Tags : Prof Shyaka Anastase

RGS 2016: Gahunda ziteza abaturage imbere zifite amanota mabi

Mu cyegeranyo gishya ku miyoborere mu Rwanda (Rwanda Governance Scorecard 2016), gahunda ziteza imbere abaturage n’uruhare bazigiramo bifite amanota mabi ugereranyije n’ayo ibindi bipimo byagize, kuri Prof. Shyaka Anastase uyobora ikigo RGB cyasohoye ubushakashatsi, ngo haracyari inenge mu ishyirwa mu bikorwa by’izi gahunda. RGS 2016, yakozwe hagendewe ku nkingi (indicators) umunani, amashami 37 (sub-indicators) n’ibigenderwaho […]Irambuye

Raporo turazikora ariko abantu ntibaraziha agaciro – Prof Shyaka

Mu kiganiro kirambuye Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Ikigihugu cy’Imiyoborere Prof Shyaka Anastase yagiranye n’Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho Myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa Muntu n’Ibibazo by’Abaturage, yavuze ko raporo nyinshi zikorwa n’inzego zitandukanye zikagaragaza ibibazo ariko abazikoreweho ntibabihe agaciro bitewe n’uko nta byemezo bizikurikira. Iki kiganiro kiri mu murongo Abasenateri bagize iyi Komisiyo bihaye mu rwego rwo gukemura […]Irambuye

Umugi si amazu…Uyahateretse ntabayarimo byaba ari ibibandahore-Prof Shyaka

*Ati “Serivisi zinoze ntabwo ari ugusekera abantu, ni ibikorwa mpinduramibereho” *Ab’i Rusizi ngo amata abyaye amavuta… Ku mugoroba wo kuri uyu wa 06 Nzeli, hamuritswe ubushakashatsi ku igenamigambi ryo guteza imbere imigi yunganira Kigali. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere, Prof Shyaka Anastase avuga ko ibiranga umugi atari ibyiza biwurabagiranamo gusa nk’amazu y’imiturirwa ahubwo ko ari ibikorwa […]Irambuye

Abayobozi bose bamenye ko umuturage afite AGATUZA atari nka kera-Prof

*Prof Shyaka avuga ko gahunda yo kwegereza ubuyobozi Abaturage itagira abayobozi abamalayika, *Abanya-Gakenke ngo ntawe ugikora urugendo ajya kuri ‘Komini’ cyangwa asiragire mu buyobozi, *Bavuga ko ibiiza byabakomye mu nkokora… U Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu byo muri Afurika kwizihiza umunsi ngarukamwaka wahariwe kuzirikana kuri gahunda yo kwegereza ubuyobozi n’Ubushobozi abaturage. Prof Shyaka Anastase uyobora ikigo […]Irambuye

Ni amahire ko abaturage bizeye abayobozi bo hejuru kurusha abo

*Prof. Shyaka avuga ko umuyobozi ukora nabi atari uw’igihugu, *Prof Shyaka ati “Mu Rwanda ntibyarenze igaruriro. Hari ahandi usanga nta hasi nta hejuru” Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’imiyoborere, Prof. Shyaka Anastase avuga ko kuba abaturage bafitiye ikizere abayobozi bo mu nzego zo hejuru kurusha abo mu nzego zo hasi ari amahirwe kuko ari bo bakebura […]Irambuye

Karongi: Abaturage bambuwe miliyoni 10 bakoreye muri VUP

Mu karere ka Karongi mu murenge wa Mubuga Abaturage 300 baratabaza nyuma yo kudahembwa amafaranga ya nyuma bakoreye muri gahunda ya VUP, ubu barategereje amaso yaheze mu kirere, umunsi babahereyeho ko bazishyurwa uragera bakababwira undi. Bavuga ko bakoze imihanda kuva muri Werurwe 2015, bajyaga bahembwa nyuma y’iminsi 15 (quinzaine). Nyuma yo guhembwa mu byiciro bitandatu, […]Irambuye

‘Societe Civile’ zirasaba gukurirwaho amananiza aherekeza inkunga zihabwa

*”Uguha amafaranga ntabwo ari we uguha ibitekerezo”; *Imiryango itari iya Leta ibabajwe n’umuturage uherutse kwicwa azira imiyoborere idahwitse; *Sosiyete sivile irasaba Leta gushyiraho amategeko atayibangamira mu mikorere; *Iyi miryango itegamiye kuri Leta itunga agatoki Leta gutuma itabona Ubushobozi. Kuri uyu wa 16 Ukuboza; Imiryango itari iya Leta yahuriye mu nama nyunguranabitekerezo n’Ikigo cy’igihugu cy’Imiyoborere (RGB) […]Irambuye

Abagore basigaye bitabira gukora Politiki kuko yavuyemo akajagari kayihozemo- Prof

Mu gihe u Rwanda rwitegura inama Nyafurika iziga ku burenganzira bwa muntu, Demokarasi n’imiyoborere kuva kuwa mbere tariki 7-8 Ukuboza, Prof Shyaka Anastase uyobora Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiyoborere (RGB) yatangaje ko intambwe u Rwanda rwateye muri Politiki yatumye buri munyarwanda wese cyane cyane abagore bayitinyaga nabo bayiyumvamo. Iyi nama Nyafurika yabanjirijwe n’ihuriro ry’urubyiruko ryatangiye kuri […]Irambuye

en_USEnglish