Perezida wa Njyanama y’akarere ka Muhanga, Antoine Sebarinda aratangaza ko Akarere kagiye kwibanda ku bikorwa remezo bigizwe ahanini n’imihanda y’ibitaka idatunganyijwe iherereye cyane cyane mu gice cy’umujyi wa Muhanga. Prezida wa njyanama yabitangarije mu nama njyanama idasanzwe yamuhuje n’ubuyobozi<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/muhanga-miliyari-15-zigiye-kubaka-imihanda/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
14/08/2013 – Mu mukino wa gicuti hagati ya Malawi n’u Rwanda urangiye mu kanya kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, abakunzi b’Amavubi na ruhago batashye bitotombera ko gukina neza kw’Amavubi bitabashimishije kuko gutsinda iba ariyo ntego yo gukina. Ni<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/malawi-nayo-yasanze-amavubi-mu-rugo-irayatsinda/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Nyuma y’inama yahuje akanama nkemurampaka muri Kaminuza ya Makerere mu gihugu cya Uganda kanzuye ko kadashoboye gusubiza ibyo iri shuri risabwa n’abarimu baryo, hanzewe ko Kaminuza ya Makerere iri mu mujyi wa Kampala iba ifunze imiryango. Abarimu barasaba kongererwa<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/76983/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Abahinzi b’umuceri mu bishanga byo mu Bugesera na Ngoma batangaje ko bezaga toni 3 kuri hegitari imwe none ubu beza toni 8 kuri hegitari nyuma yo gukorana n’umushinga PiCROP uterwa inkunga n’ikigo cy’iterambere mpuzamahanga cy’Abayapani, JICA. Aba bahini bibumbiye<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ngoma-na-bugesera-umusaruro-wumuceri-wikubye-hafi-gatatu-bakorana-na-picrop/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Umukinnyi Luis Suarez ari mu guhirahiro cyo kumenya aho agomba kujya gukina, niba ajya muri Arsenal yo mu Bwongereza imurambagije iguhe cyangwa muri Real Madrid yo muri Esipanye yashese miliyoni mirongo ine z’ama pound (£40 milion). Ikipe ya Liverpool<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ikipe-ya-real-madrid-nanoeho-yashese-miliyoni-40-kuri-luis-suarez/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Iyi sukari mu karere ka Rubavu izwi ku izina rya ‘Swiguru’ cyangwa ‘Sukariguru’ bavuga ko ituruka muri Uganda. Ni isukari y’umweru icururizwa mu dushashi duto, abaturage bavuga ko abagabo bo ngo ishobora no kubatera kutabyara. Iyi sukari aba baturage<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/rubavu-abaturage-bafite-impungenge-ku-buzima-kubera-isukari-yitwa-swiguru/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Kicukiro – Kuri uyu wa gatatu MINAGRI ndetse n ‘ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi ( RAB) bateraniye mu nama n’abafatanyabikorwa batandukanye yo kureba ibyagezweho muri gahunda ya Gira Inka ndetse no kwiga aho igomba kuba igeze mu 2017.<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/gira-inka-yatumye-ababayeho-nabi-bava-kuri-635-bagera-kuri-41-kagabo/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Kakooza Nkuliza Charles uzwi cyane ku izina rya KNC nyuma y’aho avuzweho amagambo ko yaba yaragiranye ubushyamirane n’umuhanzi Christopher mu minsi ishize, mu nama n’abanyamakuru bakora imyidagaduro yaje guhakana ibyo byose byabavuzweho avuga ko atangazwa n’ababivuga nta gihamya bafite. Mu nama yabaye none ku itariki ya 14 Kanama 2013, KNC yatangarije Umuseke ko ibyo byose […]Irambuye
Ministre w’Ububanyi n’amahanga w’u Bubiligi Didier Reynders, uri mu ruzinduko rw’iminsi ine muri Congo Kinshasa yavuze ko uburyo bwa gisirikare bukomeye bugomba gukoreshwa mu guhashya imitwe yitwaje intwaro muri Congo cyane cyane M23. Reynders yavuze ko ingabo za Congo zifatanyije na MONUSCO ngo mu byumweru biri imbere zizagaba ibitero mbere na mbere kuri M23, ibi […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu tariki 14 Kanama 2013, Perezida wa Repubulika nk’uko abisabwa n’itegeko nshinga yasoje imirimo y’Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepi manda ya kabiri. Yabashimiye ibyo bakoze n’umusaruro w’amategeko bashyizeho ndetse anasaba umutwe w’abadepite uzaza muri manda ya gatatu kuzashyira imbaraga mu guhuza amategeko y’u Rwanda n’ay’imiryango mpuzamahanga n’ibihugu birukikije. Muri uyu muhango Perezidante […]Irambuye