Tags : Kwibohora

Urw’imbunda n’amasasu rwararangiye…dusigaje kwibohora ubukene – Kagame

Mu ijambo ry’Umunsi wo Kwibohora Perezida Paul Kagame yavugiye mu Mudugudu wa Mbuganzeri, mu Kagari ka Batima, Umurenge wa Rweru, Akarere ka Bugesera, yibukije ko mu kwibihora hari urugamba rwa mbere rwaranzwe n’amasasu n’intwaro rwarangiye, ubu urugamba rusigaye rukaba ari urw’iterambere rushingiye kubyo abanyarwanda bifuza kandi bihitiyemo. Uyu muhango wo kwizihiza ku nshuro ya 22 […]Irambuye

Ntabwo twahaye abagore agaciro, baragasanganywe – Kagame

Perezida Kagame kuri uyu wa 06 Nyakanga yahuye n’abagore bahagarariye abandi mu nzego zitandukanye mu gihugu. Mu ijambo yabagejejeho yabwiye abagore ko nubwo bavuga ko bahawe agaciro urebye atari uko bimeze ahubwo abagore bagahoranye. Mu mbwirwaruhame ye, Perezida Kagame yatinze cyane ku ngingo yo kubaka igihugu aho yakigereranyije n’umuryango. Yavuze ko igihugu ari nk’umuryango w’abantu […]Irambuye

Amwe mu matariki y'ingenzi yaranze urugamba rwo kwibohora

Tariki ya 1 Ukwakira, ni itariki yibutsa itangira ry’urugamba rwo kubohora u Rwanda rwatangiye mu 1990, ubwo ingabo zari iza FPR Inkotanyi, APR, zahagurukiye kubohora u Rwanda ndetse zihagarika jenoside yakorewe abatutsi. Mu mwaka wa 1990. Tariki ya 1 Ukwakira : Umupaka wa Kagitumba wagabweho igitero. Cyabaye ikimenyetso cy’itangira ry’urugamba rwamaze imyaka ine nyuma y’uko abari […]Irambuye

KWIBOHORA: Ibibazo 20 k’u Rwanda imbere

Intambwe igaragara yaratewe mu rugamba rushya rwo kwibohora, ni ntambwe nini cyane itangarirwa n’amahanga ugereranyije no mu myaka 20 ishize, ariko ni intambwe nto ugereranyije n’icyerekezo n’ibyo abanyarwanda bakwiye. Ibi ni ibibazo 20 u Rwanda rufite imbere yarwo byo kurwana nabyo mu rugamba rukomeje. –          Ikibazo cy’imirimo: abarangiza amashuri bariyongera imirimo ni micye, kuyihanga biracyari […]Irambuye

KWIBOHORA k’u Rwanda mu mibare 20 ivuga

Nyakanga 1994, Nyakanga 2014. Imyaka 20 irashize, uwavutse muri icyo gihe Abanyarwanda bari mu marira n’imiborogo kubera Jenoside yari imaze iminsi 100 ikorerwa Abatutsi ubu ari muri Kaminuza. Isura y’igihugu yarahindutse bigaragarira buri wese, umwenegihugu cyangwa umunyamahanga.  U Rwanda rwa 1994 rwari mu mwijima ubu rwabonye umucyo, icumu ryarunamuwe Abanyarwanda bongera guhumeka amahoro. Inzira iracyari […]Irambuye

Bitunguranye!!! Davido ahuriye na Perezida Kagame ku kibuga cy’Indege

Umuhanzi wo muri Nigeria uje kwifatanya n’abakunzi ba muzika igezweho bo mu Rwanda kwizizhiza ku nshuro ya 20 umunsi wo Kwibohoza, muri iri joro ubwo yari ageze ku kibuga cy’Indege agize amahirwe yo kuhahurira na Perezida Kagame n’umuryango we bararamukanya. Davido amaze gusohoka mu kibuga cy’Indege yavuganye gato cyane n’abanyamakuru mazea yinjira mu modoka yari […]Irambuye

KWIBOHORA: Muri Politiki, Ububanyi n'amahanga n'umutekano

Indi ntambwe yatewe nyuma y’urugamba rwo KWIBOHORA, muri Politiki, ububanyi n’amahanga, umutekano: * U Rwanda rwinjiye mu kanama gashinzwe umutekano ka UN * U Rwanda rwinjiye muri Commonwealth * U Rwanda rwinjiye mu muryango wa East African Community * Inzego z’ingabo na Polisi by’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro ahatandukanye ku Isi. * […]Irambuye

U Rwanda rumaze KWIBOHORA iki? Mu myidagaduro

Imyidagaduro ni ikigaragaza ubuzima uko buhagaze mu gihugu, nyuma ya Jenoside haririmbwaga intambara, indirimbo z’agahinda, indirimbo zisaba amahoro, impinduka zagiye zigaragara, biva kuri Freedom ya Ben Kayiranga bigera ku rukundo ruririmbwa cyane ubu kurusha ibindi. Gutera imbere kw’iki kiciro kwahinduye byinshi mu myumvire n’imibereho y’abanyarwanda. * Nyuma ya Jenoside Kamaliza, Ben Rutabana, New orchestra Ingeri, […]Irambuye

U Rwanda rumaze KWIBOHORA iki? Mu Imikino

Imikino ni urwego rufite icyo ruvuze mu buzima bw’abatuye igihugu, Jenoside yangije byinshi muri uru rwego, ariko ikirangira imikino iri mu byisuganyije vuba. Mu 1994 ntawaruziko u Rwanda n’abanyarwanda bazongera kwishima bagaseka biciye mu mikino. Byarashobotse.   * Imikino mu kunga Abanyarwanda: Kimwe mu bintu byasubiranye vuba vuba nyuma ya Jenoside ni imikino, amakipe yongera […]Irambuye

U Rwanda rumaze KWIBOHORA iki? Mu Ubucuruzi n’inganda

Ubucuruzi n’inganda byazahajwe cyane n’amateka y’u Rwanda mu myaka 20 ishize, byari bigoye kubona abashoramari mu gihugu kivuye muri Jenoside, muri iyi myaka 20 ishize nubwo hakiri byinshi byo gukosora ariko hari ibyagezweho bigaragara; * Umusaruro w’ibihingwa by’umucuri, urutoki, imyumbati n’ibigori wariyongereye ku buryo bugaragara, hashinzwe inganda zirenga 25 zitunganya umusaruro w’ibi bihingwa ahatandukanye mu […]Irambuye

en_USEnglish