Tags : NURC

52 ‘bakoze Jenoside’ bakomorewe Amasakaramentu babyarwa n’abo biciye

*Umwe muri bo yiyemerera ko yatangaga amabwiriza yo kwica…Ngo yishe n’umu-frere, *Imbabazi Papa yasabye ngo zaguye urugendo rwa Kiliziya mu kunga Abanyarwanda. Uyu munsi, abantu 52 bagize uruhare mu bwicanyi n’ubusahuzi muri Jenoside yakorewe Abatutsi barimo uvuga ko yayoboye ubwicanyi bwakorewe mu cyahoze ari komini Kanzenze (Bugesera) bakomorewe ku masakaramentu na Kiliziya Gatulika nyuma y’urugendo […]Irambuye

Ibikomere bya Jenoside ni imbogamizi ku bumwe n’ubwiyunge mu Rwanda

Mu nama mpuzamahanga ku isanamitima n’imibanire y’abantu yahuje abashakashatsi batandukanye, basanze ibikomere bya genocide ari kimwe mu mbogamizi z’ubumwe n’ubwiyunge. Ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango Never Again Rwanda, uharanira ko Jenoside itazongera kubaho ukundi, buvuga ko Abanyarwanda 26.1% bagifite ibikomere bya Jenoside, n’ubwo igipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge kiri kuri 92%. Eric Mahoro umuyobozi wa Never Again yavuze ko […]Irambuye

Abasenateri baribaza impamvu igipimo cy’ingengabitekerezo kitari guhinduka

*John Rucyahana avuga ko itahita iva mu banyarwanda kuko bayicengejwemo igihe kinini Kuri uyu wa 27 Ukwakira, Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge yamurikiye Abasenateri raporo y’ibikorwa byayo mu mwaka wa 2015-2016, inagaragaza ibyo iteganya kuzakora muri 2016-2017. Abasenateri bari bamaze kugaragarizwa ko ingengabitekerezo ya Jenoside ikiri ku gipimo cya 25%, bibajije impamvu iyi mibare itigeze ihinduka […]Irambuye

Abavuga ko mu Rwanda batisanzura ntibazi uko Abanyarwanda batekereza- Ndayisaba

*Abanyarwanda 93.9% bagaragaza ko bafite ubwisanzure bwo kuvuga ibibari ku mutima, *92.9% bakavuga ko bashobora no gukoresha ‘petitions’ bagaragaza ibibarimo, *Ngo kubaza abayobozi ibibakorerwa byo biracyacumbagira… Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge, Fidel Ndayisaba avuga ko abavuga ko mu Rwanda nta bwisanzure bwo gutanga ibitekerezo buhari ari uko batazi uko Abanyarwanda batekereza kuko Komisiyo abereye […]Irambuye

Uturere 7 turi hejuru ya 60% mu kwibona mu moko…Tumwe

*Ngo tumwe muri utu turere duturanye n’ahari amacakubiri nk’i Burundi, *Ruhango na Nyanza turi hejuru ya 65%, *Musanze na Rubavu turi hejuru ya 74%, *Gasabo na Nyarugenge natwo turi hejuru ya 70% Ubushakashatsi ku gipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge kigaragaza ko n’ubwo kwirebera mu ndorerwamo y’ubwoko biri gushira mu banyarwanda ariko hari uturere turindwi tukiri inyuma turimo Musanze, […]Irambuye

Ubwoko: Ntibuguhesha ishuri, ntibukwimisha akazi, Ntibukiri ‘Harmful’-Ndayisaba

*27.9% barakibonera mu ndorerwamo y’ubwoko, 25.8% bafite ingengabiterezo, *28.9% babona ko habonetse urwaho hari abakongera gukora Jenoside, *Abanyarwanda 96.1% bavuga ko bakwemera guhara amagara yabo barwanya amacakubiri… Agaragariza Abadepite ibyavuye mu bushakashatsi ku gipimo cy’ubwiyunge mu Rwanda muri 2015, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge, Fidel Ndayisaba, kuri uyu wa 23 Nzeri yavuze ko nta […]Irambuye

Ingengabitekerezo ya Jenoside ni kimwe mu biyobyabwenge bikarishye- Rucyahana

Bishop John Rucyahana uyobora Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge avuga ko ingengabitekerezo ya Jenoside ari nk’ikiyobyabwenge gifite ubukana kuko uwasabitswe na yo adashobora kwiteza imbere ahubwo ko ahora arangwa n’ibikorwa byo gusenya ibyiza. Bishop Rucyahana asaba Abanyarwanda bakunda igihugu guhaguruka bakarwanya ababaye imbata y’ingengabitekerezo ya Jenoside kuko umugambi wabo ari ugusenya ibimaze kugerwaho. Rucyahana ugereranya ingengabitekerezo ya […]Irambuye

F. Ndayisaba arifuza ko ikimenyane kivugwa mu itangwa ry’akazi gihagurukirwa

*Ngo bishobora kuba bifitanye isano n’ubutegetsi bubi bwaaranzwe n’ikimenyane… Mu mwiherero wahuje Minisitiri mu biro by’Umukuru w’Igihugu n’abakozi ba Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge muri iki cyumweru, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’iyi komisiyo, Ndayisaba Fidel yasabye ko ikinewabo n’ikimenyane bikomeje kuvugwa mu gusaranganya amahirwe y’igihugu nko mu itangwa ry’akazi gikurukiranwa kuko bibangamira politiki y’ubumwe n’ubwiyunge. Muri uyu mwiherero wari […]Irambuye

Amashyaka ya Politiki yasinye amasezerano na Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge

Perezida wa Komisiyo y’Ubumwe n’ubwiyunge, Bishop John Rucyahana avuga ko amasezerano iyi komisiyo yagiranye n’imitwe ya Politiki kuri uyu wa 12 Nyakanga azatuma Abanyapolitiki bagarurirwa ikizere kuko ari bo batanyije Abanyarwanda  bikanabageza ku bwicanyi bwari bugamije kurimbura  ubwoko bw’Abatutsi. Bishop John Rucyahana uyobora Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge avuga ko imitwe ya politiki yagize uruhare runini mu […]Irambuye

Bishop Rucyahana asanga ifatwa rya Gen Karake ari agasuzuguro ku

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyateguwe na Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge cyari kigamije gukomeza guhumuriza Abanyarwanda ngo ntibaterwe ubwoba n’ibyo amahanga akomeje kugenda akorera u Rwanda, Bishop Rucyahana John, Perezida w’iyi komisiyo yavuze ko gufata Gen Karenzi Karare ari ugasuzuguro no gushesha agaciro Abanyarwanda. Rucyahana yavuze ko komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge (NURC) ifite mu nshingano kwamagana akarengane n’ibitesha agciro Abanyarwanda, […]Irambuye

en_USEnglish