Hari amagambo amwe namwe akunze gukoreshwa mu Kinyarwanda avuga ku muntu cyangwa inyamaswa, ntakoreshwe ku buryo bukwiye, ku buryo ayagakoreshejwe ku muntu akoreshwa ku nyamaswa ay’inyamaswa agakoreshwa ku muntu. Hari n’amagambo akoreshwa ku nyamaswa zitandukanye ariko abenshi bayakoresha,<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ntibavuga-bavuga-ku-bantu-no-ku-nyamaswa/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Kuwa mbere w’iki cyumweru muri Brazil umwana w’imyaka 13 witwa Marcelo Pesseghini yishe ababyeyi be, Nyina wabo na Nyirakuru bose abarashe mu gitondo arangije ajya ku ishuri aho nyuma bamusanze nawe yirashe. Se nyakwigendera, yitwa Luis Pesseghini yari afite imyaka<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/brazil-umuhungu-wimyaka-13-yishe-ababyeyi-be-nyirakuru-na-nyina-wabo/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Nyuma y’uko isosiyete TINCO ikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ihagarikiye ubufatanye n’ikipe ya La Jeunnesse bwari bumaze imyaka igera kuri itatu, byatangiye gutera urujijo mu bakunzi ba ruhago yo mu Rwanda kuko bibaza niba igiye gusenyuka cyangwa hari aho izakura<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/la-jeunnesse-mu-gihirahiro-nyuma-yo-kubura-umuterankunga/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Abanditsi bo mu bihugu by’Iburengerazuba(Uburayi n’Amerika)bemeza ko Amateka y’Abanyafrika ashingiye ku ruhererekane ry’inkuru n’ibitekerezo mu magambo, ariko atigeze yandikwa ngo abikwe mu bitabo. Ariko ibi sibyo, kuko hari ibihugu bimwe na bimwe bo muri Afurika usanga byarabitse amateka yabyo mu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/islam-yatumwe-umuco-nubuhanga-bikwirakwira-muri-tombouctou-ya-kera/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Ubwo korali Umucyo yo mu itorero ry’Abangilikani yari ivuye mu ivugabutumwa mu Karere ka Karongi, yahuye n’umuyaga mwinshi bageze mu mazi y’ikiyaga cya Kivu agace gaherera ku Karere ka Rutsiro, bashaka uburyo bagera ku nkombe y’ikiyaga, ariko umusore witwa<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ubwato-bwari-butwaye-korali-umucyo-bwahuye-nibibazo-umwe-arapfa/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Mu bihugu hafi byose hari amategeko agenga imyaka runaka yo gushinga urugo, nyamara henshi ngo birirengagizwa kuko hari abashyingirwa ari bato cyane, abatangira ubusambanyi kare cyane ndetse n’abafatwa ku ngufu ari bato bikabaviramo kubyara. Hari ariko nababyaye ari bato<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/bamwe-mu-bantu-bibarutse-ari-bato-cyane-mu-mateka/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Uyu mugabo yahoze ari umunyamakuru mu Rwanda, ni umuhanzi ubu uba muri Leta z’Unze ubumwe za Amerika, akurikiranira hafi ibiba muri muzika y’u Rwanda kubera ikoranabuhanga no kwihuta kw’amakuru kugezweho. Abinyujije ku rubuga rwe rwa Facebook, Ally Soudy yavuze<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ally-soudi-yamaganye-iterabwoba-muri-pggss-iii/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Kuri uyu wa gatatu 07/08/2013 ku kicaro gikuru cya MTN habaye igikorwa cyo gufasha abayisiramu bari muri koperative FAJ irimo abantu benshi bibumbiye mu makoperative atanukanye: abafite ubumuga, ababana n’ubwandi bwa SIDA no ku bandi batishoboye bishyize hamwe. Miliyoni<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/mtn-yatanze-inkunga-ya-miliyoni-7-ku-bayisiramu-bishyize-hamwe/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Chris Brown umunyamerika wamamaye mu rubyiruko mu njyana ya RnB na Pop ubu biravugwa ko yaba agiye guhagarika muzika kubera igitutu gikomeje kumubaho cy’ibyo yakoze mu kwa kabiri 2009 ubwo yakubitaga byo kwica uwari umukunzi we Rihanna. Chris Brown<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/chris-brown-ashobora-guhagarika-muzika/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje gushyira imbaraga mu ireme ry’uburezi mu mashuri abanza, ayisumbuye ndetse na za Kaminuza kugirango uburezi muri ayo mashuri bube bwatera imbere, ku rwego mpuzamahanga Kaminuza Nkuru y’u Rwanda niyo nibura iza hafi kugeza<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/nur-niyo-iza-hafi-mu-rwanda-ku-rwego-rwa-afurika/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye