Month: <span>November 2011</span>

Kenya- Abantu babiri bahitanywe n’ibindi bisasu byatewe

Kenya – Kuri uyu wa gatandatu abantu babiri nibo bahitanywe n’igisasu abandi barakomereka mu rusengero rwitwa East African Pentecostal Church mu burasirazuba bwa Kenya mu birometero 330 uturutse mu murwa mukuru  Nairobi. Nkuko tubikesha The portaltofafrica, abatuye mu gace katurikiyemo ibisasu ahitwa Garissa baratangaza ko abantu babiri bahasize ubuzima ubwo  bisasu bitatu byaturikaga  aha hantu […]Irambuye

Anniversaire y’imyaka 6 ya Coga Style mu mafoto

Kuri uyu wa gatandatu, kuri stade Ubworehoreane mu mujyi wa Musanze niho umuhanzi Rafiki Mazimpaka n’umuryango yita uwa Coga Style bizihije isabukuru y’imyaka 6 y’injayana ya Coga. Ni muri Concert Live yateguwe n’umuhanzi Rafiki, yitabiriwe n’abahanzi benshi bakorera hano mu Rwanda. Rafiki yatangarije UM– USEKE.COM ko yishimye cyane ko iki gitaramo cyagenze neza, yashimiye abamuteye […]Irambuye

Danny wo muri the Brothers ashinjwa ubuhemu n’abo yakoresheje we

Abacuranzi bacurangiye umuririmbyi Danny wo muri Group the Brothers baravuga ko yabambuye amafaranga yari yemeranyijwe nabo kubishyura nyuma y’amarushanwa yo kwihangira imirimo yari yateguwe na MINICOM, aho Danny n’abo baririmbi babaye abambere, Danny we avuga ko ibyo Atari ukuri nkuko babyemeza. Mbere y’aya marushanwa yabaye mu kwezi kwa Nyakanga uyu mwaka, abacuranzi bakoranye bavuga ko […]Irambuye

Amafoto y’ukwezi kwa buki kwa Princess Diana atari yarabonywe

Aya mafoto arerekana igikomangoma Diana n’umugabo we yari amaze gushakana,  Prince Charles, bishimana n’abo bari kumwe mu nyanja bishimana mu kwezi kwa buki. Bombi bari bagiye mu nyanja mu bwato bwa cyami bwitwa Britania, aho ndetse bari kumwe n’abantu bagera ku 100, harimo abashinzwe ibintu bitandukanye, umutekano, kubatekera, kubashimisha n’ibindi Terry Smith, ubu afite imyaka […]Irambuye

Abahanzi Jay Polly, Kitoko na Dream Boys, baje kwakira abanyeshuri

Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu muri Grand Oditorium ya Kaminuza nibwo icyumweru cyo kwakira abanyeshuri bashya  baje kwiga muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda i Butare, cyashojwe ku mugaragaro. Umuyobozi wa Kaminuza nkuru y’u Rwanda, Prof. Silas Lwakabamba akaba ariwe watangije ibirori byaherekeje icyumweru cyo kwakira no kumenyereza abanyeshuri bashya baje kwiga mu mwaka […]Irambuye

Ibyemezo by’Inama y’Abaministre;Mme Uwamariya Odette yasimbuye Dr Kirabo Kacyira

Kuwa gatanu tariki ya 04 Ugushyingo 2011, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Mu izina ry’Abagize Guverinoma, Nyakubahwa Minisitiri w’Intebe, HABUMUREMYI Pierre Damien, yashimiye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME, agaciro amaze kugeza k’u Rwanda muri Politiki mpuzamahanga nkuko byagaragaye mu Nama y’Abakuru b’Ibihugu n’aba za Guverinoma […]Irambuye

Nyanza:Abandi bantu batanu bakora kanyanga baguwe gitumo

Kuri station ya polisi ya Busasamana ni mu karere ka Nyanza, hafungiye abagabo bane n’umugore umwe nyuma yo gufatirwa mu cyuho aho bakoreraga kanyanga n’izindi nzoga zitemewe n’amategeko. Abafashwe  bavuga ko kuzikora ari uburyo bwo kubona amafaranga bitaruhanije kandi mu buryo bwihuse. Abafashwe uko ari batanu bose bakomoka mu murenge wa Mukingo,ari naho inzego z’umutekano […]Irambuye

Toni 10 z’ibisasu bishaje zaturikijwe mu kigo cya gisirikare cya

Muri gahunda yo kwangiza intwaro zishaje, kuri uyu wa gatanu ku ishuri rya gisirikare rya Gabiro mu ntara y’Iburasirazuba, haturikijwe ibisasu bishaje bigera kuri Toni 10. Iki gikorwa cyabaye imbere ya abamwe mu bayobozi b’ingabo mu Rwanda ndetse n’umuyobozi w’Intara y’Uburasirazuba Dr Aisa Kirabo Kacyira. Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka Lt.Gen.Cesar KAYIZARI wari muri uyu muhango […]Irambuye

Ubuholandi bwemeye kohereza mu Rwanda ibimenyetso bishinja Ingabire

Ubuholandi bwaba bugiye kohereza ibimenyetso mu rubanza ruregwamo Ingabire Victoire ruri kubera I Kigali. Iki gihugu cyemeye gufasha ubucamanza bw’u Rwanda nkuko cyari cyabisabwe. Ibi ni ibyemezo by’agateganyo by’urukiko rwo mu mujyi wa La Haye (The Hague) mu Ubuholandi  ko ibyo bimenyetso byakohererezwa urukiko ruri kuburanisha Ingabire Victoire. Mu Ukuboza 2010, ibiro bishinzwe iperereza mu […]Irambuye

Nyuma y’iminsi 520 mu butumwa kuri Mars bageze ku Isi

Mu mushinga wiswe Mars500 wakozwe n’Abarusiya, itsinda ry’inzobere esheshatu mu by’ikirere ryari rimaze umwaka urenga mu kirere cya Mars bageze ku isi mu rukerera kuri uyu wa kane. Aba bagabo bari batumwe kureba uburyo muntu yakwihanganira kumara igihe kinini mu kirere kitari icyo ku isi. Muri ubu bushakashatsi bwakorewe ku kirere cy’umubumbe wa Mars, batatu […]Irambuye

en_USEnglish