Tags : Obama

Ubusesenguzi: U Burusiya na USA bishobora gukozanyaho muri Syria

Ba Minisitiri b’ingabo muri Leta zunze Ubumwe za America n’uw’U Burusiya barahura mu biganiro by’imbona nk’ubone “bidatinze bishoboka” kugira ngo hirindwe koi bi bihugu byombi byasakirana mu gihugu cya Syria, nk’uko umwe mu badiplomate yabitangarije BBC. U Burusiya bwatangaje ko bwarashe misile 20 ku nyeshyamba buvuga ko ari iza ‘Islamic State’ (IS) kuri uyu wa […]Irambuye

USA: Trump uhatanira gusimbura Obama ntakozwa iby’abimukira muri America

Donald Trump yaraye atangaje ko abinjira muri Amaerika rwihishwa (migrants clandestins) bagomba kugenda, gusa na we avuka ku babyeyi binjiye muri icyo gihugu muri ubwo buryo. Aatangaza imigambi ye ku bijyanye n’ibyo azakora ku bantu b’abimukira bagana muri Amerika buri mwaka, Trump yavuze ko miliyoni na miliyoni z’abo baba muri America rwihishwa bagomba guhambira. Donald […]Irambuye

Angela Merkel ‘aziyamamariza’ manda ya 4 mu 2017

Ikinyamakuru cyo mu Budage Der Spiegel, kiravuga ko Chancelliere w’iki gihugu Angela Merkel yatangiye ibiganiro byo kuziyamamaza mu matora y’umwanya ariho ashaka manda ya kane. Angela Merkel aziyamamaza muri manda ya kane mu matora azaba mu mwaka wa 2017, nk’uko Der Spiegel, kibivuga ariko ngo ntashobora kuzatangaza umugambi we umwaka wa 2016 utaragera. Aya makuru iki […]Irambuye

Nyamata: Kagame yaganirije urubyiruko rwa GHC ruyobowe na Barbara Bush

*Perezida Kagame yashimye ibikorwa by’uru rubyiruko rwishyize hamwe * Kagame yabasangije amateka y’uburyo yize amashuri muri Uganda bimugoye akaza kurihirwa n’Umubiligi *Yababwiye ko akimara kuba Perezida yagiye gushimira uyu Mubiligi wamurihiye *Kagame yemereye uru rubyiruko ubufasha, ariko by’umwihariko yemera kuzabarihira ubukode bw’aho gukorera mu Rwanda Ni mu mwiherero wabaye kuri uyu wa gatanu tariki 31 […]Irambuye

“Nta we ukwiye kuba Perezida ubuzima bwe bwose” – Obama

Perezida wa America Barack Obama amaze kugeza ijambo imbere y’Inama yaguye y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe (AU), mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yatangiye i Addis Ababa muri Ethiopia, ijambo rye ryibanze ku kwigisha abayobozi ba Africa ko bagomba kubaha ibiteganywa n’amategeko, anavuga kandi ku byo kurwanya iterabwoba ryugarije isi na Africa. Ijambo rya Perezida Obama ryakurikiye irya Nkosozana […]Irambuye

Obama ntazavuga iby’ ‘UBUTIGANYI’ – Perezida Kenyatta

Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yabwiye abanyamakuru ko mu bigenza Perezida wa America Barack Obama muri Kenya, ibyo kuvuga ku burenganzira bw’abashaka kubana bahuje ibitsina ‘UBUTINGANYI’ bitarimo. Uhuru Kenyatta yavuze ko mu byo azaganira na Perezida Obama nta burenganzira bw’abatinganyi burimo. Barack Obama azagera mu gihugu cya Kenya ku wa gatanu w’iki cyumweru mu nama […]Irambuye

Umupfumu yavuze indagu ze ku ruzinduko rwa Obama muri Kenya

Nyuma yo kuragura akoresheje amagufa y’udusimba tumwe, umupfumu witwa John Dimo yatangaje ko Obama byanze bikunze azagera mu gace ka Kogelo gakomokamo se, nubwo bwose gusura aha hantu bitari kuri gahunda y’uruzinduko rwe. Aha Kogelo niho hatuye Mama Sarah Obama w’imyaka ubu 95, uyu akaba ari umugore wa sekuru wa Obama, aha kandi niho hashyinguye […]Irambuye

Kenya: Uruzinduko rwa Obama rwatumye hamaganwa UBUTINGANYI

Amatsinda y’Abakiristu badashyigikiye umuco wo gushakana ku bahuje ibitsina (Ubutinganyi), ndetse na bamwe mu badepite muri Kenya, kuri uyu wa mbere tariki ya 6 Nyakanga bakoze urugendo rwo kwamagana ibyo bikorwa. Uru rugendo ni ikimenyetso cyo kwereka Perezida Barack Obama ko badashyigikiye ubutinganyi dore ko azasura iki gihugu cya Kenya akomokamo tariki ya 25 muri […]Irambuye

en_USEnglish