Selena Gomez umukinnyi w’amafilimi ufite imyaka 19 gusa yamenyekanye muri Disney Channels kuri television yakunzwe n’abantu batari bake yizihije isabukuru ye y’imyaka 19 ari kumwe n’umukunzi we Justin Bieber ufite imyaka 17 gusa bamaranye amezi atandatu. Uyu mukinnyi w’amafilime Selena Gomez akaba afite umukunzi bamaranye amezi atandatu, inshutimagara ya Gomez ni umuririmbyi nawe ukiri muto […]Irambuye
Byibura umwana umwe niwe witaba Imana buri minota 6, azize inzara yatewe n’amapfa akabije muri Somalia, ni ibyemejwe n’abatabazi bariyo kuri uyu wa gatandatu nimugoroba. Ibi bisobanuye ko abana 250 bari munsi y’imyaka itanu bapfa buri munsi, nkuko na UNICEF ishinzwe no gutabara abana ibyemeza, nyamara abayoboye Somalia bo bavuga ko inzara ivugwa muri Somalia […]Irambuye
Mu karere ka Gatsibo ngo ntabwo bazihanganira abayobozi babi kuko bagiye gushyiraho umunsi wo kwicarana n’abaturage bakababwira abayobozi bumva babaha Service mbi. Nkuko byatangajwe na Mayor wa Gatsibo Ambroise Ruboneza, kuri uyu wa gatandatu mu kiganiro n’abanyamakuru, avuga ko nubwo bahagurukiye iterambere muri aka Karere hari abayobozi bakibavangira batanga service mbi kubo bashinzwe kuziha. Ibi […]Irambuye
Uyu munyamakuru w’imikino kuri City Radio REGIS MURAMIRA niwe wandikiye ibaruwa irambuye y’ibintu yumva bitagenda muri sport ya hano mu Rwanda, ndetse asaba President Paul Kagame ko yumva ari wenyine ukwiye kugira icyo ahita akora kuko abandi abona ntacyo bibabwiye kuba Sport iri gusubira inyuma mu Rwanda. Copy y’iyi baruwa Regis Muramira yayigeneye ruhagoyacu.com ari […]Irambuye
Mu murenge wa Ndaro mu karere ka Ngororero mu ntara y’uburengerazuba ahari kubakwa urugomero rw’amashanyarazi ku mugezi wa Nyabarongo, uhageze ubona ko ari igikorwa cyiza, nubwo nacyo kimaze igihe kinini cyane kuko uru rugomero rwatangiye kubakwa mu 2008. Hari amakuru yageraga k’umuseke.com atubwira ko hafi y’uru rugomero hacukurwa amabuye y’agaciro ariko abayacukura bagasiga imisozi yanamye […]Irambuye
Kuri station ya polisi ya Simbi, mu karere ka Huye hafungiye uwitwa Nkeshimana Jean Claude,ukurikiranyweho ubwambuzi, gushukana n’ububeshyi, ubutekamutwe. Nkeshimana akaba yarabeshyaga abaturage bo mu murenge wa Kigoma mu idini rya EAR,ko afite umushinga wo gutanga inka n’andi matungo magufi, ariko kugira ngo babibone bagomba kubanza kwiyandikisha batanze amafaranga 2000. Nkeshimana Jean Claude, yafatiwe mu […]Irambuye
Yaba ngo yarababajwe cyane n’uko umukunzi we mushya Reg Traviss aherutse kumuvaho Umuntu umwe yatangaje yamubonye agura cocaine, heroin, ecstasy na ketamine amasaha make mbere y’urupfu rwe Amy Winehouse bamusanze mu nzu ye i Londres kuri uyu wa gatandatu agana saa kumi n’ebyiri ku isaha ya Kigali yitabye Imana. Aya ni amakuru yemezwa na Scotland Yard […]Irambuye
Uriya mwicanyi amaze kubegeranya yababwiye ngo “Ntawurokoka” umwe mu basigaye warashwe mu mugongo niko yavuze. Imibare yabishwe yageze kuri 92 hamaze kuboneka undi umubiri ku kirwa. Umwicanyi ngo yasanganga n’abari mu bwihisho akabarasa Umwicyanyi aherutse kwandika kuri Twitter ye ngo “umuntu umwe ufite ukwizera angana n’abantu 100,000 bahiga inyungu” Igisasu cyaturikiye Oslo yaba ariwe wagiteze […]Irambuye
Ubushakashatsi buherutse gukorwa ku rubyiruko rukoresha itumanaho rya telephone muri Afurika y’iburasirazuba bwerekanye ko hakoreshwa akayabo k’amamiliyoni y’amadorali ku kwezi agurwa amakarita ya telephone (air time). Mu byumweru bitatu hakozwe ubushakashatsi muri Kenya bwagaragaje ko ku rubyiruko 36,000 rufite hagati y’imyaka 7 na 24 umubare wamafaranga bakoresha yo kugura amakarita ya telefoni mu gihe baganira n’inshuti zabo ari ku kigero cya million 7 z’amadorali y’amanyamerika mu […]Irambuye
Nyuma igihe kitari kinini habaye ubukwe bw’igikomangoma cyo mu Bwogereza William na Catherine (Kate), ubu inyubako Buckingham Palace iri gusurwa n’abantu batari bacye bakuruwe n’ikanzu Kate yambaye mu bukwe bwe. Ibi ni ibyatangajwe n’rubuga rwa internet Peoplemagazina.com, ndetse n’ ibindi nyuma y’uko iyi kanzu Kate yambayemu bukwe bwe ishyizwe ku karubanda, byatumye inzu y’ i […]Irambuye