Tags : Rwanda

Ubushishozi bwa Perezida Kagame bwatumye u Rwanda rudatera Congo –

Benshi bibuka amakimbirane yavutse ubwo Leta ya Congo Kinshasa ifatanyije n’ingabo zishinzwe kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo (MONUSCO) barwanaga n’umutwe wa M23, ibisasu byagwaga i Rubavu bihitana inzirakarengane bikanakomeretsa abandi bantu, Gen Kabarebe yatangarije mu Nkeko Nshingamategeko mu cyumweru gishize ko iyo hataba ubushishozi bwa Paul Kagame, u Rwanda narwo rwari rugiye kurasa Congo. Icyo […]Irambuye

Ku ncuro ya 10 abana b’ingagi 18 bagiye kwitwa amazina

Ku ncuro ya cumi, umuhango ngarukamwaka wo kwita amazina abana b’ingagi bashya baba bavutse mu miryango 10 y’ingagi zo muri Pariki y’Ibirunga y’u Rwanda uzaba tariki 01 Nyakanga, kuri iyi ncuro hazitwa ingagi 18. Nk’uko bisanzwe uyu muhango uzabera muri Parike y’igihugu yo mu Birunga ari naho zibarizwa. Insanganyamatsiko yo “Kwita Izina” muri uyu mwaka […]Irambuye

“Igihugu gikeneye ingengabitekerezo yo gukora ibintu vuba,” Ndayisaba

Mu nteko y’urubyiruko ya 17 yateranye kuwa gatandatu tariki 7 Kamena, umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yatangaje ko u Rwanda aho rugeze rukeneye urubyiruko rukora rukora ibintu vuba bikarangira, urubyiruko kandi rwiyemeje gukorana ubwitange mu kugeza serivise ku bo ruhagarariye. Iyi nteko y’urubyiruko ihuza abahuzabikorwa b’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko mu turere n’abagize komite, iy’uyu mwaka ikaba yari […]Irambuye

APR FC 2 – 1 Rayon Sports. AMAFOTO

Kucyumweru tariki 08 Kamena 2014 kuri stade ya Kigali i Nyamirambo ikipe ya APR FC ibitego bibiri byagiyemo bikurikiranye mu gice cya mbere nibyo byasezereye Rayon Sports yabonye igitego kimwe mu gice cya kabiri, ikabura icyo kwishyira birangira isezerewe muri 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro. Amwe mu mafoto yaranze uyu mukino: Photos/Plaisir MUZOGEYE/UM– USEKE ububiko.umusekehost.com  Irambuye

APR FC 2 – 1 Rayon Sports, isezerewe mu gikombe

08 /06/2014 – Kuri stade ya Kigali i Nyamirambo ikipe ya APR FC amahirwe yari ayayo uyu munsi, ibitego bibiri byagiyemo bikurikiranye mu gice cya mbere nibyo bisezereye Rayon Sports yabonye igitego kimwe mu gice cya kabiri, ikabura icyo kwishyira birangira isezerewe muri 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro. Abafana benshi, umwuka w’umupira n’amahari ya ruhago nibyo byari […]Irambuye

“Ubuhutu cyangwa ubututsi si ikintu wacuruza,” Umuyobozi wa IPRC West

Mu muhango wo kwibuka abari abakozi n’abanyeshuri b’icyahoze ari ETO Kibuye, bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuyobozi w’iri shuri, Eng. Mugiraneza Jean Bosco yasabye urubyiruko kwita cyane ku cyazanira inyungu igihugu, avuga ko Ubuhutu cyangwa Ubututsi ntawabusabisha akazi. Aba bari abanyeshuri n’abakozi ba ETO Kabuye (ubu ni Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubumenyingiro ryo mu […]Irambuye

Buri minota 30 mu Rwanda umuntu umwe aba yanduye agakoko

Kuri uyu wa gatanu ubwo Minisitiri w’ubuzima Dr Agnes Binagwaho n’abakozi b’iyi Minisiteri bari Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda basobanura uko ubwandu bushya bwa SIDA buhagaze mu Rwanda, bavuze ko muri iki gihe nibura buri minota 30 mu Rwanda umuntu umwe yandura agakoko gatera SIDA. Minisiteri y’ubuzima ivuga ko kugeza ubu abanyarwanda 226,225 bajya kungana […]Irambuye

Banki nizorohereze abahinzi kubona imashini zihinga – Dr Karibata

Ministre w’ubuhinzi n’ubworozi Dr Agnes Kalibata yatangaje kuri uyu wa 06 Kamena ko za Banki zikwiye korohereza abahinzi baciriritse kubona imashini zihinga mu rwego rwo kuvugurra ubuhinzi bukava ku bwa gakondo bagahinga kijyambere hagamijwe kongera umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi. Hari mu muhango wo gutangiza imurikabikorwa ku nshuro ya cyenda  hibanzwe mu gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi […]Irambuye

Caporal Bosongo wafatiwe i Rubavu yasubijwe iwabo

Caporal Boyama Bosongo umusirikare wa Congo Kinshasa uherutse gufatirwa mu mujyi wa Rubavu mu buryo butemewe n’amategeko yabaye umusirikare wa 16 usubijwe iwbao muri ubu buryo kuri uyu wa 06 Kamena. Ku bufatanye n’ingabo zishinzwe kugenzura imipaka ari nazo zatanze uyu musirikare ukorere mu mujyi wa Goma muri bataillon ya munani y’ingabo za Congo. Uyu […]Irambuye

Ikamyo nini yamaze amasaha 4 yafunze umuhanda Musanze – Rubavu

Kuri uyu wa 06/06/2014 ahagana saa munani z’amanywa ikamyo nini ifite plaque zo muri Kenya yakoze impanuka mu muhanda wa Musanze – Rubavu ubwo yari mu cyerekezo kigana Musanze uva Rubavu. Iyi kamyo yamaze igihe kigera hafi ku masaha ane yafunze umuhanda. Imodoka zashoboraga kuyikuramo ntizari hafi, hiyambajwe imodoka nini yavuye i Kigali nk’uko byemezwa n’umwe […]Irambuye

en_USEnglish