Tags : Libya

Libya: Abimukira bashaka kujya i Burayi, bamwe bacuruzwa nk’abacakara ku

Umuryango ushinzwe gukurikirana ibibazo by’Abimukira ku isi “International Organization for Migration” watangaje ko abimukira bashaka kujya i Burayi bavuye muri Africa y’Abirabura, bagurishwa ku isoko nk’abacakara. Uyu muryango utangaza ko hari abantu benshi bagezweho n’iki kibazo bavuga ko bafashwe n’imitwe yitwaje intwaro n’abantu babafasha kwambuka bajya i Burayi, ngo bakabashimuta bakabafunga nyuma bakajya kubagurisha nk’abacakara. […]Irambuye

Umukobwa wa Gaddafi yatsinze urubanza rwo gukurirwaho ibihano

Urukiko rumwe mu zikomeye ku mugabane w’Uburayi rwakuyeho ibihano byari byafatiwe umukobwa wa Muammar Gaddafi wategetse Libya, akaba yaraburanaga agaragaza ko nta mpamvu yari ikwiye kuba ikiriho ituma afatirwa ibihano.   Aisha Gaddafi ni umwe mu bantu Umuryango w’Uburayi washyize ku rutonde rw’abo wafatiye ibihano byo kutagira ingendo bakora no kugwatira imitungo yabo hari mu […]Irambuye

Libya: Imirwano ikomeye i Tripoli imaze kugwamo abantu 6

Imirwano ikomeye yaraye yadutse mu murwa mukuru wa Libya, imitwe ibiri ishyamiranye ihanganye bikomeye ahitwa Abu Slim.  Imirwano yatangiye ku wa kane komeza no kuri uyu wa gatanu. Mohamed Al-Sherif, umukorerabushake mu muryango Libyan Red Crescent mu mujyi wa Tripoli, akaba ari kubitaro muri ako gace yatangarije BBC ko nibura abantu batandatu bishwe muri iyo […]Irambuye

Breaking: Abimukira 239 barohamye mu Nyanja ya Mediterranee

Mbere imibare amakuru yavugaga ko abantu 200 bashobora kuba barohamye ariko iyi mibare iragenda ihinduka ku mpanuka yabereye ku nkombe za Libya. Carlotta Sami Umuvugizi w’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Mpunzi, (UNHRC) yavuze kuri Twitter ko nibura abantu 239 hari ubwoba ko bababarohamye ubwo bari batwawe n’ubwato bubiri bukagira ibibazo mu Nyanja ya Mediterranee. Leonard Doyle […]Irambuye

u Bufaransa bwemeye ko kajugujugu yarasiwe muri Libya yahitanye abasirikare

Minisiteri y’Ingabo mu Bufaransa yatangaje ko abasirikare batatu b’iki gihugu bapfiriye muri Libya nyuma y’uko kajugujugu barimo yahanuwe. Itangazo ry’iyo minisiteri riravuga ko abo basirikare bapfiriye mu kazi. Kare kuri uyu wa gatatu, Umuvugizi wa Minisiteri, Stephane Le Foll yemeye bwa mbere ko umutwe w’ingabo zidasanzwe z’Abafaransa ziri muri Libya. Ku wa kabiri, Ibiro Ntaramakuru, […]Irambuye

Uko Abakuru b’ibihugu banzuye ku Iterabwoba, u Burundi, Sudani y’Epfo,Libya,…

AUSummit2016 – Mu nama y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma biyemeje kurushaho kwinjira mu bibazo by’umutekano, iterabwoba, ubutabera, n’ibindi binyuranye byugarije Afurika by’umwihariko ibihugu nk’u Burundi, Sudani y’Epfo, Nigeria, Mali, Libya, Somalia n’ibindi. Komiseri mukuru wa Komisiyo y’amahoro n’umutekano mu Muryango wa Afurika yunze Ubumwe Amb. Smail CHERGUI yavuze ko muri […]Irambuye

Obama aricuza ko ntacyo bakoreye Libya nyuma yo kwica Kadhafi

Perezida Barack Obama witegura kuva ku butegetsi mu ntangiriro z’umwaka utaha, yavuze ko mu myaka ikabakaba umunani amaze mu Biro by’Umukuru w’Igihugu (White House), ikosa riruta ayandi yicuza, ngo ni uko batafashije Libya mu bibazo yahuye na byo nyuma yo kubafasha guhirika ku butegetsi Perezida Col. Mouammar Kadhafi wishwe tariki ya 20 Ukwakira 2011. Aganira […]Irambuye

Birambabaza cyane kubona umunyarwanda udaha ikizere ikipe y’igihugu cye –

Mbere y’umukino Amavubi akina na Libya kuri uyu wa gatanu mu guhatanira ticket y’igikombe cy’isi cya 2018 mu majonjora y’ibanze, kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi Haruna Niyonzima yatangaje ko bimubabaza cyane iyo abona hari umunyarwanda ukunda igihugu cye ariko udaha ikizere ikipe y’igihugu. Asaba abanyarwanda kugirira ikizere Amavubi kandi uyu munsi bakora ibishoboka byose bakavana intsinzi […]Irambuye

Migi arasaba imbabazi abanyarwanda ku bw’Amavubi

Ikipe y’igihugu iherereye i Sousse muri Tunisia aho izakina umukino na Libya kuri uyu wa gatanu, umukinnnyi wayo wo hagati Jean Baptiste Mugiraneza bita Migi yatangaje ko asaba imbabazi abanyarwanda kuko Amavubi adaheruka gutsinda, gusa ngo uyu mukino ni umwanya wo kugarurira ikizere ikipe. Amavubi azakina na Libya kuwa gatanu saa cyenda n’igice ku isaha […]Irambuye

Saddam na Kadhafi iyo baba bariho Isi iba ari nziza

Donald Trump, umuherwe uhatanira kuzayobora igihugu cya Leta zunze Ubumwe za Amerika, ku ruhande rw’Abarepabulikani (Republican Party), yatangaje ko isi iba ari nziza cyane iyo Saddam Hussein wayoboraga Irak na Mouammar Kadhafi wayoboraga Libya iyo baba bakiriho, yabivuze mu kiganiro cyatambutse ku cyumweru. Trump yagize ati “Mbere, muri Irak nta terabwoba ryahabaga.” Asubiza umunyamakuru wa […]Irambuye

en_USEnglish