Month: <span>July 2013</span>

Nta mwanya mfite wo kuririmba HipHop z’urukundo-P Fla

Mu gihe benshi mu baraperi bibanda kuri Hip Hop y’urukundo muri iki gihe, umuraper P Fla we avuga ko ubuzima arimo butaramwemerera kuririmba Hip Hop y’urukundo. P Fla aganira n’Umuseke  yagize ati “Si uko ntakunda ahubwo ntakunda naba ndi<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/nta-mwanya-mfite-wo-kuririmba-hiphop-zurukundo-p-fla/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Muzika ishobora kungira undi muntu- Khizz

Hakizimana Kizito uzwi cyane ku izina rya Khizz ubu yatangiye kuzenguruka mu ntara zose zigize igihugu mu cyo yise ‘Khizz Kizito Tour’ agahera mu majyepfo mu Karere ka Muhanga ari naho anavuka, yaje gutangaza ko uburyo yakiriwe byamunejeje bidasanzwe.<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/muzika-ishobora-kungira-undi-muntu-khizz/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Shining Star mu gitaramo cyo kubyina yise “Drama and dance

Mu myaka icyenda ishize, Itsinda Shining Stars rya Restoration Church ishami rya Remera rimaze rihimbaza Imana rikoresheje ingingo zabo ‘Imbyino’, ryongeye gutegura igitaramo ku nshuro ya kane kikazabera ku itorero rya CLA ‘Christian Life Assembly’ i Nyarutarama. Iki gitaramo kikaba gifite insanganamatsiko igira iti “Hamwe n’impano zacu tuzane benshi kuri Kristo” biboneka muri mutabo cya […]Irambuye

Muhanga: Umugabo arashinja umugore we kumufata ku ngufu

Umugabo wo mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Kabacuzi, aravuga ko yagize ikibazo cyo gufatwa ku ngufu n’umugore bashakanye amushinja kuba ntacyo amumarira mu buriri. Uyu mugabo agira ati “Mu gihe cyo gutera akabariro nk’abashakanye yarantotezaga ngo mfite agatsina gato katagira icyo kamumarira…nibwo yashatse kujya abikora ku ngufu agera aho abona guhora abinkoresha ku ngufu […]Irambuye

Bumbogo: Abubatse umudugudu w’abacitse ku icumu bararirira mu myotsi

Abafundi n’ababahereza bubatse umudugudu w’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe abatutsi wubatse mu Kagari ka Nyagasozi, mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo, baravuga ko ubuyobozi bw’umurenge bwabonye amazu ari hafi kuzura butangira kugenda bubima imishahara yabo kugeza bayujuje none amaso yaheze mu kirere. Ibi babidutangarije kuwa mbere tariki 29, ubwo umuyobozi w’Umujyi  wa Kigali, […]Irambuye

DRC: UN yahaye M23 amasaha 48 ngo ishyire intwaro hasi

Abarwanyi ba M23 bahawe amasaha 48 ngo babe bashyize intwaro hasi bitakorwa hakitabazwa izindi ngufu z’ingabo 3000 zoherejwe kubungabunga amahoro muri Congo zishobora guhita zifashishwa mu guhangana n’izi nyeshyamba. Izi ngabo zikaba zishobora gukoresha ingufu za gisirikare mu guhangana<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/drc-un-yahaye-m23-amasaha-48-ngo-ishyire-intwaro-hasi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Nyamasheke: Umugore ukuze afungiye gusambanya umuhungu w’imyaka 15

Umugore w’imyaka 36 y’amavuko wo mu mudugudu wa Wimana, Akagari ka Gatare mu Murenge wa Macuba, mu Karere ka Nyamasheke afungiye kuri Station ya Polisi ya Kanjongo akekwaho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 15.   Uyu mugore yatawe muri yombi<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/nyamasheke-umugore-ukuze-afungiye-gusambanya-umuhungu-wimyaka-15/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Shining Star mu gitaramo cyo kubyina yise “Drama and dance

Mu myaka icyenda ishize, Itsinda Shining Stars rya Restoration Church ishami rya Remera rimaze rihimbaza Imana rikoresheje ingingo zabo ‘Imbyino’, ryongeye gutegura igitaramo ku nshuro ya kane kikazabera ku itorero rya CLA ‘Christian Life Assembly’ i Nyarutarama. Iki gitaramo<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/shining-star-mu-gitaramo-cyo-kubyina-yise-drama-and-dance-gospel-concert/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Muhanga: Umugabo arashinja umugore we kumufata ku ngufu

Umugabo wo mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Kabacuzi, aravuga ko yagize ikibazo cyo gufatwa ku ngufu n’umugore bashakanye amushinja kuba ntacyo amumarira mu buriri. Uyu mugabo agira ati “Mu gihe cyo gutera akabariro nk’abashakanye yarantotezaga ngo mfite agatsina<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/muhanga-umugabo-arashinja-umugore-we-kumufata-ku-ngufu/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Bumbogo: Abubatse umudugudu w’abacitse ku icumu bararirira mu myotsi

Abafundi n’ababahereza bubatse umudugudu w’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe abatutsi wubatse mu Kagari ka Nyagasozi, mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo, baravuga ko ubuyobozi bw’umurenge bwabonye amazu ari hafi kuzura butangira kugenda bubima imishahara yabo kugeza<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/bumbogo-abubatse-umudugudu-wabacitse-ku-icumu-bararirira-mu-myotsi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish