Tags : Obama

Burundi: Abadashyigikiye Nkurunziza biringiye inama y’Abakuru b’ibihugu bya EAC

Abatavuga rumwe na Perezida Pierre Nkurunziza w’Uburundi bahisemo kwikura mu matora y’Umukuru w’igihugu, n’ayinzego z’ibanze mu gihe ibyo basaba byo kureka indorere, gufungura ibitangazamakuru byigenga byaba bidakozwe, baravuga ko bizeye ko inama y’abakuru b’ibigu bya Africa y’Iburasirazuba (EAC) y’ejo ku wa gatandatu izabafasha kotsa igitutu Nkurunziza, bigishidikanywa niba azayitabira. Abanyepolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi buriho mu […]Irambuye

Urukiko rushobora kwemeza UBUTINGANYI muri Leta zose za USA

Urukiko rw’Ikirenga muri Leta zunze Ubumwe za America kuri uyu wa kabiri rurasuzuma niba Ubutinganyi bwakwemerwa n’amategeko mu gihugu hose. Nyuma y’aho iki kibazo cyari cyasuzumwe mu 2013, Urukiko rw’Ikirenga muri America rurongera gusuzuma ingingo idasanzwe mu gihe cy’amasaha abiri n’igice. Abaturage bahangayikishijwe n’iki kibazo gikomeye kandi giteje impaka mu muryango w’Abanyamerika, amagana y’abashyigikiye buri […]Irambuye

IBUKA yashinje UN kuba indorerezi muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwo imiryango ibarizwa mu muryango w’abibumbye (United Nations, UN) ikorera mu Rwanda yakoraga umuhango wo kwibuka abahoze ari abakozi bayo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, kuri uyu wa 16 Mata 2015 ku cyicaro cy’ishami ry’umuryango w’abaibumbye ryita ku iterambere UNDP, Ibuka yavuze ko UN yabaye indorerezi kandi  kugeza na n’ubu nta […]Irambuye

Dufite icyizere n’ikitegererezo tuvana ku banyarwanda – Obama

Mu butumwa bwatanzwe na Perezida Barack Obama wa Leta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa 07 Mata 2014 ubwo u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 21 Jenoside yakorewe Abatutsi, yavuze ko Jenoside bakiyibuka nabo kandi baharanira ko nta handi yazongera. Perezida Obama yatangaje ku munsi nk’uyu bibuka abishwe banazirikana abagize ubutwari bwo kurokora abandi […]Irambuye

Bwa mbere Obama azabonana n’aba Perezida 50 ba Africa icya

 I Washington hagati ya tariki 04 – 06 Kanama 2014 Perezida wa Leta z’unze ubumwe za Amerika azakira abayobozi b’ibihugu 50 bya Africa mu nama igiye kuba bwa mbere yiswe “U.S.-Africa Leaders Summit”. Perezida Kagame w’u Rwanda ari mu bazitabira iyi nama.  Ibiro bya Perezida Obama bivuga ko iyi nama izibanda cyane ku byaganiriweho ku […]Irambuye

Obama yohereje Erica Barks nka Ambasaderi mushya mu Rwanda

Mu itangazo ryasohowe n’ibiro by’umukuru wa Leta zunze ubumwe za Amerika ry’impinduka mu bayobozi batandukanye mu by’ububanyi n’amahanga, hagaragayemo ambasaderi mushya w’u Rwanda. Uyu ni Erica J. Barks Ruggles. Erica Barks  aje gusimbura ambasaderi Donald W. Koran wari muri uwo murimo kuva mu kwezi kwa munani 2011. Usibye ambasaderi mushya mu Rwanda, Perezida Obama yohereje […]Irambuye

Putin yahuye na Perezida mushya wa Ukraine. Biratanga iki?

Kuri uyu wa gatanu, Perezida w’uburusiya Vradmir Putin na Perezida mushya wa Ukraine Petro Poroshenko bahuriye mu Bufaransa mu mihango iri kuhabera yo kwibuka irangira ry’Intambara ya kabiri y’Isi, bombi basaba ko intambara mu burasirazuba bwa Ukraine ihagarara. Uburusiya buregwa n’ibihugu by’uburengerazuba bw’Uburayi na Amerika kuba nyirabayazana w’intambara muri Ukraine, Uburusiya nabwo bugashinja ibyo bihugu […]Irambuye

en_USEnglish