Tags : MINEDUC

Uburyo bushya bwo gutanga ‘Bourse’ buzazamura umubare w’abiga Kaminuza

Mu kiganiro n’abanyamakuru kigamije gusobanura itegeko rishya ryemejwe n’Inama y’Abaminisitiri ku itariki 14 Mata 2015 rijyanye n’uburyo bushya bwo gutanga inguzanyo ku banyeshuri biga muri Kamunuza n’amashuri makuru ya Leta, Minisitiri w’Uburezi yavuze ko ubu buryo buzongera umubare w’abiga Kamunuza, kandi ngo ‘bourse’ izajya izira igihe. Uburyo bushya bwo gutanga bourse ku banyeshuri biga muri […]Irambuye

Huye: Kaminuza Gatolika y’u Rwanda yasohoye imfura zayo 901

Abanyeshuri 901 bigaga muri Kaminuza Gatolika y’u Rwanda ikorera i Save mu karere ka Gisagara, no ku i Taba mu karere ka Huye, bahawe impamyabumenyi z’icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu mashami atanu anyuranye, Musenyeri Philippe Rukamba yasabye abarangije gukoresha ubumenyi bahawe bahindura ubuzima bw’Abanyarwanda. Ibirori byo gutanga impamyabumenyi byabaye kuri uyu wa kabiri tariki […]Irambuye

Miliyoni zirenga 400 zanyerejwe n’abayobozi b’ibigo by’amashuri bitarenze 70

*Muri miliyari imwe Leta yatanze miliyoni 400 zarabuze *I Rusizi abayobozi b’amashuri banditse abanyeshuri n’abarimu ba baringa *Amafaranga anyerezwa ni imisoro y’abaturage agenewe kuzamura ireme ry’uburezi Mu  gikorwa cyo guhemba  ibigo by’amashuri byakoresheje neza ingengo y’imari bigenerwa , imitwaririre no gutsindisha neza muri rusange, umuryango utegamiye kuri Leta ushinzwe kurwanya ruswa n’akarengane Transparency International Rwanda […]Irambuye

Egypt: Umwarimu arashinjwa gukubita umunyeshuri kugeza apfuye

Mu mujyi wa Cairo, umwana w’umuhungu yitabye Imana nyuma yo gukubitwa bikomeye na mwarimu nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Uburezi muri icyo gihugu. Uyu mwana w’imyaka 12 y’amavuko yitabye Imana ku cyumweru nyuma yo kuba yari yakubiswe bikomeye na mwarimu we ku wa gatandatu nk’uko byatangajwe. Mu Misiri ngo hatangiye iperereza kugira ngo uburyo uwo mwana […]Irambuye

Abayobozi 250 muri kaminuza bagiye mu itorero kuganira ku ireme ry’uburezi

Kuba abanyeshuri barangiza muri kaminuza n’amashuri makuru mu Rwanda bivugwa ko badafite ubushobozi buhagije bwo guhangana ku isoko ry’umurimo ku rwego mpuzamahanga, i Gabiro  Minisiteri y’Uburezi ifatanyije n’Itorero ry’Igihugu bateguye itorero ry’iminsi umunani ku bayobozi n’abarimu bafite ibyo bahagarariye muri Kaminuza bose hamwe 250 biga ku bibazo by’ireme ry’uburezi nk’icyo kivugwa. Aba bayobozi bo muri kaminuza n’amashuri makuru […]Irambuye

Kigali: IPRC- Kigali yasohoye 485 barangije icyiciro cya mbere cya

Kuri uyu wa kane tariki 25 Gashyantare, abanyeshuri 485 bigaga muri IPRC- Kigali bahawe impamyabumenyi z’icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu mashami ane arimo ubwibatsi (Civil Engineering), ubukanishi (Mechanical Engineering), ibijyanye n’amashanyarazi na Elegitoronike (Electrical and Electronics) , n’Ikoranabuhanga (ICT). Mu guhemba umunyeshuli wahize abandi muri buri shami, buri wese yahawe mudasobwa igendanwa (laptop), Denyse […]Irambuye

84% muri ‘primaire’ baratsinze, 86% muri ‘tronc commun’ nabo baratsinda

Kacyiru, 12 Mutarama 2015 – Minisiteri y’uburezi yatangaje ko muri rusange abitabiriye ibizamini bya Leta mu mashuri abanza ari 95.05% by’abari biyandikishije kubikora, mu mwaka ushize hakoze 94,04% by’abari biyandikishije. Naho mu mashuri yisumbuye ikiciro cya mbere uyu mwaka hitabiriye 97,77% by’abiyandikishije mu gihe mu mwaka ushize hari hitabiriye 97,32%. Minisiteri y’ubuzima ikaba ivuga ko […]Irambuye

82% by’abanyeshuri baraye mu bigo byabo, 18% ntibaharaye

Minisiteri y’uburezi yatangaje kuri uyu wa 13 Kanama 2014 yishimira ko mu itangira ry’amashuri ryabaye mu ntangiriro z’iki cyumweru abana 82% baraye bageze mu bigo bigamo naho 18% bo bakaba batarageze ku ishuri ku gihe cyagenwe.  Kugeza abanyeshuri aho biga ngo byagenze neza ku bufatanye bw’inzego zitandukanye zirimo izitwara abantu, ababyeyi na Polisi ishami ryo […]Irambuye

Abanyeshuri baca mu zindi nzira mu gihe cy'itangira ry'amashuri babonewe

Kuri uyu wa 6 Kanama 2014, mu nama yahuzaga Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, MINEDUC n’abafatanyabikorwa biga ku itangira ry’amashuri mu gihembwe cya gatatu batangaje ko kuri uyu wa gatandatu tariki ya 9 n’iya 10 Kanama ariho abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye bazasubira ku ishuri bitarenze saa 17:00. Abafatanyabikorwa ba Minisiteri y’Uburezi mu gutangiza […]Irambuye

Dr Biruta yahaye ububasha Prof Lwakabamba muri MINEDUC

Ku gicamunsi cya none kuwa 30 Nyakanga nibwo ku kicaro cya Ministeri y’Uburezi ku Kacyiru Dr Vicent Biruta yahererekanyije ububasha na Prof Silas Lwakabamba Ministre w’Uburezi mushya w’u Rwanda. Dr Biruta wari umaze imyaka itatu kuri uyu mwanya yavuze ko uburezi ari ikintu gihindagurika kugirango hagenderwe ku ngamba nshya na politiki nshya hagamijwe kunoza ireme […]Irambuye

en_USEnglish