Tags : Kwibohora

U Rwanda rumaze KWIBOHORA iki? Mu Ubuzima

Urwego rw’ubuzima ruri mu zashegeshwe cyanena Jenoside, abaganga barishwe, ibikoresho birasahurwa, indwara z’ibyorezo zikurikira Jenoside, Ibikomere ku mubiri no ku mutima bikeneye ubuvuzi busanzwe n’ubwihariye…Byari bikomeye cyane gutangira. Ubu ubuzima bwateye intambwe igaragara.   * Ubwisungane mu Kwivuza (Mutuelle de Sante) , Umushinga watangijwe mu 1999 wari ugamije gutuma abanyarwanda bafatikanya kwishyura ikiguzi cyo kwa […]Irambuye

U Rwanda rumaze KWIBOHORA iki? Mu Ubukungu

Mu myaka 20 ishize u Rwanda ruvuye mu icuraburindi rya Jenoside, aya mateka mabi yatwaye abantu anangiza byose mu gihugu. Inzego z’ubuzima, ubukungu, imibereho y’abaturage, ubucuruzi n’inganda, imikino, imyidagaduro, uburezi, ubutabera, ububanyi n’amahanga byose byari bimeze nko gutangira bushya.  Tariki ya 04 Nyakanga 2014 u Rwanda rurizihiza imyaka 20 ishize u Rwanda rwibohoye, nyuma y’intambara […]Irambuye

U Rwanda rumaze KWIBOHORA iki? Mu Uburezi

Mu myaka 20 ishize u Rwanda ruvuye mu icuraburindi rya Jenoside, aya mateka mabi yatwaye abantu anangiza byose mu gihugu. Inzego z’ubuzima, ubukungu, imibereho y’abaturage, ubucuruzi n’inganda, imikino, imyidagaduro, uburezi, ubutabera, ububanyi n’amahanga byose byari bimeze nko gutangira bushya.  Tariki ya 04 Nyakanga 2014 u Rwanda rurizihiza imyaka 20 ishize u Rwanda rwibohoye, nyuma y’intambara […]Irambuye

u Rwanda rumaze KWIBOHORA iki? Mu mibereho myiza y’abaturage

Mu myaka 20 ishize u Rwanda ruvuye mu icuraburindi rya Jenoside, aya mateka mabi yatwaye abantu anangiza byose mu gihugu. Inzego z’ubuzima, ubukungu, imibereho y’abaturage, ubucuruzi n’inganda, imikino, imyidagaduro, uburezi, ubutabera, ububanyi n’amahanga byose byari bimeze nko gutangira bushya.  Tariki ya 04 Nyakanga 2014 u Rwanda rurizihiza imyaka 20 ishize u Rwanda rwibohoye, nyuma y’intambara […]Irambuye

Polisi y’igihugu yirukanye abapolisi mirongo irindwi n’umunani

Umuvugizi wa Polisi y’igihugu ACP Damas Gatare yatangaje ko ubuyobozi bwa Polisi bwirukanye abapolisi mirongo irindwi n’umunani bakurikiranyweho uruhare mu bukorwa bya Ruswa. ACP Gatare avuga ko ibi biri mu rwego rwo guca Ruswa mu gihugu ariko bihereye muri Polisi. Umwaka ushize  hari abandi Bapolosi barirukanywe nabo bakurikiranyweho uruhare mu bikorwa bya Ruswa kandi beretswe […]Irambuye

en_USEnglish