Tags : Never Again Rwanda

Yapimye amazuru, amaso, amatwi,…ariko yirinda gupima amaraso-Gatabazi/CNLG

Rulindo- Mu biganiro bitegurwa n’ihuriro ry’urubyiruko ‘Rwanda We Want’ bigamije gukarishya urubyiruko rwiga mu mashuri yisumbuye kugira ngo ruzavemo abayobozi beza, Claver Gatabazi ushinzwe Ibikorwa byo kwibuka muri CNLG yabwiye abanyeshuri bo muri Gasiza Secondary School ryo muri aka karere ko uwabibye amoko mu banyarwanda yagendeye ku miterere ya bimwe bice by’umubiri wabo kugira ngo […]Irambuye

Ibikomere bya Jenoside ni imbogamizi ku bumwe n’ubwiyunge mu Rwanda

Mu nama mpuzamahanga ku isanamitima n’imibanire y’abantu yahuje abashakashatsi batandukanye, basanze ibikomere bya genocide ari kimwe mu mbogamizi z’ubumwe n’ubwiyunge. Ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango Never Again Rwanda, uharanira ko Jenoside itazongera kubaho ukundi, buvuga ko Abanyarwanda 26.1% bagifite ibikomere bya Jenoside, n’ubwo igipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge kiri kuri 92%. Eric Mahoro umuyobozi wa Never Again yavuze ko […]Irambuye

Burundi, Rwanda & DRCongo: Abaturiye imipaka ngo hakenewe ibiganiro mu

Abaturage baturiye imipaka y’ibihugu byo mu karere k’ibiyaga bigari nka Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,u Burundi n’u Rwanda basanzwe bakorera ingendo muri ibi bihugu, bavuga ko umutekano muke ugaragara mu bihugu bimwe na bimwe byo mu karere ugirwamo uruhare na bamwe mu bayobozi baba bashaka kwikubira, bagasaba ko hajya habaho ibiganiro kugira ngo aka karere […]Irambuye

Rugendabari: ‘Mvura nkuvure’ ifasha abaturage gukira ibikomere batewe na jenoside

Abaturage bo mu murenge wa Rugendabari mu karere ka Muhanga, batangaza ko amatsinda ya Mvura nkuvure  yatumye  babasha gukira ibikomere byatewe n’ingaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bagasaba  bagenzi babo kwitabira ibiganiro by’ayo matsinda mu rwego rwo kugira ngo  baruhuke  intimba. Aba baturage barimo abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, abagize uruhare  muri […]Irambuye

Urubyiruko rugomba gukotanira kubaka igihugu kuko nta we rusiganya –

*Kubaka amahoro mu rubyiruko niyo nzira izafasha Abanyarwanda gukira ibikomere, *Abanyarwanda barakishishanya, gushakana hagati y’abiciwe n’abo mu miryango yabiciye biracyari ikibazo, *Hari ubwoba bwo kubivuga, kwishishanya, ariko icyizere kiri mu rubyiruko. I Kigali harabera inama y’ urubyiruko ku bijyanye no kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, inama itegurwa n’umuryango Never Again Rwanda. Ngo iyi nama […]Irambuye

Muhanga: Abikorera bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside banafasha abo

Bamwe mu barokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bo mu karere ka Muhanga, bahawe inkunga  ya miliyoni irenga y’amafaranga y’u Rwanda, aya mafaranga akaba agamije kubereka ko bifatanyije na bo mu gahinda batewe  n’ingaruka za jenoside. Hari mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya gatandatu abahoze bikorera bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari Perefegitura […]Irambuye

Urubyiruko rwa USA na Canada rwatangariye uko abanyarwanda babanye mu

Urubyiruko rwavuye muri Kaminuza zitandukanye muri Amerika, Canada n’u Burayi kuri uyu wa gatatu rwasuye Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside(CNLG) rusobanurirwa amateka ya Jenosude yakorewe Abatutsi n’uburyo u Rwanda rwubatse igihugu cy’amahoro nyuma yayo. Uru rubyiruko rumaze gusonukirwa rwavuze ko rugiye iwabo kubwira amahanga ibyabaye mu Rwanda, abagerageza kubipfobya no kubihakana ndetse n’inzira y’amahoro u Rwanda […]Irambuye

Minisitiri Uwacu asanga ikoranabuhanga ryafasha mu gusubiza abapfobya Jenoside

Ku nshuro ya kane Umuryango w’Urubyiruko rurwanya Jenoside (Never Again Rwanda) wahuje urubyiro kugira ngo ikomeze kurushishikariza guhangana n’abahakana bakanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne akaba yasabye urubyiruko gukoresha ikoranabuhanga ruhanga n’abahakana bakanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Kuri uyu wa 2 Mata 2015 i Kigali, urubyiruko […]Irambuye

Tumwe mu tugeso dukwiye guhinduka mu banyarwanda – Amb. Habineza

Kuri iki cyumweru nibwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’amahoro, mu kiganiro kiganjemo urubyiruko bagiye bagaruka kuri bimwe bigituma amahoro mu Rwanda atagerwaho uko bikwiye. Muri iki kiganiro hagaragajwe bimwe mubyo abantu bagipfa nk’amasambu, inzangano za hato na hato ndetse na ruswa ikigaragara mu nzego zitandukanye. Ibi byose ngo bikaba bituma amahoro mu miryango nyarwanda atagerwaho uko […]Irambuye

en_USEnglish