Month: <span>September 2011</span>

Abahanzi nyarwanda bazasohora Album mu mpera z’umwaka umusubizo

Bamwe mu bahanzi nyarwanda bisa n’aho bahitamo gushyira ahagaragara Album zabo mu mpera z’umwaka. Abahanzi bagera kuri batanu, mu mpera z’uyu mwaka bazagaragaza Album zabo mu matariki ajya kwegerana, kandi yose ashyira impera za 2011. Dore bamwe uko gahunda zabo ziteye: *DREAM BOYZ: tariki 18/11/2011 mu mujyi wa KIGALI Ikindi twababwira nuko iyi ALBUM ari […]Irambuye

FC Barcelona yahogoje abatoza bakomeye bo ku mugabane w’uburayi

Nkuko yabitangaje ku rubuga rwayo rwa internet, Barcelona ngo intego yayo ni ugutsinda no gushimisha abafana. Barcelona yabaye ikitegererezo cy’andi makipe y’iburayi, nkuko byagiye bigarukwaho mu nama ya UEFA yahuje abatoza b’amakipe akomeye yo k’umugabane w’uburayi. Abatoza bagera kuri 20 nibo batumiwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ry’iburayi UEFA, nkuko basanzwe babikora muri gahunda zabo.  Abari batumiwe […]Irambuye

Ubushakashatsi bwo kureba ubwisanzure bw’itangazamakuru mu Rwanda

Kuri uyu wa gatatu tariki 2/9/2011 Kuri Hotel SportsView habereye inama ihuje ikigo gishinzwe itangazamakuru mu Rwanda MHC (Media high council ) n’abafatanyabikorwa bacyo ndetse n’ikigo cya  Transparency Rwanda,  k’ubushakashatsi ku miterere y’itangazamakuru mu Rwanda Transparency Rwanda igiye gukora mu minsi iri mbere.    Ibihe byabanjirije Genoside yo mu 1994,  itangazamakuru ryabaye igikoresho cyakoreshejwe mu […]Irambuye

Ubwongereza imbere mu gutanga za Miliyoni kubakinnyi

Kugura abakinnyi bakomeye ni kimwe mu biryoshya Shampiyona. Mu Bwongereza miliyoni 805,7 z’Ama Euros zasohotse makipe yiyubaka muri iki gihe gishize cyo kugura abakinnyi; izigera kuri miliyoni 485z’amapawundi zasohotse mu makipe 4 ya mbere, bikaba byarazamutseho 33% ugereranyije n’ubushize. Mu kwezi gushize ku itariki ya 31 mu gicuku ni bwo umuryango w’isoko ry’igura n’igurisha ku […]Irambuye

Umumotari azaparika he muri Kigali? niko bibaza

Mugihe abamotari bakorera mu mugi wa Kigali binubira uburyo bafatwa na polici y’igihugu mugihe bahagaze ngo umugenzi yururuke, Polici y’igihugu ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda iravuga ko abafatwa ari abatubahiriza ibyo basabwa bityo bagafatirwa ibihano. Bamwe mu bamotari bavuganye twaganiriye ntibasobanukiwe n’ibijyanye naho bakwiye guparika. Bavugako batigeze basobanurirwa igituma banyagwa moto zabo, bamwe muri […]Irambuye

Rwanda Initiative yafashaga itangazamakuru yahagaritse gukorera mu Rwanda

Nkuko byemejwe n’uwari ukuriye uyu mushinga mu Rwanda, Allan Thompson, Rwanda Initiative yafashaka mu kwigisha no guhugura abanyamakuru mu Rwanda, yahagaritse imirimo yayo mu Rwanda ndetse ifunga aho yakoreraga ku Kimihurura. Mu ibaruwa ndende yandikiye abafatanyabikorwa b’uyu mushinga, UM– USEKE.COM ufitiye Copy, Allan Thompson, umwarimu muri Kaminuza ya Carleton University muri Canada, yavuze ko bahisemo […]Irambuye

Gahunda y’umukino: RWANDA vs IVORY COAST

Iyi ni gahunda y’umukino wo guhatanira ticket yo kujya mu gikombe cy’Africa k’ibihugu 2012, uzahuza u Rwanda na Cote d’Ivoire kuri uyu wa gatandatu tariki 03 Nzeri kuri stade amahoro. 9:00  : Gutangira gucuruza amatike yo kwinjira Ibiciro by’amatike : 10,000 RwfF : VVIP tickets (blue seats) 5,000 RwF : VIP tickets (green seats) 3,000 RwF : Yellow seats […]Irambuye

2013 Amashuri afite amashanyarazi azikuba kabiri

Mu gihe abanyeshuri mu bigo bitagira amashyanyarazi bataka ko biga nabi, EWSA Ikigo gikwirakwiza amashanyarazi kiravuga ko ibi bigo biri mu byihutirwa,  kuburyo umubare w’igibo bicanirwa uzava kuri 25%  ukagera kuri 50% mu myaka 2 iri imbere. EWSA ikaba itangaza ibi, nyuma y’uko abanyeshuri biga muri ibi bigo bitagira amashanyarazi bavuga ko biga nabi cyane […]Irambuye

President Kagame yashimiwe guteza imbere no gukunda Siporo

Kuri uyu wa kane, umuyobozi w’ishyirahamwe ry’imikino Olempiki ku isi, yashimiye President Kagame uruhare rwe mu guteza imbere siporo mu Rwanda. Jacques Rogge,69, uri mu ruzinduko mu Rwanda, yashyikirije President Kagame igihembo yagenewe na International Olympic Committee (IOC) kitwa “IOC 2010 AWARD “Kubera urugero rwiza aha urubyiruko ku isi” Nyuma yo kugera mu Rwanda ku […]Irambuye

Umugore uremereye ku isi yatanye n’umukunzi we

Kubera gutana n’umukunzi we, Donna Simpson ufite agahigo ko kuba ariwe mugore uremereye ku isi (World Record for the ‘World’s Heaviest Mother’)yatangaje ko ahise ajya ku ndyo idasanzwe (regime) ngo ate ibiro bye. Donna ubusanzwe yapimaga ibiro 272kg, atunzwe n’abantu biyandikishije (Abonement) ku rubuga rwe rugaragaza ingano ye n’uburyo arya 15,000 calories ku munsi umwe. […]Irambuye

en_USEnglish