Bayobozi bakuru b’igihugu cyacu cy’u Rwanda, Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu Urwego rw’Umuvunyi n’abandi mudahwema guharanira guca akarengane, tubandikiye iyi baruwa ifunguye tubatakambira ngo muturenganura mukoresheje ububasha muhabwa n’amategeko. Bayobozi tarabatakambiye ngo muduhagarike cyamunara no 017/BMG/2013, izaba kuwa 22 Knama 2013, kuko twe abana bagize umuryango wa Kajangwe Gaspard na Injonge Blandine tubona turi mu makuba. […]Irambuye
Nitwa Patrick mfite imyaka 34 y’ amavuko, maze igihe kitari kinini cyane nkoze ubukwe n’ umugore wanjye dufitanye umwana w’ imyaka 5 y’ amavuko. Tubanye neza nta kibazo na kimwe kigaragara dufitanye, ariko ubu, hari ikimbangamiye cyane kubera urukundo nigeze kugirana n’ umukobwa igihe nari nkiri umusore. Uwo mukobwa yitwa Anita, hashize imyaka igera ku […]Irambuye
Butera Jeanne d’Arc uzwi cyane nka Knowless nyuma yo kurangiza irushanwa rya PGGSS III ari ku mwanya wa III, ubu yatumiwe mu gitaramo i Kampala cyiswe Swagg Party. Nk’uko yabitangarije Umuseke, Ishimwe Clement umujyanama ‘Manager’ ndetse akaba n’umuyobozi wa studio yitwa ‘Kina Music’ Knowless akoreramo yagize ati “Nyuma y’aho irushanwa yari amazemo iminsi risorejewe ubu […]Irambuye
Ku nshuro ya cyenda, abafite ababo baguye mu bwicanyi bwakorewe abanyecongo mu nkambi ya Gatumba mu u Burundi bibutse ababo. Mu karere ka Muhanga ni hamwe mu habereye uyu muhango. Iyi miryango yakomeje gusaba ko habaho ubutabera ku bahemukiye izi mpunzi z’abanyecongo. Nyamara ngo ntawubumva kandi ababishe baraho baratuje. Tariki ya 13 Kanama 2004 abanyamulenge […]Irambuye
Ihuriro Rwanda Inspirational Back Up Ltd ku ncuro ya kabiri ryongeye gutegura ibiganiro mpaka bigomba kuzabera mu mashuri yisumbuye na za Kaminuza, ibiganiro by’uyu mwaka bikaba bizibanda ku kamaro k’amashuri atanga ubumenyi ngiro biganisha ku kwihangira imirimo nk’imwe mu ntego z’ibi biganiro mpaka. Mu kiganiro n’abanyamakuru mu rwego rwo gufungura ku mugaragaro ibi biganiro mpaka […]Irambuye
Agahugu umuco akandi uwako. Ingoma, akaranga k’u Burundi umuco wabo, igihugu cyabo. Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected] Photo/P Muzogeye UM-- USEKE.RWIrambuye
Iyi ni stade ya camp Kigali muri iki gihe. Ni imwe muri stade nkuru mu gihugu, cyera niyo yakiraga imikino yose ikomeye mu myaka ya 1960,70 na 80…ubu ni ikibuga gisanzwe kitorezaho abanyeshuri biga muri KIST. Niba nawe ufite<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/kuwa-13-kanama-2013/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Mbanje kubasuhuza bantu musoma Umuseke mukanatanga inama mbonamo nyinshi nziza. Nitwa Nuru, ndi umusiramukazi kuva nkivuka kuko nasanze ariryo dini ry’ababyeyi banjye dutuye i Rubavu. Maze iminsi mfite ikibazo kinkomereye abo nkibwiye bose b’inshuti zanjye bakampa inama nyinshi nkabura<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/idini-urukundo-nimiryango-twabuze-amahitamo/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Kuri uyu wa 13 Kanama 2013, ubwo ikigo cy’u Rwanda gishinzwe imiyoborere(RGB) cyahaga imitwe ya ya Politi yemewe mu Rwanda ibyangombwa bishya, Abahagarariye amashyaka icumi yemewe mu Rwanda baboneyeho kugaragaza uruhande rwabo ku ngingo zimwe na zimwe ziririmo ihagarika<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/imyumvire-yamashyaka-ku-ihagarikwa-ryinkunga-ziva-hanze-ntibusanye-nitegeko/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 13 Kanama 2013, hafi saa mbili z’ijoro ibisambo bibiri byitwaje imbunda byateye Banki y’abaturage ishami rya Buhanda birasa umukozi wayo yitaba Imana bitwara amafaranga ataramenyekana umubare. Aba bajura ngo binjiye bambaye imyenda ibahisha<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/buhanda-abajura-bibye-bpr-barasa-umukozi-wayo-ahasiga-ubuzima/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye