Umukinnyi Kagere Meddie rutahizamu w’Amavubi afite ikizere cyo kujya hanze y’u Rwanda gukina umupira nk’uwabigize umwuga, nyuma y’ogeregezwa yavuyemo mu gihugu cy’Afurika y’Epfo uyu mu kinnyi nta kipe abarizwamo. Mu kiganiro Kagere yagiranye na Times Sport yagize ati “Urugendo<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/kagere-afite-ikizere-cyo-kujya-hanze-gukina-nkuwabigize-umwuga/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Abantu amagana n’amagana bateraniye i Hiroshima, umwe mu mijyi yo mu gihugu cy’Ubuyapani yatewemo igisasu cya kirimbuzi mu Ntambara ya 2 y’Isi, bibuka ku nshuro ya 68 imbaga y’abahasize ubuzima. Igisasu kirimbuzi Little Boy (agahungu gato) cyatewe mu mujyi<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/japan-abatuye-hiroshima-bibutse-abahitanywe-nibisasu-kirimbuzi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Filimi z’urukozasoni bakunze bita Pornography ni amashusho y’abakora imibonanompuzabitsina agamije ubucuruzi, abarebera kure bo bavuga ko agamije no kwangiza ubwonko bwa muntu, abemera Imana cyane bo bavuga ko ari umupango wa shitani wo gukururira abantu mu busambanyi. Bamwe mu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/firimi-zurukozasoni-porno-zigira-ingaruka-mbi-cyane-ku-bagore/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Mu minsi ishize yatangaje abantu ubwo yamaraga amasaha 10 yikoreye inzuki ku mutwe we muri centre ya Gitwe mu karere ka Ruhango, yongeye gutungura abantu kuri uyu wa 06 Kanama ubwo yazaga atwaye inzoka y’incarwatsi. Ni Jean de la<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/gitwe-wa-musore-winzuki-ku-mutwe-noneho-yazanye-inzoka/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Tariki ya 30 Gicurasi buri mwaka isi yose yizihiza umunsi wahariwe urusobe rw’Ibinyabuzima. Muri uyu mwaka isi hazirikanwe ku kuntu ibinyabizima bituye isi ari byinshi ariko kenshi abantu bakaba batazi akamaro kabyo n’ingano yabyo. Uruyuki ruri guhoova/gutaara ubuki Ubusanzwe<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ubuzima-bwihishe-bwinzuki-nakamaro-zifitiye-isi-nabayituye/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Icyobo kimaze imyaka irenga 10 mu murenge wa Remera Akagali ka Nyarutarama Umudugudu wa Kangondo kijyamo imyanda yo mu musarani, iki cyobo ni kigari kiri ku gasozi, umunuko ukivamo wakomeje kubangamira abahatuye bageraho babifata nk’ibisanzwe nubwo ngo akabi katamenyerwa.<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/nyarutarama-barinubira-umunuko-ukabije-wa-fosse-septique-iri-hagati-yabo/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Umuhanzi w’Umunyarwanda ubarizwa mu gihugu cy’ Ububiligi, Uwihanganye Seleman akomeje gukora cyane, nyuma y’ibitaramo akorera mu gihugu abamo na bagenzi be ubu noneho yashyize ahagaragara indirimbo nshyashya yitwa “Ararabizi” yakoranye n’undi Munyarwanda ubarizwa aho witwa M Lambert. Aganira n’UM-- USEKE<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/seleman-afite-gahunda-ndende-muri-muzika/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Basomyi b’umuseke ndashaka ko mungira inama, mfite ikibazo gikomeye kuburyo nshobora no kubura ubuzima kubera icyo kibazo. Nakunze umusore tukaryamana biza kugera aho tunabyarana, aho tumariye kubyarana numvise urukundo namukundaga rusa nk’aho rwikubye inshuro najye ubwajye ntabasha kumenya, kugeza<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/kubera-urukundo-mukunda-byatumye-nifuza-kwibagirwa/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Umuratwa Priscilla umwe mu bahanzikazi b’abanyarwanda bakora injyana ya R&B, nk’uko tubikesha umwe mu nshuti ye bari kumwe mu myiteguro aratangaza ko ari bwerekeze muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kuri uyu mugoroba wo ku itariki ya 6 Kanama 2013.<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/priscilla-agiye-kwiga-muri-amerika/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Hashize imyaka itatu yibera ahatazwi, Agathon Rwasa, wahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba za FNL (Forces nationales de libération du Burundi) kuri uyu wa kabiri biteganyijwe ko aza kugaragara muri rubanda. Intego ye ni amatora ya 2015 y’umukuru w’igihugu kuko ashaka<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/burundi-agathon-rwasa-yavuye-mu-bwihisho-arashaka-gusimbura-nkurunziza/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye