuru hakekwa ko uwivuganye Umunyarwandakazi Miss Linah Keza uherutse kwicirwa mu gihugu cy’Ubwongereza ariwe David Kikaawa, Umugande w’imyaka  38, yiyahuye, amakuru mashya ni ay’uko uyu mugabo yahise yijyana kuri polisi nyuma yo kwica uwo<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/uk-amakuru-mashya-ku-rupfu-rwa-miss-keza-linah-nuwamwishe/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Imyetuguro yo gushyira ‘Album’ yanjye hanze irarimbanyije- Jules Sentore

Jules Sentore umwe mu bahanzi bakora injyana y’umuco gakondo nyuma y’aho bavuye muri Congo Brazaville mu bitaramo bitandukanye bahakoreye we na Gakondo Group ihagarariwe na Massamba Intore, aratangaza ko agiye gukomeza imyiteguro yo gushyira hanze Album ye ya mbere<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/imyetuguro-yo-gushyira-album-yanjye-hanze-irarimbanyije-jules-sentore/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Amateka y’urugamba rwo kubohora u Rwanda kuva mu 1990

Mu gihe u Rwanda rumaze imyaka  isaga 19 ingabo zari iza FPR (Front Patriotique Rwandais) Inkotanyi zitangiye urugamba rwo kubohora u Rwanda, Umuseke wifuje kubagezaho amwe mu mateka y’ingenzi yaranze uru rugamba  wifashishije Ikinyamakuru Rwanda Dispatch kuva ku itariki<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/amateka-yurugamba-rwo-kubohora-u-rwanda-kuva-mu-1990/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Mugabe ku myaka 89, arahabwa amahirwe yo kuguma ku butegetsi

Nyuma y’iminsi 2 muri Zimbabwe habaye amatora yo guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu, ishyaka rya ZANU-PF ribarizwamo umukambwe Perezida Robert Mugabe ryatangaje ko ryatsinze amatora. Umuvugizi w’ishyaka ZANU-PF, Rugare Gumbo yavuze ko nta gushidikanya Perezida Mugabe azatsinda amatora ku kigereranyo<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/mugabe-ku-myaka-89-arahabwa-amahirwe-yo-kuguma-ku-butegetsi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Perezida Kagame agiye gusesa Inteko Ishinga Amategeko

Hakurikijwe ingengabihe y’amatora y’abadepite azaba taliki 16-18 Nzeri 2013, umukuru w’igihugu ashobora gusesa ku mugaragaro Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’abadepite hagati y’italiki 6-23 Kanama 2013. Minisitiri muri Presidance, Tugireyezu Venantia avuga ko hataremezwa itariki nyir’izina gusesa  Inteko Ishinga Amategeko umutwe<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/perezida-kagame-agiye-gusesa-inteko-ishinga-amategeko/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Abahanzi dusigaranye muri PGGSS3 banyitege- Mico

Umuhanzi w’injyana ya Afro beat Mico The Best, nyuma yo kugera mu bahanzi batanu bahatanira igihembo cya Primus Guma Guma Super Star (PGGSS) 3 aratangaza ko n’ubwo yakomeje bigatungura benshi ngo n’abahanzi bagenzi be yiteguye kubatungura, ati “Abanyitege.” Ibi<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/abahanzi-dusigaranye-muri-pggss3-banyitege-mico/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Ibigo 12 birahatanira gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali

Muri gahunda nshya y’Umujyi wa Kigali n’ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kugenzura ibikorwa n’imirimo itandukanye ifititiye igihugu akamaro (RURA) igamije impinduka n’amavugurura mu gutwara abantu, ibigo 12 birimo guhatanira gukora kujya bitwara abantu mu byerekezo bine by’Umujyi no mu Mujyi<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/80406/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Amahirwe aracyahari kuri Sim card zafunzwe

Nyuma y’uko ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kugenzura ibikorwa n’imirimo itandukanye ifititiye igihugu akamaro (RURA) gitangarije ko ubwo itariki ya 31 Nyakanga yageraga hafunzwe Sim card zigera kuri 485,867, ibigo byitumanaho biratangaza ko amahirwe agihari yo kubaruza Sim Card zafunzwe.<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/amahirwe-aracyahari-kuri-sim-card-zafunzwe/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

AERG-Amafaranga agenerwa imishinga y’urubyiruko aracyari make

Urubyiruko rwibumbiye mu ishyirahamwe ry’abanyeshuri biga mu makaminuza barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi “AERG” rwasoje amahugurwa rwari rumazemo amezi atandatu, abakoze imishinga myiza batatu bagomba gusaranganya amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshanu (5) y’impano kugira ngo imishinga yabo itangire. Igikorwa cyo<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/aerg-amafaranga-agenerwa-imishinga-yurubyiruko-aracyari-make/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Amavubi U20 azakina Jeux de la Francophonie yahamagawe

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’abatarengeje imyaka 20 (U-20) Richard Tardy, yahamageye abakinnyi 16 bagomba kwitabira ingando y’imyitozo mu rwego rwo kwitegura irushanwa rya Jeux de la Francophonie. Iri rushanwa rizabera mu gihugu cy’ubufaransa mu kwezi kwa cyenda uyu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/amavubi-u20-azakina-jeux-de-la-francophonie-yahamagawe/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish