Month: <span>July 2013</span>

Single Customs Territory, igisubizo kw’itinda ry’ibicuruzwa

Kuwa 30 Nyakanga ku kigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro(RRA) hatangarijwe gahunda nshya yo kwihutisha ubucuruzi ndetse no korohereza abakoresha za Gasutamo mu ngendo zabo aho ubu u Rwanda, Uganda na Kenya bamaze kwemeranya guhuza gahunda za Gasutamo byose bikazajya bikorerwa<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/single-customs-territory-igisubizo-kwitinda-ryibicuruzwa/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Ese koko i Kigali hari abatanga umuti utanga akazi?

Mu mujyi wa Kigali hari aho uzasanga hamanitse amatangazo rimwe na rimwe usange yuzuyeho abantu bari kuyasoma. Uzasanga ikirimo cyane cyane gikurura abantu ari ngo « Tuguha umuti utanga akazi » Bene aba bavuga ko bakora ibintu bitangaje, ngo imiti itsirika<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ese-koko-i-kigali-hari-abatanga-umuti-utanga-akazi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Kigali: Gusabiriza bigiye guhanwa n’amategeko

Mu nama Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Fidel Ndayisaba yagiranye n’abayobozi b’ibitangazamakuru kuri uyu wa 30 Nyakanga, ikibazo cy’abasabiriza mu mujyi cyagarutsweho, aha Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali akaba yavuze ko iyi ngeso igiye gutangira guhanirwa n’amategeko. Fidel Ndayisaba yavuze ko<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/kigali-gusabiriza-bigiye-guhanwa-namategeko/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Niyonzima Piyo arasaba kurenganurwa na buri wese ubishoboye

Umuturage witwa Niyonzima Piyo amaze imyaka irenga ine (4) asaba urukiko rw’Ibanze rwa Busasamana, mu Karere ka Nyanza kumusubiza amafaranga 1 266 300 y’ingwate yatanze mu rubanza yarezwemo na Coperative yo kubitsa no kuguriza UCT/Nyanza akaza kuyitsinda. Nk’uko Niyonzima abisobanura, amakimbirane hagati ye na UCT/Nyanza yakoreraga kuva mu mwaka wa 2004 kugeza mu 2007, yatangiye […]Irambuye

30 Nyakanga 2013

Aya ni amatara yo kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, niyo amurika nijoro mu gihe hari imikino cyangwa ibindi bihabera. Hambere ntayari ahari atunganye. Photo/p Muzogeye Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected] UM– USEKE.RWIrambuye

Mandela ari koroherwa

Nubwo atameze neza, ariko umukambwe Nelson Mandela nibura ubu ngo akomeje kugaragaza ibimenyetso byo koroherwa nkuko byatangajwe kuri uyu wa kabiri n’ibiro by’umukuru w’igihugu cya Africa y’Epfo. Umuvugizi wa Perezida Jacob Zuma yagize ati “ Perezida Zuma yasabye abaturage gukomeza gusabira Madiba ndetse anashimira abakora ibikorwa byiza mu kwifatanya nawe mu burwayi.” Mandela uherutse kuzuza […]Irambuye

Icyo uzaba cyo ntaho kijya – Fireman

Uwimana Francis Ivan Rachid uzwi cyane ku izina rya Fireman cyangwa Kibiriti nyuma yo kugaragara mu bahanzi 6 basezerewe mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star3 aratangaza ko yababajwe no kuvamo ariko ngo buryo icyo umuntu azaba ntaho kijya. Mu gitaramo cya bereye muri Serena Hotel ku itariki ya 27 Nyakanga 2013, ubwo havagamo […]Irambuye

U Rwanda, Iran na Afghanistan mu bifite abanyabyaha benshi muri

Ubuyobozi bukuru bushinzwe abinjira n’abasohoka mu gihugu cy’u Bwongereza bumaze gushyira ahagaragara icyegeranyo kivuga ko abantu 99 bandikiye uru rwego umwaka ushize basaba uburenganzira bwo kuhatura bakekwaho ibyaha by’intambara. U Rwanda, Iraq, Iran, Afghanistan, Libya, Serbia na Sri Lanka<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/u-rwanda-iran-na-afghanistan-mu-bifite-abanyabyaha-benshi-muri-uk/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Muhanga: Abasigajwe inyuma n’amateka bemerewe amashanyarazi

Abasigajwe inyuma n’amatekabo mu mudugudu wa Nyarutovu, akagali ka Gitarama, mu murenge wa Nyamabuye i Muhanga, bahawe icyizere ko bagiye guhabwa umuriro mu gihe cy’amezi abiri uvuye none. Umuryangowa Nancy Uslan, wo muri Leta ya New Jersey muri USA, ugizwe n’umugabo n’umugore we n’abana babo babiri, niwo wiyemeje gutera inkunga imiryango 25 y’abasigajwe inyuma n’amateka […]Irambuye

Rubavu: Barifuza ko Munyagishari aburanishirizwa aho yakoreye ibyaha

Bamwe mu baturage bo mu Mujyi wa Gisenyi no mu nkengero zawo, barasaba ko Munyagishari Bernard uherutse kuzanwa mu Rwanda akuwe i Arusha muri Tanzaniya yoherejwe n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda kuwa 24 Nyakanga 2013, yazanwa mu Karere ka Rubavu akaba ari ho abunanishirizwa. Bamwe mu baturage baganiriye n’ikinyamakuru Izuba Rirashe nyuma yo kugezwa mu […]Irambuye

en_USEnglish