Tags : MIGEPROF

Nakorewe ubutinganyi, mfatwa no ku ngufu n’abagore 4 muri Jenoside

*Burya n’abagabo batari bacye bafashwe ku ngufu muri Jenoside *Soma ubuhamya bw’uwakorewe ubutinganyi, akanafatwa ku ngufu n’abagore muri Jenoside Muri Jenoside yakorewe abatutsi habayemo amarorerwa menshi, gufatwa ku ngufu n’abicanyi ni imwe mu ntwaro yakoreshejwe n’interahamwe, ndetse Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rwaje kwemeza icyaha mpuzamahanga cyo gufata ku ngufu nka kimwe mu byaha […]Irambuye

Minisitiri Nyirasafari yifuza ko buri mudugudu ugira irerero

*Ngo mu irerero umwana atozwa ikinyabupfura, kubana no gukina n’abandi… Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango, Nyirasafari Esperance yifuza ko muri buri mudugudu haba irerero ry’abaturage aho ababyeyi bajya basiga abana mu gihe bagiye mu mirimo. Ngo niho hantu haba hari umutekano wizewe umubyeyi asiga umwana kuko atozwa ikinyabupfura, gukina no kubana n’abandi, agahabwa indyo yuzuye kandi […]Irambuye

Ikibazo cy’inzererezi: Ngo hananiranye ababyeyi si abana

*Ngo nticyakemuka abantu bataracengerwa no kuringaniza urubyaro, *Abitwaza ko abana ari umugisha bakabyara abo badashoboye baranengwa… Kominisiyo y’igihugu y’abana na bamwe mu bita ku bana bavuga ko ikibazo cy’abana b’inzererezi gikwiye kureberwa mu ndorerwamo y’ubumenyi bwa bamwe mu babyeyi bakomeje kubyara abo batabasha kurera aho kukirebera mu kunanirana kw’abana. Umuyobozi w’ishami rishinzwe ibijyanye no gushakira […]Irambuye

Bugesera: Abagabo bahohoterwa n’abagore bakagira isoni zo kujya kubarega

Bamwe mu bagabo bo mu karere ka Bugesera baravuga ko hari abagore bumvise nabi ihame ry’uburinganire bakabwitwaza bagakandamiza abagabo babo, bamwe bakabakubita gusa ngo bagira isoni zo kujya kubaregera inzego z’umutekano bagahitamo kuruca bakarumira kugira ngo hatazagira ababasuzugura. Ubwo yatambutsaga ikiganiro mu ihuriro ry’abagore bibumbiye mu rugaga rushingiye ku muryango wa RPF Inkotanyi, mu mpera […]Irambuye

Gicumbi: Haracyari abana 4 775 banze gusubira mu ishuri

Ubuyobozi bw’akarere ka Gicumbi buvuga ko mu bana 6 378 bari barataye ishuri mu mashuri abanza n’ayisumbuye hamaze kugaruka 1 603 gusa, mu gihe abandi 4775 binangiye. Kuri uyu wa 24 Mata muri aka karere hatangijwe icyumweru cy’ubukangurambaga bw’uburezi bwitezwemo kugabanya umubare w’aba bana bataye ishuri. Ubushakashatsi buherutse kugaragaza ko muri aka karere ka Gicumbi […]Irambuye

Muhanga: Hatangijwe umuryango uzajya ufasha ingo zifitanye amakimbirane

Mu Karere ka Muhanga hamaze gutangizwa Umuryango ugamije guteza imbere indangagaciro na kirazira mu muryango (Reactivation of Family Values Organisation) nyuma y’ibibazo bishingiye ku makimbirane  hirya no hino mu mu ngo bikomeje kugaragara. Mu gihe amakimbirane mu miryango n’imfu za hato na hato bikomeje gufata intera,  kuri ubu  hari abamaze gutangiza umuryango wo gutanga ubufasha […]Irambuye

Ibikorwa byakozwe mu kwezi k’Umugore byabariwe agaciro ka miliyoni 900

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango Nyirasafari Esperance arasaba abagize umuryango kurushaho kwimakaza ihame ry’uburinganire barushaho gufata abana b’ibitsina byombi kimwe, yabivuze asoza ukwezi k’Umugore, aho ibyagukozwemo byose byahawe agaciro ka miliyoni 900 Rwf. Ubu ni bumwe mu butumwa bwatangiwe mu karere ka Kayonza kuri uyu wa gatanu ubwo hasozwaga ukwezi kwahariwe ibikorwa by’Iterambere ry’Umugore. Uku kwezi […]Irambuye

Remera: Abagore 14 bahoze mu buraya bashinze Koperative imaze kubahindurira

Babifashijwemo na Ntabana Frank wari umujyanama mu Murenge wa Remera, Akarere ka Gasabo, abagore 14 bahoze mu buzima bugoye bishyize hamwe bubaka Koperative y’ubudozi irimo kubahindurira ubuzima umunsi ku wundi. Mu mwaka wa 2015, uriya mugabo witwa Ntabana yashyize hamwe abagore 14, abafasha gutangira umwuga w’ubudozi nka Koperative imwe ishyize hamwe bise ‘Imbadukanamihigo’. Abagize iyi […]Irambuye

Bana bacu, bakobwa mumenye neza ibibazo bibugarije, mwirinde ababashuka- J.Kagame

Iburengerazuba – Mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore Mme Jeannette Kagame wari umushyitsi mukuru aho uyu munsi wizihirijwe ku rwego rw’igihugu i Shyira mu karere ka Nyabihu yatanze ubutumwa bwo gukebura abana b’abakobwa kwirinda ababashuka, anasaba abagore kugaruka ku burere bw’abana babo mu miryango. Mme Jeannette Kagame akaba yagabiye inka 52 imiryango yari izikeneye. Uyu […]Irambuye

Tariki ya 8 Werurwe ni umunsi n’abagabo bakwiye kwizihiza cyane

Isi yose kuri uyu wa gatatu tariki ya 8 Werurwe yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore, ku bagore bo mu Rwanda ngo bakwiye gushima Leta kuko mu Nteko Nshingamategeko bihariye 64%, ariko ngo ni n’umunsi abagabo bakwiye kwizihiza bakanatekereza cyane ku burenganzira umugore afite nk’umuntu. Mu kiganiro Umuseke wagiranye na Dr Odette Nyiramirimo, umwe mu Badepite […]Irambuye

en_USEnglish