Month: <span>January 2013</span>

Zambia yari ifite igikombe yasezerewe

Chipolopolo ya Christopher Katongo, Collins Mbesuma, Emmanuel Mayuka, Raiford Kalaba n’abandi basore benshi bari biteze gusubira ibyo bakoze umwaka ushize, basezerewe mu matsinda nyuma yo kunanirwa gutsinda ikipe ya Burkina Faso banganyije 0 – 0 kuri Mbombela Stadium muri Africa y’Epfo. Zambia yananiwe gutsinda mu buryo butari bwinshi yabonye, burimo ubushoboka cyane bwa rutahizamu Collins […]Irambuye

Kuwa 15/02/2013 ikibuye kizanyura iruhande rw’Isi

Ni amakuru yemejwe na NASA, Ikigo cy’Abanyamerika cyerekeranye no kumenya isanzure n’ikirere ko kuwa gatanu tariki 15 Gashyantare uyu mwaka hari ikibuye (astéroïde) kizaca iruhande rw’Isi. NASA ariko yahamije ko nta mpungenge twe tuyituye dukwiye kugira kuko ntaho kizitura cyangwa ngo kikube ku Isi. Iyi astéroïde yahaawe izina rya 2012 DA14 ubwo yavumburwaga kuwa 23 […]Irambuye

“Sinavuye muri R&B” – King James

Uyu muhanzi yahakanye ko atavuye muri R&B ngo ajye muri Afro Beat nkuko hanze bamwe babivuga. Ni nyuma y’uko uyu muhanzi ashyizwe mu cyiciro cy’abazahatana mu njyana ya Afro Beata mu marushanwa ya Salax 2012. King James avuga ko nta yindi mpamvu ari uko injyana nyinshi yakoze muri uriya mwaka zibanze cyane kuri Afro Beat, […]Irambuye

Yashyize uburozi mu gitsina cye ngo buhitane umugabo we

Umugore mu gihugu cya Brazil akurikiranyweho gushaka kwica umugabo we akoresheje uburozi yashyize mu gitsina cye maze agasaba umugabo we ko akora ibyagombaga gutuma bumuhitana. Umugabo w’imyaka 43 ubu akurikiranye umugore we mu nkuko amushinja kugerageza kumwica amuroze ariko Imana igakinga akaboko. Uyu mugore w’ahitwa Sao Jose do Rio Preto aregwa kuba yarashyize mu gitsina […]Irambuye

Amashanyarazi azava kuri Nyabarongo I Mushishiro arabageraho vuba

Abadepite bashinzwe komisiyo y’ ubukungu kuri uyu wa 29/01/2013 basuye urugomero rw’ amashanyarazi rurimo kubakwa na sosiyeti ya Angelique International mu murenge wa Mushishiro, Akarere ka Muhanga,mu rwego rwo kureba aho ibikorwa byo kubaka igice cya mbere kizatanga amashanyarazi kigeze. Uru rugomero ruzuzura rutwaye akayabo ka miliyoni 97$ igice cya mbere cyarwo kizatangira guha abaturage […]Irambuye

Ibintu 9 biranga Intwari

Tariki ya Mbere Gashyantare buri mwaka u Rwanda rwizihiza Umunsi Mukuru w’Intwari z’Igihugu. Inzego z’intwari z‘igihugu ni eshatu arizo Imanzi, Imena n’Ingenzi. Imanzi ni intwari y’ikirenga yagaragaje ibikorwa by’akataraboneka birangwa n’ubwitange, akamaro n’urugero bihebuje. Imena ni intwari iyinga Imanzi, inkwakuzi mu kugaragaza ibikorwa byiza bidasanzwe mu gihugu birangwa n’ubwitange, akamaro n’urugero bihanitse. Naho Intwari y’Ingenzi […]Irambuye

Umurwanashyaka wa Green Party yaburiwe irengero

Ishyaka ritaremerwa mu Rwanda “Green Party” riratangaza ko ryabuze umurwanashyaka waryo witwa Omar Leo. Omar Leo wari ushinzwe itumanaho mu ishyaka riharanira Demokarasi n’ibidukikije ngo yabuze taliki ya 15 Mutarama 2013; asanzwe atuye i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali. Umuyobozi wa Green Party; Frank Habineza yatangaje ko batewe impungenge nibura ry’umurwanashyaka wabo. Ati “Impungenge ntizabura […]Irambuye

Inkomoko ya ATM zikoreshwa n'amabanki

Ahagana mu 1960 abanyamabanki batangiye gutekereza uburyo bwo korohereza abakiliya babo, ndetse n’abakozi babo kuko abantu benshi baganaga za banki bamwe bakirirwa ku mirongo bategereje gufashwa. Batekerezaga kandi uburyo umukiliya yabona Servisi ya banki ye nibura yo kubona amafaranga mu minsi y’ikiruhuko igihe abakozi ba Bank nabo baruhutse. Umunya Ecosse Eng James Goodfellow wakoreraga muri […]Irambuye

Uganda: Inteko irasaba abasirikare kwisobanura kuri “Coup d’Etat” bavuze

Ishyaka Riharanira Demokarasi muri Uganda tyo ryamaze gutangaza ko ryatangiye gahunda yo kureba uburyo abayobozi bakuru b’igisirikare cya Uganda bagezwa imbere y’ubutabera bagasobanura impamvu batangaje ko bashaka guhirika ubutegetsi. Mu minsi ishize nibwo Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yagiye yumvikanamo bombori bombori. Ubwo ishyaka riri ku butegetsi muri ganda ryari mu mwiherero mu minsi yashize, […]Irambuye

Didier Drogba ubu ni umukinnyi wa Galatasaray

Ntiyari ameze neza muri Chine, kuri uyu wa mbere tariki 28 Mutarama yasinye amasezerano na Galatasaray ahagaze agaciro ka miliyoni 8.5£. Drogba uri mu gikombe cya Africa yasinye amasezerano y’amezi 18 n’iyi kipe yo muri Turquie nyuma yo kuva mu ikipe ya Shanghai Shenhua. Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere igitangazamakuru The Sun dukesha […]Irambuye

en_USEnglish