Tags : Valens Ndayisenga

Tour du Rwanda 2017 izagera mu Bugesera ku nshuro ya

Ishyirahamwe ry’Umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) n’abategura isiganwa rizenguruka u Rwand aku magare (Tour du Rwanda), bo mu Bufaransa bagiye gutangaza Inzira za Tour du Rwanda2017, mu hantu izanyura harimo no mu Bugesera izaca bwa mbere. Izo ni inzira isiganwa rizaberamo, aho ku nshuro ya mbere Bugesera yaje mu nzira za Tour du Rwanda 2017. […]Irambuye

Valens uhanganye cyane na Eyob ngo “Tour du Rwanda igeze

Ubwo hasozwaga etape ya gatanu ya Tour du Rwanda 2016, hagaragaye ubwumvikane buke hagati y’abakinnyi ba Team Dimension Data for Qhubeka. Bishobora guteza ihangana rikomeye mu bakinnyi bakina mu ikipe imwe. Kuri uyu wa gatanu tariki 18 Ugushyingo 2016, hakinwe agace ka gatanu k’isiganwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda ku igare, Tour du Rwanda 2016. Etape […]Irambuye

Valens Ndayisenga mu isiganwa rya mbere nk’uwabigize umwuga

Umunyarwanda usiganwa ku magare, Ndayisenga Valens ari mu isiganwa rya mbere akinnye nk’uwabigize umwuga mu Bufaransa, aho ari kumwe n’ikipe ya Team Dimension Data. Tariki 5 Gashyantare 2016, nibwo Valens Ndayisenga watwaye Tour du Rwanda 2014, na Bonavanture Uwizeyimana batangajwe nk’abakinnyi bashya b’ikipe yabigize umwuga mu gusiganwa ku magere, Team Dimension Data ya kabiri, yitwa […]Irambuye

2015, umwaka utazibagirana mu mukino w’Amagare mu Rwanda

-Umukino w’amagare wigaruriye imitima y’Abanyarwanda benshi mu 2015; -Ikipe y’igihugu “Team Rwanda” yarushijeho kubaka izina yitabira Shampiyona y’Isi; Yegukana umudari wa zahabu mu mikino Nyafurika, ndetse yisubiza ‘Tour Du Rwanda’. Umwaka wa 2015 ariko unasize u Rwanda rutakaje umusore muto wagaragazaga impano mu mukino w’amagare, Iryamukuru Kabera Yves wazize impanuka.   Team Rwanda yabaye iya […]Irambuye

Ndayisenga V. na Uwizeyimana Bona babonye ikipe bakinamo muri South

Valens Ndayisenga watwaye Tour du Rwanda 2014 na Bonaventure Uwizeyimana bombi b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare Team Rwanda bagiye kujya gukina nk’ababigize umwuga mu ikipe ya kabiri ya Dimension Data yo muri Afrika y’Epfo. Iyi kipe yabigize umwuga yahoze yitwa MTN Qhubeka, ubu yahinduye kubera abafatanyabikorwa bayo, guhera muri Mutarama 2016, izatangira kwitwa Dimension Data, niyo […]Irambuye

Valens Ndayisenga yavuye muri Tour du Rwanda bitunguranye

Kubera uburwayi bwo kubura isukari ihagije mu mubiri, aho abasiganwa bagiye guhagurukira i Muhanga berekeza i Rubavu (139Km) kuri Etape ya 5 ya Tour du Rwanda abaganga b’ikipe y’u Rwanda bamaze kwemeza ko uyu mukinnyi atakibashije gukomeza kubera uburwayi. Ejo kuwa kane Valens Ndayisenga yarangije etape ya IV ari ku bihe bimwe n’uwabaye uwa mbere, […]Irambuye

Valens Ndayisenga yajyanywe kwa muganga arembye

Kuri uyu wa kane ubwo etape ya kane yari irangiye Valens Ndayisenga yahagereye rimwe n’igikundi cya mbere ndetse anganya ibihe n’uwa mbere Debesay Mekseb. Ariko ahageze yagaragaje intege nke yitura hasi agwa igihumure abaganga batangira kumwitaho ngo azanzamuke. Hashize akanya gato bagerageza byagaragaye ko uyu musore ufite Tour du Rwanda y’ubushize ibye bikomeye, hazanwa imodoka […]Irambuye

Abakinnyi bose ba Team Rwanda basubiye kwitoza bategura Tour du

Amakauru agera k’Umuseke aremeza abakinnyi bose b’ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare baraye basubiye muri camp y’imyitozo i Musanze, ni nyuma y’ibiganiro byabaye nijoro hagati y’abakinnyi n’ubuyobozi bw’ishyirahamwe ryo gusiganwa ku magare na Minisiteri y’imikino kubera ubwumvikane bucye bwari bwaje hagati ya bamwe muri aba bakinnyi n’ubuyobozi. Abakinnyi 13 barimo abakomeye nka Joseph Biziyaremye ubu ufite shampionat […]Irambuye

en_USEnglish