Tags : WDA

Abarimu bashinja ababyeyi kubatererana mu gukurikirana uburezi bw’abana

Mu muhango wo kumurika udushya twakwifashishwa mu kuzamura ireme ry’uburezi ku rwego rw’umujyi wa Kigali, kuri uyu wa kane tariki ya 9 Nyakanga 2015 muri Kaminuza y’u Rwanda ishami ry’Ubumunyi n’ikoranabuhanga (CST) abarimu bagaragaje ko ababyeyi badohotse mu gukurikirana uburere bw’abana bakabona ko bituma ireme ry’uburezi  rikomeza kuhangirikira. Iyi gahunda yateguwe na Minisiteri y’Uburezi kugira […]Irambuye

Tumba College yahaye uruganda Sorwathé imashini 10 ishuri ryikoreye

Mu gikorwa cyo kugeza ku ruganda rw’Icyayi Sorwathé n’abakozi bayo ibikoresho birimo ibishyushya amazi bikoresha imirasire y’izuba byakozwe n’abanyeshuri biga muri Tumba College of Technology (TCT); kuri uyu wa 14 Gicurasi; iri shuri ryashimiwe ibikorwa byiza rikomeje kugeza ku baryegereye by’umwihariko ibikoresho bijyanye n’igihe rikomeje kuvumbura. Umunsi ku wundi; ikoranabuhanga rirakataza ari na ko rikomeza guhindura […]Irambuye

Uganda: yakoze ‘progam’ ihindura indimi mu zindi kuri telefoni

Yitwa Ambrose Awici-Rasmussen, ni UmunyaUgande uba mu gihugu cya Norvege. Avuga ko yatekereje gukora program kuri telefoni kugira ngo yorohereze abana be bazatazi indimi gakondo z’iwabo kuzimenya igihe bazaba bazikeneye. Iyi program yitwa “Safarini translator”, ifasha abantu mu itumanaho, by’umwihariko ifata indimi z’Igiswahili, Igikuyu (Kikuyu), Ikigande (Luganda) n’indi zitwa Langi, ikazihindura mu rurimi rw’Icyongereza. Awici-Rasmussen […]Irambuye

Abakozi 40 ba Leta babuze imirimo mu ivugurura bashobora kwirukanwa

Ubwo Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yagirana ikiganiro n’abanyamakuru gitegura umunsi mpuzamahanga w’umurimo wabaye kuri uyu wa 01 Gicurasi 2015, yatangaje ko mu bakozi 351 bahagaritswe ku mirimo yabo mu ivugurura ryabaye mu mwaka ushize, 40 gusa ngo ni bo bashobora kuzasererwa bitewe n’uko habuze indi myanya bashyirwamo. Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo Uwizeye Judith […]Irambuye

East: Amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro yize uko yakorana akongera ireme ry’uburezi

Mu nama yahuje Ishuri rikuru ryigisha imyuga n’ubumenyingiro mu Ntara y’Uburasirazuba (IPRC East) n’abayobozi b’ibigo byigisha imyuga n’ubumenyingiro byo muri iyi ntara basanze kunoza imikoranire bikwiye kongererwa imbaraga kugira ngo imyuga n’ireme ry’uburezi bitezwe imbere no gukorana hagati y’ibigo by’imyuga n’abikorera biruhseho kunoga. Ishuri rya IPRC East rikora igenzura n’ihuzabikorwa ry’imyigishirize y’imyuga n’ubumenyingiro mu Ntara […]Irambuye

Uburyo bushya bwo gutanga ‘Bourse’ buzazamura umubare w’abiga Kaminuza

Mu kiganiro n’abanyamakuru kigamije gusobanura itegeko rishya ryemejwe n’Inama y’Abaminisitiri ku itariki 14 Mata 2015 rijyanye n’uburyo bushya bwo gutanga inguzanyo ku banyeshuri biga muri Kamunuza n’amashuri makuru ya Leta, Minisitiri w’Uburezi yavuze ko ubu buryo buzongera umubare w’abiga Kamunuza, kandi ngo ‘bourse’ izajya izira igihe. Uburyo bushya bwo gutanga bourse ku banyeshuri biga muri […]Irambuye

Abagororwa bagiye kwigishwa amasomo y’ubumenyingiro

Ni mu masezerano yashyizweho umukono kuri uyu wa 11 Werurwe hagati y’ibigo bya Workforce Development Authority (WDA) n’Urwego rw’igihugu rushinzwe infungwa n’abagororwa, ajyanye no guha amasomo y’ubumenyingiro abafungiye muri gereza z’u Rwanda babyifuza. Gen Paul Rwarakabije yatangaje ko iki ari igikorwa gikomeye cyane ku buzima bw’umugororwa yaba afunze cyangwa arekuwe kuko ubu bumenyi buzabafasha mu […]Irambuye

Kutiga amashuri y’incuke ni imbogamizi ku ireme ry’uburezi – Dr

Mu nama ihuza Minisiteri y’Uburezi n’Abafatanyabikorwa bayo hagamijwe kurebera hamwe ibyagezweho mu mwaka urangiye n’ingamba zaba imbarutso yo kugera ku biteganyijwe mu myaka iri imbere, kuri uyu wa 19 Kamena  Ministiri w’Uburezi yatangaje ko zimwe mu mbogamizi zikomeje kuzitira ireme ry’Uburezi mu Rwanda ari umubare w’Amashuri y’Incuke n’abayigamo bikiri hasi mu gihe kutiga aya mashuri […]Irambuye

en_USEnglish