Month: <span>July 2013</span>

PGGSSIII: Rwarutabura yashimishijwe no kuvamo kwa Senderi

Rwarutabura umufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports, mu ijoro ryo ku itariki ya 27 Nyakanga 2013 ubwo abahanzi batandatu basezererwaga mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star (PGGSS)III barimo Senderi International Hit kandi ariwe yari ashyigikiye mu bitaramo yagiye akora, aratangaza ko yashimishijwe no kuvamo kwe. Mu kiganiro na UM– USEKE, Rwarutabura yagize ati “Kuba […]Irambuye

Imyitwarire y’ikipe y’igihugu ya Taekwondo itanga ikizera

Ubuyobozi bw’ikipe y’igihugu y’umukino wa Taekwondo ikubutse mu mikino y’igikombe cy’isi cyabereye muri Mexico, aho yatahanye umwanya 6 muri Africa n’umwanya wa 40 kw’isi mu bihugu 168 byitabiriye iri iyo mikino, mu kiganiro bwagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa mbere<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/imyitwarire-yikipe-yigihugu-ya-taekwondo-itanga-ikizera/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Sinigeze mvuga ko Knowless ari umuswa – Kamichi

Bagabo Adolphe uzwi cyane ku izina rya Kamichi nyuma y’aho asezerewe mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star3 akaza gutangaza ko yemeye intsinzwi ariko ko yibaza uburyo abahanzi bamwe bakomeje, yaje gucisha ubutumwa k’urubuga rwe rwa facebook. Mu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/sinigeze-mvuga-ko-knowless-ari-umuswa-kamichi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Bumbogo: Ikibazo cy’amazi cyari cyarabaye akari aha kajyahe cyakemutse

Nyuma yo kwinuba no kwijujuta by’abaturage bo mu Murenge wa Bumbogo, Akarere ka Gasabo kubera kutagira amazi meza, kuri uyu wa 29 Nyakanga ikibazo cyabo cyakemutse. Abaturage bagiye kujya bakura amazi hafi . Abaturage bahawe umuyoboro w’amazi wa kilometero<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/bumbogo-ikibazo-cyamazi-cyari-cyarabaye-akari-aha-kajyahe-cyakemutse/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

PGGSSIII: Rwarutabura yashimishijwe no kuvamo kwa Senderi

Rwarutabura umufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports, mu ijoro ryo ku itariki ya 27 Nyakanga 2013 ubwo abahanzi batandatu basezererwaga mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star (PGGSS)III barimo Senderi International Hit kandi ariwe yari ashyigikiye mu bitaramo yagiye<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/pggssiii-rwarutabura-yashimishijwe-no-kuvamo-kwa-senderi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Gicumbi: Arashinjwa gusambanya umwana nyuma y’iminsi amushuka

Kuri Station ya Polisi ku Mulindi mu karere ka Gicumbi hafungiye umugabo Nteziryayo Gilbert usanzwe wubatse urugo rwe, azira gusambanya umwana w’umuturanyi kuri uyu 27 Nyakanga ku gicamunsi, abaturanyi bavuga yaba yari amaze iminsi agerageza uyu mwana. Uyu mwana witwa Jeannette (…), afite gusa imyaka 16, ni impfubyi ku babyeyi bombi irererwa mu rugo rwa […]Irambuye

Ku rubyiruko rushaka kurihirwa amasomo y’ubumenyingiro i Kigali

Mu rwego rwo kongerera Urubyiruko ubumenyi ngiro, ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu kigisha ubumenyingiro (IPRC Kigali), Inama y’igihugu y’Urubyiruko irashaka  gufasha Urubyiruko rwarangije amashuri yisumbuye rushaka kwiga imyuga mu gihe cy’umwaka umwe. Mu bisabwa harimo; kuba uri umunyarwanda uri hagati y’imyaka 18 na 35, kuba wabasha gukukurikirana amasomo mu cyongereza, kuba utari mu bemerewe n’ikigo cy’igihugu […]Irambuye

Gicumbi: Arashinjwa gusambanya umwana nyuma y’iminsi amushuka

Kuri Station ya Polisi ku Mulindi mu karere ka Gicumbi hafungiye umugabo Nteziryayo Gilbert usanzwe wubatse urugo rwe, azira gusambanya umwana w’umuturanyi kuri uyu 27 Nyakanga ku gicamunsi, abaturanyi bavuga yaba yari amaze iminsi agerageza uyu mwana. Uyu mwana<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/arashinjwa-gusambanya-umwana-nyuma-yigihe-amushuka/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Ku rubyiruko rushaka kurihirwa amasomo y’ubumenyingiro i Kigali

Mu rwego rwo kongerera Urubyiruko ubumenyi ngiro, ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu kigisha ubumenyingiro (IPRC Kigali), Inama y’igihugu y’Urubyiruko irashaka  gufasha Urubyiruko rwarangije amashuri yisumbuye rushaka kwiga imyuga mu gihe cy’umwaka umwe. Mu bisabwa harimo; kuba uri umunyarwanda uri hagati<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ku-rubyiruko-rushaka-kurihirwa-amasomo-yubumenyingiro-i-kigali/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Imyumvire ya Papa Francisko ku butinganyi, itandukanye n’iy’uwo yasimbuye

Mu kiganiro Umushumba wa Kiliziya Gatolika Papa Fransisco yagiranye n’abanyamakuru yagaragaje byinshi ku byo atekereza ku bashakana bahuje ibitsina, n’uruhare umugore ashobora kugira muri Kiliziya, Papa yavuze ko “Ntaburenganzira afite bwo gucira urubanza abatinganyi.” Papa Fransisco yatangaje ko abantu badakwiye gutera ibuye abatinganyi cyangwa kubagirira nabi. Umushumba wa Kiliziya yagize ati “Niba umuntu ari umutinganyi […]Irambuye

en_USEnglish