Tags : Maroc

Maroc yakiriwe mu muryango w’ibihugu bya Africa y’Iburengerazuba

Abakuru b’ibihugu by’Africa y’Uburengerazuba bihuriye hamwe mu muryango w’ubukungu wa ECOWAS bemereye Maroc kuba kimwe mu bihugu bigize ECOWAS nubwo cyo ari igihugu cyo mu Majyaruguru ya Africa. Maroc yemerewe kunjira muri Ecowas umwami Mohamed VI adahari kubera ko yanze kujya mu nama yatumiwemo Israel. Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benyamin Netanyahu ari i Monrovia aho […]Irambuye

Sahara Occidental yahaye ikaze Maroc muri African Union

Nyuma y’amezi ane Maroc igejeje ubusabe bwayo ku buyobozi bw’Africa yunze ubumwe ngo igaruke mu muryango, ubu yemerewe kugaruka kuba umunyamuryango uhoraho. Repubulika y’Abarabu ya Sahara yayihaye ikaze, ivuga ko ifite ikizere ko umubano wabo uzarushaho kuba mwiza. Ibi byemejwe kuri uyu wa Mbere n’abagize inama yaguye ya 28 y’Umuryango w’Africa yunze ubumwe nyuma yo […]Irambuye

Muri iki Cyumweru Maroc irongera yakirwe nk’umunyamuryango wa AU

*Haravugwa byinshi birimo kurota kw’intambara hagati ya Leta ya Maroc n’abayirwanya… Imyaka 33 yari ishize igihugu cya Maroc gifashe umwanzuro wo kwikura mu muryango w’Ubumwe bw’Afurika (Organisation de l’Union Africaine/AU) nyuma y’aho uyu muryango wakiriye Igihugu cya Sahara y’Iburengerazuba. Maroc iri no mu bihugu byashinze uyu muryango, iratangaza ko muri iki cyumweru yongera kwakirwa muri […]Irambuye

Amavubi -U20 yatsinze Maroc 2-1 mu mikino ya gicuti

Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 yaraye isoje urugendo yarimo muri Maroc, ibashije gutsinda umwe mu mikino ibiri yakinnye na Maroc, ku cyumweru Amavubi U 20 yatsinze Maroc 2-1 mu mukino wabereye kuri Centre National de Football, Maamoura. Vedaste Niyibizi na Savio Nshuti Dominique nib o batsindiye u Rwanda ibyo bitego bibiri. Uyu wari umukino wa […]Irambuye

Perezida Kagame aragirira uruzinduko muri Maroc

Kuri uyu wa mbere, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame aratangira uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Maroc mu rwego rwo gukomeza umubano hagati y’ibihugu byombi. Urubuga rwa internet ‘Le360’ dukesha iyi nkuru, ruravuga ko muri uru ruzinduko, Perezida Paul Kagame azanabonana n’umwami wa Maroc Mohammed VI. Perezida Kagame kandi ngo azabonana n’abandi bayobozi bakuru muri Maroc banyuranye. […]Irambuye

Ikipe y’igihugu ya Maroc yasuye urwibutso rwa Gisozi mbere yo

*Maroc yatsinze Amavubi y’u Rwanda 4-1 mu mukino usoza imikino y’itsinda A, ariko ntibyayibuza gusezererwa *Abakinnyi, abatoza, n’abari babayoboye ngo bakuye ku rwibutsoisomo rikomeye. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere, Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Maroc yasuye urwibutso rw’abazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 rwa Gisozi mbere y’uko isubira iwabo kuko yasezerewe mu marushanwa […]Irambuye

Perezida Kagame yagaragaye abaza De Gaulle iby’Amavubi yari atsinzwe 4

Ikipe y’u Rwanda yari imaze kunyagirwa ibitego bine imbere ya Perezida Kagame wari waje kuyashyigikira bwa kabiri mu mikino itatu amaze gukina muri CHAN2016. Ku ifoto Perezida yagaragaye asa n’ubaza umuyobozi w’umupira w’amaguru ibiri kuba kuko Amavubi yari amaze gutsindwa ibitego bine. Nubwo bigoye kumenya ibyo yamubazaga, ariko Perezida yagaragaye asa n’umubaza ku biri kuba […]Irambuye

en_USEnglish