Month: <span>August 2013</span>

BRD yasoje imurikagurisha iha ikaze abifuza gushinga inganda

Ubwo Banki y’iterambere y’u Rwanda (BRD) yosozaga imurikagurisha ry’iminsi itatu ku mugoroba wo kuwa gatatu, yakoraga ku bufatanye n’ibigo n’inganda byatejwe imbere n’inguzanyo yabihaye, ubuyobozi bwa BRD bwahaye ikaze abantu bose bifuza gushinga inganda n’abafite imishinga ishobora gutanga imirimo myinshi ku banyarwanda. Ubuyobozi bwa BRD bwatangaje ko iri murikagurisha ryatanze umusaruro kuko nibura ngo abantu […]Irambuye

Ik'ingenzi ni ukuza mu myanya ya mbere – Kanyankore Yaounde

Ikipe ya Kiyovu Sports yatangiye imyitozo kuri uyu wa gatatu kuri stade Mumena aho yatangiye ari abakinnyi bagera kuri 42, gusa muri abo hagomba gusigara 25 bazatangirana n’iyi kipe shampionna dore ko yabonye n’umuterankunga ariwo akarere ka Nyarugenge kazajya gatanga million 5 buri kwezi. Umutoza wayo mushya ni Kanyankore Gilbert uzwi cyane nka Yaounde avuga […]Irambuye

Yishe umugore we ashyira ifoto y’umurambo kuri Facebook

Ibijya kuri Facebook bimaze gukabya. Derek Medina yarashe umugore we maze ifoto y’umurambo ayisangiza inshuti ze kuri Facebook kuwa mbere w’iki cyumweru. Uyu mugabo wo muri Leta ya Florida muri USA yagejejwe imbere y’abacamanza yemera cyane icyaha cye cyo kwica umugore we Jennifer Alfonso. Mu minsi 21 naramuka ahamwe n’icyaha afite ibyago byinshi byo gukatirwa […]Irambuye

Igitaramo cyo guhimbaza Imana “Perfecting Your Call”

Nk’uko twabitangarijwe na Gasana Jacques tariki ya 18 Kanama kugeza ku ya 25 z’uku kwezi, ku rusengero Rwanda for Jesus Church hateguwe igiterane ngarukamwaka cyiswe “Kweza umuhamagaro wawe”, mu cyongereza “Perfecting Your Call” cyateguwe na Potter’s Hand Ministries. Iki giterane cyizamara icyumweru n’iminsi itatu, kizajya gitangira ku isaha ya saa 17h30 gisozwe saa 19h30. Ku […]Irambuye

Nta kibazo mfitanye na Islam, ni ukunsebya – Riderman

Umuhanzi Gatsinzi Emery uzwi nka Riderman/Rusake aratangaza ko nta kibazo afitanye na Islam nyuma y’ijambo “Wallah” yakoresheje kandi afite icupa ry’inzoga mu ntoki ari kuri stage ubwo yari amaze kwegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star 2013. Hakomeje kuvugwa byinshi ko byaba byaramuteranyije n’abayoboke b’idini rya Islam. Mu kiganiro na Umuseke, Rideman yagize ati […]Irambuye

USAID/HIGA UBEHO mu kuzamura ubuzima bw’abatuye Kayonza

Abayobozi ba Global communities na Young Women Christian Association (YWCA) basobanuriye abayobozi b’inzego z’ibanze mu karere ka Kayonza ibijyanye n’umushinga wa USAID/HIGA UBEHO ugamije kuzamura imibereho y’abaturage ba Kayonza. Inama yabereye muri Hoteli MIDLAND kuri uyu wa 14 Kanama 2013. Umushinga wa USAID/HIGA UBEHO mu karere ka Kayonza uterwa inkunga n’abaturage ba Leta Zunze ubumwe […]Irambuye

Ubuholandi na Suwede bahaye u Rwanda miliyari 43 z’amafaranga

Igihugu cy’Ubuholandi na Suwedi byagiranye na Leta y’u Rwanda amaszerano y’ubufatanye mu by’ubukungu ahwanye na miliyari 43 z’amafaranga y’u Rwanda, ku ruhande rw’u Rwanda Minisitiri w’Imari Gatete Claver niwe wasinye, Pietre Dorst ku ruhande rw’Ubuholandi na Maria Håkansson ku ruhande rwa Suwedi. Amasezerano y’ubufatanye akubiyemo akyabo ka miliyoni 44.9 z’amaEuro angina n’amafaranga y’u Rwanda miliyari […]Irambuye

Kuwa 15 Kanama 2013

Izura rirarenze hejuru ya Mont Kigali kuri uyu wa 14 Kanama, akavura kaje kugwa mu ijoro no mu gitondo cyo kuri uyu wa 15 Kanama. Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/kuwa-15-kanama-2013/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Umukozi wa BPR warashwe i Buhanda, mu 1994 yahunganye isanduku

Twagiramungu Frederick wari umukozi wa Banki y’abaturage Ishami rya Buhanda wahitanywe n’abajura bateye iyi Banki kuwa 13 Kanama 2013 yashyinguwe kuri uyu wa 14 Kanama, umuhango wabereye mu murenge wa Kabagali, akarere ka Ruhango. Mu mvura nyinshi, uyu muhango<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/umukozi-wa-bpr-warashwe-i-buhanda-mu-1994-yahunganye-isanduku-banki-arayigarura/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

El Baradei wari vice perezida wa Misiri yeguye

Ibintu byafashe indi sura mu Misiri kuri uyu mugoroba ubwo uwari vice perezida w’agateganyo  Mohamed El Baradei yeguye ku mirimo ye nyuma y’uko ingabo na Police zikoresheje imbaraga zidasanzwe i Cairo mu gutatanya abayoboke b’uwahoze ari perezida Mohamed Morsi.<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/el-baradei-wari-vice-perezida-wa-misiri-yeguye/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish